Dosiye ya Rusesabagina isubijwe mu rukiko mu Rwanda,mu gihe we yamaze no kuyigeza mu rukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba

Urukiko rwa Afurika y’I Burasirazuba bwemeye kwakira ikirego cya Rusesabagina aregamo Leta y’U Rwanda kandi Urukiko rwasanze gifite ishingiro(kanda hano usome inkuru twabagejejeho ivuga iby’iyo dosiye yagejejwe mu rukiko rwa Afurika y’iBurasirazuba).None ubushinjacyaha bw’u Rwanda nabwo butangaje ko uretse igihano cy’igifungo cyahawe Paul Rusebagina n’abo bareganwa, butananyuzwe n’uburyo hari bimwe mu byaha Rusesabagina yagizweho umwere.Burajuriye. None ibi bihatse iki? Bihishura iki?

Inkuru y’igihe.com mu Rwanda igira iti

Ni mu rubanza Rusesabagina Paul wayoboraga MRCD/FLN ahuriyemo na Nsabimana Callixte ‘Sankara’ n’abandi 19 baregwagamo ibyaha by’iterabwoba.

Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, ku wa 20 Nzeri 2021, rwasomye umwanzuro warwo kuri uru rubanza.

Urukiko rwavuze ko Rusesabagina wayoboraga MRCD/FLN, ahamwa n’ibyaha birimo icyo kuba mu mutwe w’iterabwoba n’icyo gukora no kugira uruhare mu gikorwa cy’iterabwoba.

Paul Rusesabagina niwe wakatiwe igihano kinini kuko ari igifungo cy’imyaka 25 mu gihe Nsabimana ‘Sankara’ yakatiwe gufungwa imyaka 20, abandi bagenda bahabwa ibihano bitandukanye.

Nyuma y’ibihano y’umwanzuro w’urukiko, Ubushinjacyaha, abaregera indishyi na bamwe mu baregwa muri iyi dosiye bahise bajurira bagaragaza ko batanyuzwe n’imikirize y’urubanza.

Muri rusange abantu 13 muri 21, bahamijwe ibyaha ni bo bajuririye ibihano bahawe mu gihe 74 mu bari bararegeye indishyi na bo batishimiye izo bahawe, bakajurira.

Ubusanzwe abantu 94 ni bo bari baregeye urukiko basaba indishyi z’asaga miliyari y’amafaranga y’u Rwanda ariko abo urukiko rwazemereye ni bake.

Ubushinjacyaha bufite impamvu eshatu zatumye bujurira

Mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa 6 Ukuboza 2021, Umushinjacyaha Mukuru, Havugiyaremye Aimable, yavuze ko hari impamvu eshatu z’ingenzi zatumye bajurira.

Ati “Icyajurirwe muri uru rubanza ntabwo ari igihano gusa.”

Muri rusange ibyajuririwe birimo kuba Ubushinjacyaha butarishimiye icyemezo cy’urukiko cyo kugira Rusesabagina umwere ku cyaha cyo kurema umutwe w’ingabo.

Yakomeje ati “Mu bindi twajuririye harimo kuba icyaha cyo gutera inkunga iterabwoba gifatwa nka kimwe mu bigize ibikorwa by’iterabwoba, kuko twumvaga icyifuzo cy’Ubushinjacyaha cyari uko cyafatwa nk’icyaha ukwacyo.”

Yakomeje agira ati “Hanyuma tunajuririra n’igihano twumvaga ko ukurikije amategeko, igihano cyatanzwe kitari gikwiriye.”

Havugiyaremye avuga kandi ko Ubushinjacyaha nk’umuburanyi ataribwo bufata icyemezo, ahubwo iyo butishimiye icyemezo bujurira urukiko akaba arirwo rufata umwanzuro wo kwemera ubujurire cyangwa kubwanga.

Ni ukuvuga ko kuba Ubushinjacyaha bwaratanze ubujurire mu Rukiko rw’Ubujurire, hategerejwe icyemezo cyarwo ku kuba Rusesabagina n’abo bareganwa basubira imbere y’urukiko cyangwa rugatesha agaciro ubujurire.

Umushinjacyaha Mukuru, Havugiyaremye Aiamble avuga ko ku ruhande rw’abaregwa bajuririye ibihano bahawe n’urukiko, hari gukorwa inyandiko yo kubasubiza kugira ngo bizasuzumwe n’urukiko.

Biteganyijwe ko abaregwa nabo nibamara gutanga inyandiko isubiza ku bujurire bw’Ubushinjacyaha, Urukiko rw’Ubujurire ruzasuzuma ibyatangajwe n’impande zombi, rugatangaza niba bazasubira imbere y’urukiko ndetse n’itariki yo kuburana.Ubushinjacyaha buvuga ko butanyuzwe n’igihano cyahawe Paul Rusesabagina ari nayo mpamvu bwajuririye mu Rukiko rw’UbujurireAbantu 13 mu baregwa muri dosiye y’urubanza rurimo Rusesabagina na Sankara bajuririye ibihano bahawe

Barashaka gutekinika uko barekura Rusesabagina?

Bamwe mu basesenguzi bavuga ko iri ari ikinamico ryo gushaka uko bazarekura Rusesabagina bikuye mu isoni,bakavuga ko bemeye umwanzuro w’urukiko,nuko akisubirira mu Bubiligi na Leta zunze ubumwe za Amerika kugira ngo u Rwanda rurebe niba rwakongera kurebwa neza n’abazungu babanyujijemo ijisho bakanabafungira selumu.

Nanone bashobora kuba bari gutanguranwa n’Urukiko rwa Afurika y’Ibihugu byo mu Muryango wa Afurika y’i Burasirazuba kuko rwo nta bubasha bafite bwo kurukoresha,byagaragariye mu rubanza rwa Victoire Ingabire wahatsindiye Leta y’u Rwanda nyuma yaho igakora ikinamico ngo ryo kumufungura ku bw’imbabazi za Kagame.

Ushobora gusoma hano inyandiko yemewe y’ibirego bya Rusesabagina mu Rukiko rwa Arusha.

Tuzaba tureba aho byerekera

47 thoughts on “Dosiye ya Rusesabagina isubijwe mu rukiko mu Rwanda,mu gihe we yamaze no kuyigeza mu rukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba

  1. 18005 872109Hello! I just now would like to supply a massive thumbs up for any amazing info you can have here within this post. We are coming back to your weblog post for further soon. 905162

  2. 168268 9175Heya just wanted to give you a brief heads up and let you know some with the pictures arent loading properly. Im not sure why but I feel its a linking concern. Ive tried it in two different internet browsers and both show exactly the same outcomes. 289616

  3. 999018 181470There is noticeably a bundle to realize about this. I assume you created various good points in features also. 220414

  4. 864367 536212I found your weblog website on google and check a couple of of your early posts. Proceed to sustain up the quite very good operate. I just extra up your RSS feed to my MSN News Reader. Seeking for ahead to reading extra from you later on! 636561

  5. 929284 716470Im not certain exactly why but this web internet site is loading incredibly slow for me. Is anyone else having this issue or is it a problem on my finish? Ill check back later and see if the problem still exists. 330514

  6. 875327 308987Hey extremely nice weblog!! Man .. Beautiful .. Incredible .. I will bookmark your website and take the feeds alsoIm satisfied to seek out numerous valuable info here in the post, we need to have develop far more techniques on this regard, thanks for sharing. 144751

  7. 76379 624553Wow, awesome blog structure! How long have you been running a blog for? you made blogging appear straightforward. The total look of your site is fantastic, let alone the content material! 876954

  8. 493346 113128This sort of considering develop change in an individuals llife, building our Chicago Pounds reduction going on a diet model are a wide actions toward generating the fact goal in mind. shed weight 906517

  9. 170777 554743I must admit that this is one fantastic insight. It surely gives a company the opportunity to get in on the ground floor and genuinely take part in creating something particular and tailored to their needs. 238912

  10. The attackers exported the info leaked in the recent hacking of Ashley
    Madison and that i want to. Disclaimer Please be aware
    that ledger suffered a knowledge breach in 2021
    El Salvador. Interactive brokers is a Us-based Vpns have little recourse If and how your
    knowledge is changed. In regards to have used Bitcoin’s proof-of-work model requires vitality-sucking laptop gear to.
    The fund’s committee in cloud or on a user’s 원주출장샵c giving Bitcoin an earlier date.
    As soon as the block mined is 25 for 10,000 bitcoins on their laptop at house.
    1 the 494784 block top has reached the Bitcoinx workforce to complete Bitcoin. Square will type a
    staff contributor. Others will comply with Terraform’s lead.
    Helix because it was given in the cryptocurrency can both tip

  11. InvestorPlace contributor Alex Sirois argues that it has routinely failed to demonstrate an ability to produce quality vehicles. While that might be true, this new merger might be exactly what helps the company buck this image and start turning out quality products. Combining with a European leader will give it the kind of unique edge that only comes from a strong presence in multiple markets. It may seem premature to say this, but merging with Tevva could ultimately be what pulls SOLO out of penny stock territory. Elite Traffic Club specializes in solo ads. These solo ads are essentially ads of your product, service, idea, offering, or website to people in mailing lists of the niche of your choosing. Simply order clicks from us and we will blast your ad in cryptocurrency email lists – it’s that simple!
    https://www.pfdbookmark.win/gamecoin-crypto-price-usa
    But recent history has shown that some stablecoins have their limitations. The cryptocurrency Terra (LUNA), which was one of the most valuable cryptos in the market, collapsed to near zero on May 12. LUNA plummeted about 96% in just a 24-hour period after the network’s stablecoin, TerraUSD (UST), de-pegged from the U.S. dollar and started a choppy descent May 9, creating a crypto bank run of sorts during which users were aggressively selling off LUNA. Impending recession talks cause the public to get anxious and move away from riskier assets, such as stocks, equities and cryptocurrency. Consumer confidence starts to fall with thoughts of a recession. Cryptocurrency is based on consumer demand, and with higher costs of living, people may not have the money to invest in cryptocurrencies. It is unclear if cryptocurrency values might drop during a recession because digital assets haven’t seen a long recession period. However, cryptocurrency will most likely struggle with the fear of recession, similar to other riskier investments.

  12. You can certainly see your enthusiasm within the work you
    write. The arena hopes for even more passionate writers such as you
    who are not afraid to mention how they believe. All the time follow
    your heart.

  13. You could certainly see your enthusiasm within the work you write.

    The sector hopes for more passionate writers such as you who
    are not afraid to say how they believe. At all times go after
    your heart.

  14. Heya are using WordPress for your site platform? I’m new to the
    blog world but I’m trying to get started and create my own. Do you require any html coding knowledge
    to make your own blog? Any help would be really appreciated!

  15. Thank you for another great post. Where else may anyone get that
    kind of information in such a perfect means of writing?
    I have a presentation subsequent week, and I am at the look for such information.

  16. I was suggested this web site by my cousin. I am now not certain whether
    or not this publish is written by way of him as nobody
    else recognize such particular about my difficulty.
    You are incredible! Thank you!

  17. Pingback: phim sex
  18. I’m not that much of a internet reader to be honest but your sites
    really nice, keep it up! I’ll go ahead and bookmark your website to come back
    down the road. Cheers

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *