
Noblesse Dusabe
Liliane Mugabekazi wari wafunzwe hashingiwe ku buryo yari yambaye mu gitaramo i Kigali yafunguwe by’agateganyo, nkuko umunyamategeko we yabibwiye BBC Gahuzamiryango dukesha iyi nkuru.Nyuma yuko ku wa kane urukiko rwari rwanzuye ko ruzatangaza umwanzuro warwo ku itariki ya 23 y’uku kwezi kwa munani ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo, umunyamategeko Vincent Ndikumana wunganira Mugabekazi, kuri uyu wa gatanu yabwiye BBC Gahuzamiryango ko umukiliya we yafunguwe.
Mu butumwa bwanditse, yagize ati:
“Nyuma yo kuvuga ko rwa rubanza ruzasomwa ku wa 2 urukiko rwafashe icyemezo cyo kurusoma uyu munsi maze rwemeza ko nta mpamvu zikomeye zatuma afungwa mbere y’urubanza rutegeka ko ahita arekurwa urubanza rukimara gusomwa”.
Mu iburanisha ryo ku wa kane, yarezwe ibiterasoni bishingiye ku ifoto yafashwe muri icyo gitaramo. Yari yatawe muri yombi ku itariki ya 7 y’uku kwezi kwa munani.
Igitaramo Mugabekazi yitabiriye ni icy’umuhanzi w’Umufaransa ukomoka muri Cameroun, Julien Bouadjie, uzwi cyane nka Tayc.
Cyabereye mu nyubako y’imyidagaduro ya BK Arena i Kigali ku itariki ya 30 y’ukwezi kwa karindwi, cyitabirwa n’abantu babarirwa mu bihumbi.
Ni urubanza rwaburaniwe mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuwa 18 Kanama 2022.
Ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko nyuma y’igitaramo cyabereye muri BK Arena ku wa 30 Nyakanga 2022, babonye amafoto ya Mugabekazi Liliane avuga ko yafotowe n’umuntu atazi ikote ryafungutse.
Iyi foto niyo yatumye uyu mukobwa atabwa muri yombi ku wa 7 Kanama 2022 na Polisi yahise imushyikiriza Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) sitasiyo ya Remera.
Kuva icyo gihe yahise atangira gukorwaho iperereza ndetse dosiye ye ishyikirizwa Ubushinjacyaha bwaje kuyiregera urukiko aregwa icyaha cyo gukorera ibiterasoni mu ruhame.
Uko Mugabekazi yiregura
Mugabekazi avuga ko atigeze ajya mu gitaramo yambaye ubusa agahamya ko iyo aza kuba yari abwambaye abapolisi bo kuri BK Arena batari gutuma yinjira.
Uyu mukobwa kandi yabwiye Urukiko ko atari kuba yambaye ubusa ngo anyure mu nzira yose yatambutsemo.
Mugabekazi avuga ko mu gihe igitaramo cyari kirimbanyije, ikote rye ryaba ryarafungutse kubera kwizihirwa bityo umuntu atazi akamufotora ku mpamvu atazi.

Avuga ko n’iyo ubwambure bwe bwaba bwaragaragaye atakabaye ariwe ubiryozwa kuko ikosa ryaba ryarakozwe n’uwamufotoye.
Ibi byatumye Mugabekazi avuga ko nta mpamvu zikomeye zatuma akurikiranwa cyangwa ngo akurikiranwe afunzwe. Aha yasabye Urukiko kumurekura byaba ngombwa agakurikiranwa ari hanze.
Abunganira Mugabekazi mu mategeko bagaragarije Urukiko ko umukiriya wabo atigeze yambara ubusa kuko yitabiriye igitaramo yambaye.
Bahamya ko iyo aza kuba atambaye atari kurenga abari bashinzwe umutekano kuri BK Arena.
