
Profeseri Hakizimana Maurice
MU BUREZI,mu mwuga wacu twigisha ko: “Nta muswa ubaho,ahubwo ko buri mwana agira ibyo aba afitemo ubuhanga,binyuranye n’iby’undi”.
Abarimu bari aha,mubyumva gute?🎤🎤
Ese wari uzi ko muri sciences de l’Education(mu masomo nderabarezi), bidakwiriye:
¶Kugereranya umwana n’undi?(ku bw’ibyo, umwana ahabwa isuzumubumenyi bwe bwite,ahagabwa appréciation[ishimwe] cyangwa encouragement[inama]!
¶Guha abana imyanya yo kurushanwa: Duha abana amanota,ariko ntitubahe imyanya y’irushanwa(ngo yabaye uwa 1,uwa 28,uwa nyuma/ikirizo muri 48)! Ibyo ni iyicabwonko! Niko hano tubibona!! Gushishikariza umwana kwiga cyane ngo abe uwa mbere,akorere amanota,arushanwe ntibihuje n’intego z’uburezi!!
¶Guhemba umwana wabaye uwa mbere, kumuha amashyi,no kumwaza uwabaye uwa nyuma,kumuvugiriza induru,kumuhana…. ntibihuje n’icyo uburezi bugamije kandi ntibitanga umusaruro kuko ushobora kubona amanota meza n’umwanya mwiza nyamara mu mutwe(muri mémoire) ntihagire igisigaramo nyuma y’ibizamini bityo no mu kazi ukazaba umeze nk’utarize kuko wibagiwe burundu ibyo wize byose muri segunderi na kaminuza!!
Ni abantu benshi cyane njya mbwira nti “ibi twabyize mu wa..” akandahira ko nta cyo yibukamo na gito kandi yarabaga uwa mbere! Wowe ntabyo uzi se?
Bene iyi myitwarire yo gukorera amanota no kurushanwa nta cyiza na gito igeraho mu myaka myinshi iba izakurikiraho!
¶Gukubita abana mu ishuri nabyo ni kimwe n’ibyo! Guhahamura abana ngo bige,bakiga bari ku gitutu,ntibirera abayobozi beza b’ejo hazaza ahubwo bitoza abantu kuzavamo abaturage barushanwa kandi bakoresha igitugu n’igitutu ku bandi bantu!!
Abahanga mu iyiga myifatire n’iyiga mitekererereze bavuga ko urugomo rwigisha urugomo(“la violence engendre la violence”)!
Ngiyo impamvu urugomo mu bapolisi,mu bashinzwe umutekano,mu banyapolitike, guhutazanya no guhangana mu kazi aho kugakora neza,amatiku mu matorero/amadini bakorera gushimwa n’ababakuriye, bidashira!! Byose biva mu burezi bupanze nabi!
¶Ibyo abarimu bigisha abana nabyo bikwiriye kuvugururwa kuko hari ibitagihuje n’igihe cyangwa ibitagikenewe!! Ni ngombwa kwigisha ibintu bikenewe gusa,kandi imyuga n’ubumemyi ngiro bigashyirwa imbere!
¶Icya nyuma ntekereza ni ururimi rwigishwamo! Hano mu Bufaransa amasomo yose yigwa mu gifaransa gusa gusa kuva mu y’incuke kugera muri dogitora! Indimi z’amahanga(icyongereza,ikidage,iki esipanyole,igitaliyani,igishinwa,…) byigwa ukwabyo nk’andi masomo yose kandi bikigwa hifashishijwe igifaransa,ururimi kavukire!!
Ese iwacu muri Afurika igihe si iki ngo bigishe mu ndimi zabo amasomo yose,bigire kumenya,bigire kuzakora akazi neza,aho kwigira amanota no kurushanwa?

Kanda hano: https://www.facebook.com/professormaurice ukurikire ibyo ntangaza mu kinyarwanda, bivuga utuntu n’utundi,ubumenyi bunyuranye, ubuzima, ikinyabupfura,amahame mbwiriza muco,Imana,umuryango, imibanire n’imibereho myiza! Jya ubisangiza abandi.
Your article has answered the question I was wondering about! I would like to write a thesis on this subject, but I would like you to give your opinion once 😀 casino online
Hey there just wanted to give you a quick heads up. The words in your article seem to
be running off the screen in Firefox. I’m not sure if this is
a format issue or something to do with browser compatibility but I figured I’d post to let you know.
The style and design look great though! Hope you get the issue solved soon. Thanks
Spot on with this write-up, I truly feel this amazing site needs much more attention. I’ll probably be returning to see more, thanks for the information!
Fetish, This is a good website Fetish
Adult, This is a good website Adult
Erection, This is a good website Erection
Vulva, This is a good website Vulva
Stamina, This is a good website Stamina
Sildenafil, This is a good website Sildenafil
Arousal, This is a good website Arousal
Prostate, This is a good website Prostate
Phallus, This is a good website Phallus
spa music
Excellent goods from you, man. I have understand your
stuff previous to and you’re just extremely excellent.
I actually like what you’ve acquired here, really like what you’re stating
and the way in which you say it. You make it enjoyable and you still take care of to keep it wise.
I can’t wait to read much more from you. This
is actually a wonderful web site.
musicas academia
Hey there! Would you mind if I share your blog with my zynga group?
There’s a lot of people that I think would
really enjoy your content. Please let me know.
Cheers