Iyi ntambara ya Ethiopia n’intara yayo ya Tigray izarangira gute?

Abarwanyi ba Tigray ubu baravuga ko bafashe undi mujyi, Kemise, uri ku muhanda mugari muri 330 Km mu majyaruguru ya Addis Ababa.Addis Ababa nta minsi isigaje itarafatwa niba inyeshyamba zikomeje uyu muvuduko!

Minisitiri w’intebe Abiy Ahmed washwanye n’ishyaka ryari ku butegetsi muri Tigray kubera impinduka yazanye, yatangaje ibihe bidasanzwe mu gihugu cyose – ubu ubwoba no kutamenya igikurikiraho biriganje hose.

Mu gihe ubu izo nyeshyamba ziri kwegera umurwa mukuru, leta yasabye abatuye Addis Ababa guhaguruka bakarengera umujyi wabo.

Abarwanyi bo muri Tigray, bayobowe na Tigray People’s Liberation Front (TPLF), bafashe imijyi ya Dessie na Kombolcha muri ‘weekend’ ishize.

Aho ni mu ntara ya Amhara, ituranye na Tigray, muri 400Km uvuye ku murwa mukuru.

Urugamba rw’i Dessie bivugwa ko ari rumwe mu zabaye ishiraniro kurusha izindi muri iyi ntambara kuko uyu mujyi ari nk’amarembo ya Addis Ababa, mu majyepfo, n’umupaka na Djibouti mu burasirazuba.

Abagabo bateruye umufuka w'ibiribwa mu nkambi ya Debark muri Amhara, Ethiopia - 10 - 2021
Imfashanyo y’ibiribwa iri gutangwa mu nkambi y’abavuye mu byabo mu ntara ya Amhara

Umugabo wakoraga mu bitaro bikuru by’i Dessie mbere y’uko ifatwa avuga ko uwo mujyi wahindutse mu kanya gato mu mezi macye ashize uko imirwano yagendaga isatira ako gace.

Uyu utifuje gutangazwa, yabwiye iradiyo ya BBC dukesha iyi raporo ko Dessie yari izwi nk”umurwa w’urukundo‘ kubera kubamo abantu b’amoko menshi n’imico inyuranye – umujyi wariho utera imbere byihuse.

Ariko mu mezi macye ashize, abantu ibihumbi bawisutsemo, bahunga inyeshyamba zariho zimanuka.

Ati: “Njya cyangwa mva ku kazi, abana bato bankururaga ipantaro banyinginga ngo mbahe amafaranga yo kugura umugati.”

We n’abandi bantu 10 bakoranaga bavuye muri ibi bitaro ubwo bari babonye ingabo za leta zivuye muri Dessie.

Ikarita ya Ethiopia

Ubu ari i Addis Ababa, aho Tewodros Hailemariam, umukuru mu ishyaka National Movement of Amhara (NaMA), ari gukangurira abantu kohereza abasore kujya guhagarika abarwanyi ba TPLF barimo kubasatira.

Avuga ko ishyaka rye ribona ko ibyo TPLF yifuza nta kindi atari ugusubira ku butegetsi.

TPLF yategetse imyaka 27 kugeza mu 2018 – ivanwaho n’imyigaragambyo maze abayigize bashyirwa ku ruhande na guverinoma ya Abiy.

Tewodros yabwiye BBC ati: “Hari inzira ebyiri gusa – ni ugutsinda TPLF leta nkuru ya Ethiopia ikarengerwa. Cyangwa se ibibi cyane TPLF igafata ubutegetsi ikagenzura Addis Ababa maze hakabaho intambara mu gihugu cyose.”

‘Kurundanya’ ibyitso byose by’aba-Tigray bagafungwa

Ku banya-Tigray bari i Addis Ababa, gufatwa kwa Dessie kwazamuye ibibazo by’amoko mu murwa mukuru.

Umunyamategeko w’umu-Tigray uba i Addis Ababa avuga ko utakiri “umujyi navukiyemo nkakuriramo”.

Uyu mugore avuga ko polisi imaze igihe irundanya igafunga aba-Tigray ibasanze mu ngo zabo, cyangwa ibafatiye ku mihanda muri za taxi.