Aha bahamya ko kuba yaba yararyohewe n’igitaramo bikarangira umwenda umuvuyeho hanyuma uwari warangaje amaso akamufotora bitagaragaza ko yari yambaye ubusa.
Ikindi abunganira Mugabekazi bavuga ni uko nubwo Ubushinjacyaha buvuga ko yari yambaye ubusa, nyamara yari yambaye ahubwo umwenda ubonerana bityo amatara ya nijoro muri BK Arena agatuma ifoto igaragara uko yabonetse bitavuze ko yari yambaye ubusa.
Aha banakomoje ku kuba nta tegeko rihana uyu mukobwa rihari, ni ukuvuga irihana umuntu wari wambaye uko yari yambaye ngo abe yararirenzeho.
Basabye ubushinjacyaha kugaragaza itegeko uyu mukobwa yarenzeho kugira ngo bumushinje kwitabira iki gitaramo yambaye nabi.
Ingingo ya 143 y’itegeko nimero 68/2018 ryo ku wa 30 Kanama 2018 riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange iteganya ko umuntu wese ukora ibiterasoni mu ruhame aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n’urukiko ahanishwa igihano cy’igifungo kitari munsi y’amezi atandatu ariko kitarenze imyaka ibiri.
Ingingo ya 66 y’itegeko nimero 027/2019 ryo ku wa 19 Gashyantare 2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha, iteganya ko ukekwaho icyaha akurikiranwa adafunze.
Muri iri tegeko bagaragaza ko ukurikiranwe ashobora gukurikiranwa afunze iyo hari impamvu zikomeye zituma akekwaho icyaha amategeko ahanisha nibura igihano cy’igifungo cy’imyaka ibiri nibura.
Abunganira uyu mukobwa bashingiye kuri aya mategeko bavuze ko icyaha uyu mukobwa akurikiranyweho kitarengeje imyaka ibiri, n’iyo haba hari impamvu zikomeye zatuma akekwako icyaha yakurikiranwa adafunze.
Imyambarire ikomeje guteza Impaka Mu Rwanda

Mu Rwanda abantu banyuranye bakomeje kugaya icyemezo cy’ubushinjacyaha na polisi cyo guta muri yombi no kujyana mu nkiko uwo mukobwa Mugabekazi Liliane, bamurega icyaha cyo gukora ibiteye isoni mu ruhame.
Amafoto y’uyu mukobwa yagaragaye bwa mbere mu binyamakuru binyuranye byandikirwa kuri interineti, yakurikiwe n’ibitekerezo binyuranye byagiye bitangwa n’ababonye amafoto y’uyu mukobwa.
Bamwe bakagaragaza ko yari yaberewe nk’umuntu warugiye mu gitaramo, abandi bakerekana ko bihabanye n’umuco nyarwanda.
Ubwo yari yitabiriye umuhango wo gutangiza ihuriro rya 19 ry’urubyiruko gatolika riri kubera muri Diyosezi ya Kabgayi, minisitiri w’urubyiruko n’umuco Mbabazi Rosemary yasabye urubyiruko kwirinda ingeso z’imyambarire idahwitse.
Polisi ’u Rwanda nayo yasohoye itangazo yanyujije kuri twitter mu ijoro ryo ku wa kane, ryihanangiriza abambara ubusa n’abakora ibiteye isoni mu ruhame’ ibibutsa ko baba bakoze icyaha kandi bashobora gukurikiranwa n’amategeko.
Urukiko ruzafata umwanzuro mu cyumweru gitaha. Umva inkuru mu majwi ya VOA
sources: certains elements de la BBC et VOA radiyo yacu
Hello, of course this piece of writing is actually fastidious and I have learned lot
of things from it on the topic of blogging.
thanks.
It’s going to be finish of mine day, but before finish I am reading this great article
to improve my experience.
I really like your blog.. very nice colors & theme.
Did you make this website yourself or did you hire someone to do it for you?
Plz respond as I’m looking to design my own blog and would like to know where u
got this from. thank you
Link exchange is nothing else however it is just placing the other person’s webpage link on your page at appropriate
place and other person will also do same for you.
Ridiculous story there. What happened after?
Thanks!
Who know what putin has done to ukraine? want to find out things not
shown in the news?
Anyone interested in making alot of money for
side hustle?Noone will believe me but i made soo much through 오피사이트 I would like to share my experience :
)
Nice blog here! Also your web site loads up very fast!
What host are you using? Can I get your affiliate link
to your host? I wish my web site loaded up as fast as yours lol
You now need to match the “point” before you roll a seven to
win.
my web page: casino
We are sharing you good experience by letting you watch free soccr games around the
world
According tto betting picks authorities, many teams cannot field a minimum of
12 players.
My site :: 토토사이트; zemaox.blogmazing.com,
Hi, I do believe this is a great site. I stumbledupon it 😉 I will revisit yet again since i have book
marked it. Money and freedom is the best way to change,
may you be rich and continue to guide others.
Hi there to every single one, it’s truly a fastidious for me to
pay a visit this web page, it consists of helpful
Information.
Very good post. I definitely appreciate this website. Continue the good work!
Very quickly this site will be famous among all blogging visitors,
due to it’s pleasant articles
Wonderful blog! I found it while searching on Yahoo News.
Do you have any tips on how to get listed in Yahoo News? I’ve been trying for a while but
I never seem to get there! Cheers
Good way of telling, and fastidious piece
of writing to get facts on the topic of my presentation topic, which i
am going to deliver in academy.
Excellent post. I will be facing many of these issues as
well..
I am extremely impressed with your writing skills as well as with
the layout on your weblog. Is this a paid theme or did you modify it yourself?
Either way keep up the excellent quality writing, it’s rare to see a great blog
like this one nowadays.
Quality content is the key to interest the users to pay a visit the site, that’s what
this web page is providing.
We’re a group of volunteers and starting a new scheme in our community.
Your website provided us with valuable information to work on. You’ve done an impressive job and our whole community will be grateful to you.
I think this is among the most important information for me.
And i am glad reading your article. But should
remark on few general things, The site style is ideal, the articles is really great : D.
Good job, cheers
Saved as a favorite, I really like your site!
I like it when people come together and share ideas. Great website, continue the good
work!
Hello to all, for the reason that I am actually eager of reading
this website’s post to be updated regularly. It includes nice information.
I’m amazed, I have to admit. Seldom do I come across
a blog that’s equally educative and entertaining, and let me tell you,
you have hit the nail on the head. The issue is something which
too few men and women are speaking intelligently about.
I am very happy I found this in my search for something
concerning this.
You are so cool! I do not suppose I have read a single thing like this before.
So nice to discover another person with a few genuine thoughts on this topic.
Seriously.. thank you for starting this up. This website
is something that’s needed on the web, someone with a little
originality!
I must thank you for the efforts you have put in penning this blog.
I really hope to view the same high-grade blog posts from you in the future as well.
In truth, your creative writing abilities has encouraged me to get my own site
now 😉
It’s amazing in support of me to have a website, which is beneficial designed for my know-how.
thanks admin
I couldn’t resist commenting. Exceptionally well
written!
Hey there, You’ve done a great job. I will definitely digg it and personally recommend to my friends.
I am sure they will be benefited from this site.
If you are going for best contents like I do, just go to see this website everyday since it gives feature contents, thanks
I know this if off topic but I’m looking into starting my own blog and was curious what all is needed to get set up?
I’m assuming having a blog like yours would cost
a pretty penny? I’m not very web savvy so I’m not 100% positive.
Any recommendations or advice would be greatly appreciated.
Appreciate it
I hope your article will be helpful to everyone. “성인웹툰”
I would appreciate the time you invested in this article. I will support you for the next article. 🙂
Good post. I learn something new and challenging on sites I stumbleupon on a daily basis.
온라인카지노 It will always be helpful to read articles from other authors and use a little something from other websites.
hello!,I like your writing so a lot! percentage we keep up a correspondence more about your article on AOL?
I need a specialist on this house to solve my problem.
May be that is you! Looking forward to peer you.
Hi, Neat post. There is an issue along with your web site in internet explorer,
could test this? IE still is the marketplace leader and a
large portion of other folks will miss your excellent writing because of this problem.
Great post. I am experiencing a few of these issues as well..
When someone writes an piece of writing he/she keeps the
idea of a user in his/her mind that how a user can understand
it. So that’s why this paragraph is amazing.
Thanks!
Greetings! Very useful advice within this article! It is the
little changes that produce the most significant changes.
Thanks a lot for sharing!
Hello! Do you use Twitter? I’d like to follow you if that would be ok.
I’m absolutely enjoying your blog and look forward to new updates.
Amazing! This blog looks just like my old one! It’s on a entirely different topic but it has pretty much the same
layout and design. Outstanding choice of colors!
I blog quite often and I truly appreciate your information. This
great article has really peaked my interest. I’m
going to take a note of your blog and keep checking for new information about once a week.
I opted in for your Feed as well.
This piece of writing presents clear idea for the new viewers of blogging, that truly how to do running
a blog.
Hello, I think your website might be having browser compatibility issues.
When I look at your website in Opera, it looks fine but when opening in Internet Explorer, it has some overlapping.
I just wanted to give you a quick heads up! Other
then that, wonderful blog!
When someone writes an post he/she maintains the plan of a user
in his/her brain that how a user can understand it. Thus that’s why this piece of writing is perfect.
Thanks!
I visited many web sites however the audio quality for
audio songs present at this web page is truly excellent.
Hi I am so delighted I found your web site,
I really found you by accident, while I was looking on Yahoo for something else, Anyways I am here now and would just like to say thanks a
lot for a incredible post and a all round interesting blog (I also love the theme/design),
I don’t have time to look over it all at the minute but I have bookmarked it
and also added your RSS feeds, so when I have time I will be back to read
a lot more, Please do keep up the fantastic
jo.
I have been exploring for a bit for any high-quality articles or weblog posts in this sort of
house . Exploring in Yahoo I eventually stumbled upon this site.
Studying this information So i am glad to express that I have a very good uncanny feeling I
came upon exactly what I needed. I such a lot unquestionably will make sure to do not
disregard this web site and provides it a look regularly.
Hi, its pleasant paragraph concerning media print, we all
be aware of media is a great source of facts.
What’s up, of course this post is in fact nice and I have learned lot of things
from it concerning blogging. thanks.
Hello there, I found your web site by way of Google even as looking for a comparable topic, your website got here up,
it appears to be like great. I have bookmarked it in my google bookmarks.
Hi there, just turned into alert to your blog thru Google, and found that it’s truly informative.
I’m gonna watch out for brussels. I will appreciate for those who proceed this in future.
Many people can be benefited from your writing. Cheers!
Hi my friend! I want to say that this post is awesome,
great written and come with approximately all vital infos.
I would like to look more posts like this .
What’s Going down i’m new to this, I stumbled upon this I’ve found It absolutely helpful and
it has aided me out loads. I hope to contribute
& assist different users like its aided
me. Good job.
It’s perfect time to make a few plans for the long run and
it is time to be happy. I’ve read this publish and if
I may I desire to recommend you few fascinating things or advice.
Perhaps you can write next articles relating to this article.
I want to learn even more issues approximately it!
Because the admin of this web page is working, no
question very rapidly it will be famous, due to its quality contents.
If some one wants expert view on the topic of running a blog
then i advise him/her to visit this web site, Keep up the pleasant work.
Currently it seems like Expression Engine is the preferred blogging platform out there right now.
(from what I’ve read) Is that what you’re using on your blog?
Embrace the challenge—join the game and win big! Lucky Cola