Amakuru

U Rwanda mu bihugu byamaganye ubutegetsi bwa M23 bubangikanye n’ubwa leta ya Kinshasa

Abarebye: 507 Rémy RUGIRA Ibiranga iyi nkuru U Rwanda ruri mu bihugu 12 byamaganye “ubutegetsi bubangikanye”…

Dore amasezerano Amerika u Rwanda na Kongo byasinye mu rwego rwo gucecekesha imbunda muri Kongo no guteza imbere umutekano, n’ubukungu”.

Abarebye: 1,612 Rémy RUGIRA Bwana Marco Rubio [w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika] yavuze…

“ABAHUTU BEZA”(MODÉRÉS) BAHOBEYE FPR IRANGIJE IRABIRENZA

Abarebye: 1,323 Post ya: Umusemburo W’ukuri ABAHUTU BISWE CYANGWA BIYISE MODÉRÉS NA FPR… Kuva FPR yatangira…

Koloneli Bagosora Theoneste ntiyigeze avuga ngo “Ngiye gutegura imperuka”. Si we wateguye jenoside yakorewe abatutsi. Imyanzuro y’urukiko rwa Arusha.

Abarebye: 697 Inyandiko ya Ruhumuriza Mbonyumutwa Aya magambo avuga ko Bagosora yavuze ko agiye gutegura « imperuka »…

UE YAFATIYE IBIHANO ABAJENERALI B’U RWANDA, U RWANDA RWACANYE UMUBANO N’UBUBILIGI

Abarebye: 857 Rémy RUGIRA Ibi bihano biteganya kubuza ingendo mu bihugu by’Uburayi ndetse no gufatira umutungo…

URUKIKO MPUZAMAHANGA MPANABYAHA CPI/ICC RURI KWAKIRA AMAKURU YOSE KU BYAHA BIRI GUKORERWA MURI KONGO N’INGABO Z’U RWANDA NA M23

Abarebye: 356 Maître Valentin Akayezu Nakomeje kwakira ibibazo by’abakeneye amakuru ku buryo bwo gutanga amakuru ku…

Ku ncuro ya gatatu, Isosiyete ya Prince Invest Group yo muri Turukiya yanze kugurisha intwaro u Rwanda

Abarebye: 386 Rémy RUGIRA Inkuru ya Iyi Si Ambasaderi Dani Al Ashkar, umuyobozi mukuru wa kampani “PRINCE INVEST…

U Rwanda rwatangaje ko Ubwongereza bugomba kurwishyura amapawundi bwarusigayemo muri ya masezerano ataravuzweho rumwe yo kwirukana abimukira mu Bwongereza bakajugunywa mu Rwanda

Abarebye: 2,089 Rémy RUGIRA Inyandiko ya Iyi Si Nyuma yo kugumana miliyoni 240 z’amapawundi Kigali bari gusaba…

Goma: Mu bwicanyi zikora i Goma,inyeshyamba za M23 zishemo na Delcat Idengo umuhanzi n’umuririmbyi uzwi cyane,umurambo we watoraguwe i Goma mu yindi myinshi

Abarebye: 2,230 Rémy RUGIRA INKURU YA BBC Yari arindiriye gucirirwa urubanza ku caha co kugumura abantu…

Donald Trump azakatirwa ku ya 10 Mutarama mu rubanza rwa ‘ruswa’ ariko ntazahanishwa igifungo

Abarebye: 587 Rémy RUGIRA Ku wa gatanu utaha, Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika watowe bwana…