Muri iki cyumweru, BBC yabwiwe iby’itsinda ry’abantu bakomoka muri Tigray bafashwe bari gusangira muri ‘restaurant’ bagafungwa.

Abantu bari guca imbere y'amaduka afunze i Addis Ababa, Ethiopia, tariki 21/10/2021
Amaduka n’ubucuruzi bumwe na bumwe bw’abantu bo muri Tigray i Addis Ababa byarafunze

Umwe mu batuye Addis Abeba ati: “Niba uri uwo muri Tigray ntacyo uvuze. Urafungwa. Ufungwa mu izina ry’ubwoko.”

Umuvugizi wa polisi i Addis avuga ko abantu bafashwe nyuma y’ibimenyetso ko bakora ibikorwa bitemewe.

Yemeje ko benshi mu bafashwe bakomoka muri Tigray ariko ko hari n’abo mu yandi moko bafashwe.

Inyeshyamba za Tigray zivuga ko zigamije gutuma leta ifungura akato yashyize ku karere ka Tigray, ahakenewe imfashanyo, amashanyarazi na serivisi za banki zafunzwe.

Kuva mu kwezi kwa gatanu Umuryango w’Abibumbye waburiye ko abantu bagera ku 400,000 bugarijwe n’inzara aho hantu.

Nyuma y’uko mu kwa gatandatu inyeshyamba za TPLF zirukaniye ingabo za leta mu mujyi wa Mekelle, umurwa mukuru wa Tigray, imiryango ifasha ivuga ko ihagarikwa mu mihanda igana muri ako gace, mu gihe ingorane zashyizweho zo kubona ibitoro by’imodoka n’amafaranga byatumye ibikorwa byo kugeza ubufasha ku bantu miliyoni eshanu babukeneye bigorana.

Mbere hari habonetse uburyo bwo kuganira hagati y’ubutegetsi bwa Abiy na TPLF, ariko kuva mu mezi macye ashize izi nyeshyamba zafata ibice bya Amhara na Afar, ubu zivuga ko nta biganiro zikeneye.

Tsadkan Gebretensae, wahoze ari jenerali mu ngabo ubu akaba mu bakuru b’inyeshyamba za Tigray, yavuze ko intambara igiye kurangira ikazakurikirwa n’ibiganiro mu gihugu byo kwiga igihe cya nyuma cya Abiy.

Yabwiye Tigrai Television ati: “Nta na rimwe twifuje kurangiza ibibazo by’urusobe bya politiki y’iki gihugu mu buryo tubyifuza gusa. Tuzashyiraho urubuga ruhuza abo bireba bose baganire ahazaza h’igihugu.”

Agahinda k’ababyeyi

Ibibazo by’ubuzima bw’abaturage muri Tigray biracyakomeye cyane – nk’uko bigaragara mu mashusho ava mu bitaro bikuru by’umujyi wa Mekelle aho amarira y’umwana w’umwaka umwe Eden Gebretsadik, yumvikana mu birongozi by’ibitaro.

Mebrhit Giday mu bitaro bikuru bya Mekelle, i Tigray muri Ethiopia
Insiguro y’isanamu,Mebrhit Giday w’imyaka 11, se avuga ko inzara yaba yaratumye uburwayi bw’umutima bumukomerera

Hiwote Berhe, nyina w’uwo mwana ugaburirwa biciye mu gahombo kinjira mu mubiri, na we arira ari nako ahoza umwana, ati: “Mbere sinari nzi ko byatewe n’inzara. Ubu bambwiye ko afite ikibazo cy’imirire.

“Umugabo wanjye yari afite akazi – njyewe nkita ku bana mu rugo. Abana bacu bari bameze neza. Babonaga ibiryo byiza kandi bambaraga neza.”

Ku kindi gitanda hari Mebrhit Giday, ingingo ze zirananutse bikomeye, iruhande rwe se Gidey Meresa aramwegura ngo amuhe umuneke.

Avuga ko bagenze kilometero zirenga 100 ngo bagere kuri ibi bitaro bavuye iwabo mu cyaro cya Kola Tembien, ahabereye imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta n’iza Tigray.

Byabaye ngombwa ko abaturage benshi bahunga aho bari batuye mu misozi. Ubwo bari bahungutse nyuma y’uko ingabo za leta zihavanywe, basanze inzu zabo zaratwitswe n’amatungo yabo yarasahuwe.

Gidey Meresa ati: “Ibyo byose byarabaye, kandi twarabyakiriye. Ariko umukobwa wanjye yararwaye araremba – mbere yari umwana ukomeye.” Abaganga bamubwiye ko umukobwa we w’imyaka 11 afite ibibazo by’umutima, bishobora kuba byaravuye ku nzara.

Aya ni amwe mu majwi macye cyane ava muri Tigray – bamwe mu bakozi b’ibitaro babashije kugeza kuri BBC.

Gufunga itumanaho na internet bivuze ko bigoye cyane kuvugana n’abantu bari yo. BBC, kimwe n’ibindi bitangazamakuru byinshi, byangiwe kugera muri ako gace.

Umugore uri kurira mu muhango wabereye i Addis Ababa wo kuzirikana umwaka umwe ushize iyi ntambara itangiye, ntawuzi igihe n’uko izarangira

Gukanga leta ntacyo byagezeho

Mu minsi ishize ubwo Peter Maurer, umukuru wa Croix-Rouge ku isi, yasuraga Ethiopia ntiyabashije kugera mu bice birimo intambara.

Yabwiye BBC ati: “Kugeza ubu nta herezo ryiza ry’ibi tubona.

“Byaba ari byiza intambara irangiye vuba, ariko ntitwibeshye, nubwo intambara yarangira ejo, tuzaba tugifite abantu ibihumbi amagana bavuye mu byabo bakeneye ibintu byinshi cyane.”

Umuryango w’Abibumbye, Amerika, Ubumwe bwa Africa, bose bakomeje gusaba ko haba ibiganiro.

Amerika yakangishije leta ya Addis Ababa kuvana Ethiopia mu masezerano akomeye y’ubucuruzi ariko ntacyo byagezeho mu guhindura ibintu.

William Davison, umusesenguzi wo muri International Crisis Group, yibaza ko byaba biri mu nyungu za leta ya Abiy kugira ibyo irekura – igafungura amayira yageza imfashanyo kuri Tigray ikanafungura serivisi z’ingenzi zafungiwe ako karere.

Yabwiye BBC ati: “Umuryango mpuzamahanga wanasaba abategeka Tigray nabo kugira ibyo bareka, kuko kwihutira gufata Addis bishobora kuganisha ku bintu bibi kurushaho kuri buri wese.”

Ariko Abiy Ahmed, mu 2019 wahawe igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel kubera kurangiza intambara na Eritrea, ntaboneka nk’umuntu ushaka ubwumvikane.

Mu gihe hashize umwaka umwe iyi ntambara itangiye, uyu mugabo w’imyaka 45 yakomeje gusaba abaturage kujya ku rugamba cyangwa kurushyigikira.

Mu ijambo rye ku mwaka umwe ushize iyi ntambara itangiye, yagize ati: “Tuzahamba uyu mwanzi mu maraso n’amagufa yacu dusubize hejuru ikuzo rya Ethiopia.”

63 thoughts on “Iyi ntambara ya Ethiopia n’intara yayo ya Tigray izarangira gute?

  1. 7614 607686Beneficial data. Fortunate me I discovered your internet site by chance, and Im surprised why this twist of fate didnt happened earlier! I bookmarked it. 96914

  2. 633658 539397The the next occasion Someone said a weblog, Hopefully so it doesnt disappoint me approximately this. What im saying is, I know it was my choice to read, but I in fact thought youd have something intriguing to express. All I hear is often several whining about something that you could fix should you werent too busy searching for attention. 152951

  3. 136514 929458Excellent website, determined several something completely new! Subscribed RSS for later, aspire to see far more updates exactly like it. 510294

  4. 482173 152174Someone necessarily assist to make critically articles Id state. This is the first time I frequented your internet page and thus far? I amazed with the analysis you made to make this actual submit incredible. Superb activity! 916201

  5. Woah! I’m really enjoying the template/theme of this site. It’s simple, yet effective.

    A lot of times it’s very hard to get that “perfect balance” between superb usability and
    visual appeal. I must say you’ve done a great job with this.

    Also, the blog loads extremely quick for me on Safari.
    Exceptional Blog!

  6. I don’t know whether it’s just me or if perhaps everyone else experiencing
    problems with your blog. It appears like some of the written text within your
    posts are running off the screen. Can somebody else please provide feedback
    and let me know if this is happening to them too?
    This could be a problem with my browser because I’ve had this
    happen before. Cheers

  7. Yesterday, while I was at work, my cousin stole my
    iphone and tested to see if it can survive a
    thirty foot drop, just so she can be a youtube sensation. My apple ipad is now broken and she has 83 views.
    I know this is completely off topic but I had to share it with someone!

  8. Do you have a spam issue on this website; I also am a blogger, and I was curious
    about your situation; we have created some nice practices and we are looking to exchange techniques with other folks, why not shoot me an e-mail if interested.

  9. I think that everything typed was very logical.
    However, think on this, suppose you were to write a awesome post title?
    I am not saying your content isn’t solid., however suppose you added a title
    that grabbed folk’s attention? I mean Iyi ntambara ya Ethiopia n’intara yayo ya
    Tigray izarangira gute? – Afriquela1ère is kinda vanilla.
    You might look at Yahoo’s front page and watch how they write news headlines to get viewers to click.
    You might add a related video or a picture or two to get people interested
    about what you’ve written. Just my opinion, it might bring your posts
    a little livelier.

  10. Hello I am so excited I found your website, I really found you by error, while I was browsing on Bing for something
    else, Anyways I am here now and would just like to
    say kudos for a incredible post and a all round interesting blog (I also love the theme/design), I don’t have
    time to look over it all at the moment but I
    have saved it and also included your RSS feeds, so when I have
    time I will be back to read a lot more, Please do keep up the superb b.

  11. Heya are using WordPress for your site platform? I’m new to the blog world but I’m
    trying to get started and create my own. Do you require any coding knowledge to make your own blog?
    Any help would be greatly appreciated!

  12. Great goods from you, man. I’ve understand your stuff previous to
    and you’re just extremely excellent. I really like what you have acquired here, certainly
    like what you’re saying and the way in which you say it. You make it enjoyable and you still care for
    to keep it smart. I cant wait to read much more from
    you. This is really a wonderful website.

  13. Admiring the time and effort you put into your blog and in depth
    information you present. It’s nice to come across a blog
    every once in a while that isn’t the same old rehashed information. Excellent read!
    I’ve saved your site and I’m adding your RSS feeds to my Google
    account.

  14. My developer is trying to persuade me to move to .net from PHP.
    I have always disliked the idea because of the costs.
    But he’s tryiong none the less. I’ve been using
    Movable-type on various websites for about a year and am nervous about switching to another platform.
    I have heard fantastic things about blogengine.net.
    Is there a way I can import all my wordpress content into it?

    Any kind of help would be really appreciated!

  15. Thanks for ones marvelous posting! I actually enjoyed reading it, you might be a great author.I will
    always bookmark your blog and will often come back later on. I want
    to encourage you to ultimately continue your great work, have a nice weekend!

  16. Howdy just wanted to give you a quick heads up. The text in your article seem to be running off the screen in Internet explorer.

    I’m not sure if this is a formatting issue or something to do with web browser compatibility but I thought I’d post to let you know.

    The design and style look great though! Hope you get the problem fixed soon.
    Cheers

  17. Hi, Neat post. There is a problem with your website in web explorer, could test this?

    IE nonetheless is the marketplace leader and a large component to folks will leave out your great writing
    because of this problem.

  18. Hello, Neat post. There is an issue along with your site in internet explorer,
    could test this? IE nonetheless is the market leader and a large
    component of other people will omit your excellent writing because of this problem.

  19. Wow, superb weblog format! How long have you been running a blog for?
    you made running a blog look easy. The entire look of your website is wonderful, as smartly as the content!

  20. I believe that is among the so much significant info for me.

    And i am glad reading your article. But wanna observation on some common issues, The web site style is perfect,
    the articles is in point of fact nice : D. Just right job, cheers

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *