Igisirikare cy’Uburusiya kitwaye nabi ku rugamba muri Ukraine,ibintu byatunguranye.Menya amakosa ya gisirikare bwakoze!

Ibifaru by'Uburusiya byasizwe
Ibi bifaru by’Uburusiya byarapfuye bisigwa aho ngaho

Uburusiya bufite bamwe mu basirikare benshi cyane kandi bakomeye cyane ku isi, ariko ibyo ntibirigaragaza mu ntangiriro y’igitero cyabwo kuri Ukraine. Abasesenguzi mu bya gisirikare benshi b’i Burayi n’Amerika batunguwe n’uburyo igisirikare cyabwo kugeza ubu cyitwaye ku rugamba, umwe muri bo avuga ko cyitwaye “nabi cyane”.

Gutera imbere ku rugamba kwabwo bisa nkaho ahanini byahagaze ndetse bamwe ubu baribaza niba igisirikare cy’Uburusiya gishobora kuzahuka nyuma y’ibyo cyatakaje. Muri iki cyumweru, umutegetsi wo hejuru wo mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) yabwiye BBC ko “biraboneka ko Abarusiya bataragera ku ntego zabo kandi birashoboka ko bizarangira batazigezeho”.

None byapfiriye hehe? Navuganye n’abasirikare bo ku rwego rwo hejuru b’i Burayi n’Amerika hamwe na ba maneko, ku makosa Uburusiya bwakoze.

Kwishyiramo ibitari ukuri

Ikosa rya mbere Uburusiya bwakoze ni uguha agaciro gacyeya imbaraga zo kwirwanaho n’ubushobozi bw’ingabo za Ukraine zisanzwe ari nkeya ku z’Uburusiya.

Uburusiya ku mwaka mu bya gisirikare bukoresha ingengo y’imari ya miliyari zirenga 60 z’amadolari y’Amerika, ugereranyije na Ukraine ikoresha gusa arenga gato miliyari 4 z’amadolari y’Amerika.

Nanone, Uburusiya, n’abandi benshi, bisa nkaho bakabirije imbaraga z’igisirikare cyabwo.

 Perezida Vladimir Putin yashyizeho gahunda irimo kwiyemeza cyane yo gutuma igisirikare cy’Uburusiya kijyana n’ibihe bigezweho ndetse na we ashobora kuba yaragezeho akemera ugukabya kwe.

Umusirikare w’Ubwongereza wo ku rwego rwo hejuru yavuze ko ryinshi mu ishoramari Uburusiya bwarikoze mu ntwaro kirimbuzi za nikleyeri nyinshi zabwo ndetse no mu kuzigerageza, ibyo birimo no gukora intwaro nshya nka za misile zo mu bwoko bwa ‘hypersonic’ (zigenda ku muvuduko ukubye inshuro eshanu umuvuduko w’ijwi).

Bifatwa ko Uburusiya bwakoze igifaru cya mbere giteye imbere cyane ku isi – cyitwa T-14 Armata. Ariko nubwo mu gihe gishize cyabonetse mu karasisi ka gisirikare mu gace ka Red Square i Moscow, ntikiraboneka ku rugamba. Byinshi mu bifaru Uburusiya bwajyanye mu ntambara ni ibimaze igihe kinini kurushaho byo mu bwoko bwa T-72, ibifaru bitwara abasirikare n’ibikoresho byabo, imbunda za rutura ndetse n’izirasa ibisasu bya rokete.

Mu ntangiriro y’igitero, Uburusiya bwarutaga Ukraine ku buryo buboneka ku bijyanye no mu kirere, aho indege z’intambara bwari bwegereje umupaka zarutaga ubwinshi iza Ukraine ku kigero cy’indege zirenga eshatu kuri buri ndege imwe ya Ukraine. Benshi mu basesengura ibya gisirikare bibwiraga ko igisirikare cyateye cyari guhita kirusha imbaraga Ukraine mu kirere, ariko ntikirabigeraho. Ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine buracyagaragaza ko bukirimo gutanga umusaruro, bukagabanya ubushobozi bw’Uburusiya bwo gukora icyo bwishakiye.

Uburusiya bushobora kuba bwaranibwiraga ko abasirikare bihariye babwo bazagira uruhare rw’ingenzi mu ntambara, bagashegesha Ukraine mu buryo bwihuse.

Maneko wo ku rwego rwo hejuru wo mu gihugu cyo mu burengerazuba bw’isi yabwiye BBC ko Uburusiya bwatekerezaga ko bushobora kohereza abasirikare bacye nk’abo mu mitwe yihariye ya Spetsnatz na VDV mu “kuvanaho umubare muto w’abarinzi bigahita birangirira aho”.

Ariko mu minsi micyeya ya mbere, igitero cyabo cy’indege ya kajugujugu ku kibuga cy’indege cya Hostomel, hanze gato y’umurwa mukuru Kyiv, cyasubijwe inyuma, bituma Uburusiya budashobora kugira iteme ryo mu kirere ryo gutuma buzana abasirikare n’ibikoresho.

Igifaru cy'Uburusiya cya T-14 Armata, i Moscow mu 2017
Mu karasisi ariko cyabuze ku rugamba – igifaru T-14 Armata cy’Uburusiya

Ahubwo, Uburusiya byabusabye gukoresha ahanini inzira yo mu muhanda mu gutwara ibikoresho byabwo. Ibi byateje umubyigano w’ibinyabiziga no kubyigana mu masangano y’imihanda, bituma byorohera igisirikare cya Ukraine kubatega imitego.

Bimwe mu bifaru biremereye byarenze imihanda, biza guhera mu byondo, byongerera imbaraga ishusho iriho y’igisirikare gifatwa nk'”icyashaye”.

Hagati aho, umurongo muremure w’ibifaru by’Uburusiya wagaragajwe n’amafoto y’ibyogajuru uva mu majyaruguru, na n’ubu wananiwe kugota Kyiv. Intambwe ikomeye cyane yatewe ni mu majyepfo, aho igisirikare cyabwo cyashoboye gukoresha inzira za gariyamoshi mu kugeza ibikoresho ku basirikare.

Minisitiri w’ingabo w’Ubwongereza Ben Wallace yabwiye BBC ko ingabo za Perezida Putin “zatakaje umuhate”.

Yagize ati: “Ziri mu gihirahiro kandi gacye gacye ariko mu buryo bwa nyabwo zirimo gupfusha [abasirikare] cyane”.

Gupfusha abasirikare n’icyizere kiri hasi

Uburusiya bwakusanyije abasirikare barenga 190,000 muri iki gitero kandi benshi muri bo bamaze gukoreshwa ku rugamba. Ariko bumaze gutakaza abagera hafi ku 10% byabo. Nta mibare ntakuka ihari y’umubare w’abo Uburusiya cyangwa Ukraine bamaze gutakaza ku rugamba. Ukraine ivuga ko imaze kwica abasirikare 14,000 b’Uburusiya, nubwo Amerika igereranya ko bishoboka ko ari kimwe cya kabiri cy’uwo mubare.

Abategetsi b’i Burayi n’Amerika bavuga ko hari na gihamya yuko icyizere kirimo kugabanuka mu barwanyi b’Uburusiya, umwe muri abo bategetsi akaba yavuze ko “kiri hasi cyane”. Undi yavuze ko abasirikare “bakonje, bananiwe kandi bashonje” kuko bari baramaze ibyumweru bategerereje mu rubura muri Belarus no mu Burusiya mbere yuko bahabwa itegeko ryo kugaba igitero.

Uburusiya byamaze kuba ngombwa ko bufata ku bandi basirikare bo gusiba icyuho cy’abo bwatakaje, harimo no gufata ku bo mu mitwe y’inkeragutabara (abahoze mu gisirikare) yo mu burasirazuba bw’igihugu no muri Armenia. Abategetsi b’i Burayi n’Amerika bemeza ko “bishoboka cyane” ko abasirikare b’abanyamahanga bavuye muri Syria vuba aha bazinjira mu ntambara, hamwe n’abacanshuro bo mu itsinda Wagner rikora mu buryo bw’ibanga.

Umusirikare wo ku rwego rwo hejuru wo muri OTAN yavuze ko ibi ari ikimenyetso cyuko Uburusiya “burimo gukonoza mu ndiba y’ikibindi”.

Ibikoresho n’imikorere

Uburusiya bwagowe n’iby’ibanze.

Hari imvugo imaze igihe kinini ikoreshwa mu gisirikare ivuga ko abatabizi bavuga ku mayeri y’urugamba mu gihe abanyamwuga bo biga ku mikorere n’ibishoboka.

Hari gihamya igaragaza ko Uburusiya butatekereje neza kuri iyo mvugo. Imirongo y’ibifaru yashiranywe n’ibitoro, ibiryo n’amasasu. Imodoka zarapfuye zisigwa aho ngaho, nyuma yaho zikwegwa n’imodoka za Ukraine zikora imihanda.

Abategetsi b’i Burayi n’Amerika banemeza ko Uburusiya bushobora kuba burimo gushiranwa n’ibikoresho bya gisirikare bimwe na bimwe. Bumaze kurasa ibisasu biri hagati ya 850 na 900, bigera kure kandi neza neza aho byoherejwe, birimo na misile zo mu bwoko bwa ‘cruise missiles’, bigoranye cyane kubona ibibisimbura ugereranyije n’ibisasu bitayoborwa.

Abategetsi bo muri Amerika baburiye ko Uburusiya bwiyambaje Ubushinwa ngo bubufashe gucyemura ikibazo cya bimwe mu bikoresho bidahagije.

Ku rundi ruhande, intwaro zitanzwe n’Uburayi n’Amerika zikomeje kwisukiranya zijya muri Ukraine, bikaba byarongereye icyizere abasirikare bayo. Amerika imaze gutangaza ko izaha Ukraine inyongera ya miliyoni 800 z’amadolari y’ubufasha bwa gisirikare. Hamwe n’ibindi bisasu bya misile bisenya ibifaru n’ibihanura indege, byitezwe ko ubwo bufasha buzaba bunarimo indege nto zitagira umupilote (drones) zikorwa n’Amerika z'”ubwiyahuzi” (zisenyukira ku cyo zirasheho) zishobora gutwarwa mu gikapu cyo mu bitugu, mbere yuko zoherezwa gutera igisasu gito zigitera aho zoherejwe ku butaka.

Abategetsi b’i Burayi n’Amerika baracyaburira ko Perezida Putin ashobora “kongera ubugome kurushaho”. Bavuga ko agifite intwaro zihagije zishobora kurasa imijyi ya Ukraine “mu gihe kinini”.

Nubwo yahuye n’imbogamizi, maneko umwe yavuze ko Perezida Putin “ntibishoboka ko azacika intege ndetse ahubwo ashobora gukaza umurego. Birashoboka ko agifite icyizere ko Uburusiya bushobora gutsinda Ukraine mu bya gisirikare”. Kandi nubwo igisirikare cya Ukraine cyagaragaje kwihagararaho gukomeye, uwo maneko yaburiye ko mu gihe nta kongererwa ibikoresho cyane kubayeho na cyo gishobora “nyuma gushirirwa n’amasasu no mu mibare [y’abasirikare]”.

Ibintu ubu bishobora kuba ari byiza kurusha ibyibazwaga ubwo intambara yatangiraga, ariko bisa nkaho bikigoye Ukraine kuba yatsinda.

209 thoughts on “Igisirikare cy’Uburusiya kitwaye nabi ku rugamba muri Ukraine,ibintu byatunguranye.Menya amakosa ya gisirikare bwakoze!

  1. Have you ever thought about creating an e-book or guest
    authoring on other sites? I have a blog centered on the same topics you discuss
    and would really like to have you share some stories/information. I know my viewers would
    appreciate your work. If you’re even remotely interested, feel free to
    shoot me an e-mail.

  2. Hey! Do you know if they make any plugins to help with Search Engine
    Optimization? I’m trying to get my blog to rank for some targeted keywords
    but I’m not seeing very good gains. If you know of any please share.
    Appreciate it!

  3. Howdy, i read your blog from time to time and i own a similar one
    and i was just curious if you get a lot of spam feedback?

    If so how do you protect against it, any plugin or anything you can suggest?
    I get so much lately it’s driving me mad so any assistance is
    very much appreciated.

  4. That is really fascinating, You are an overly skilled blogger.
    I have joined your rss feed and stay up for in the hunt for extra of your wonderful post.
    Additionally, I’ve shared your web site in my social networks

  5. Hello my loved one! I wish to say that this article is awesome, great written and come with almost all important infos.
    I would like to see more posts like this .

  6. I really like your blog.. very nice colors & theme. Did you create this website yourself or did you hire someone to do it for you?
    Plz answer back as I’m looking to design my own blog and would like to find out where u got this from.
    appreciate it

  7. Pretty section of content. I just stumbled upon your
    site and in accession capital to assert that I get actually
    enjoyed account your blog posts. Anyway I will be subscribing to your feeds and even I achievement you access consistently
    fast.

  8. Thanks for another fantastic article. Where else could anyone get that kind
    of information in such a perfect method of writing? I have a presentation subsequent week,
    and I’m on the look for such information.

  9. Superb blog! Do you have any tips for aspiring writers?
    I’m hoping to start my own blog soon but I’m a little
    lost on everything. Would you recommend starting with
    a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many options out
    there that I’m completely confused .. Any suggestions?
    Many thanks!

  10. I blog frequently and I seriously thank you for your
    content. This great article has really peaked my interest.
    I will bookmark your website and keep checking for new details about once per week.
    I subscribed to your Feed as well.

  11. My brother suggested I might like this blog. He was totally right.
    This post truly made my day. You can not imagine just how much time I had spent
    for this information! Thanks!

  12. Magnificent goods from you, man. I’ve understand your stuff previous to and you’re just
    extremely great. I really like what you’ve acquired here, really like what you’re stating
    and the way in which you say it. You make it entertaining and
    you still take care of to keep it smart. I cant
    wait to read much more from you. This is actually a great website.

  13. Hmm it appears like your site ate my first comment (it was super long) so I
    guess I’ll just sum it up what I had written and say, I’m thoroughly enjoying your blog.
    I too am an aspiring blog blogger but I’m still
    new to everything. Do you have any tips for first-time blog writers?
    I’d definitely appreciate it.

  14. Right here is the right web site for anyone who wants to understand this topic.
    You understand so much its almost tough to argue with
    you (not that I really will need to…HaHa). You certainly put a
    new spin on a subject which has been discussed for years.
    Wonderful stuff, just great!

  15. I am not positive where you’re getting your info, however good topic.

    I needs to spend a while studying much more or working out more.
    Thank you for excellent info I was in search of this info for my mission.

  16. Woah! I’m really enjoying the template/theme of this blog.
    It’s simple, yet effective. A lot of times it’s
    difficult to get that “perfect balance” between superb usability and visual appearance.
    I must say that you’ve done a great job with this.

    Also, the blog loads extremely fast for me on Opera.
    Outstanding Blog!

  17. Hi! I could have sworn I’ve been to this site before but after going through a few of the
    posts I realized it’s new to me. Anyhow, I’m certainly pleased I found it and I’ll be
    bookmarking it and checking back often!

  18. hello there and thank you for your info – I have definitely picked up something new from right here.
    I did however expertise several technical issues
    using this site, since I experienced to reload the site a lot of times previous to I could get it to
    load properly. I had been wondering if your web hosting is OK?
    Not that I’m complaining, but sluggish loading instances times will often affect your placement in google and could damage
    your quality score if advertising and marketing
    with Adwords. Anyway I am adding this RSS to my email and could look out for much more
    of your respective fascinating content. Make sure you update this
    again soon.

  19. Hi there! I know this is kind of off topic but I was wondering if you knew where I
    could find a captcha plugin for my comment form? I’m using
    the same blog platform as yours and I’m having trouble finding one?
    Thanks a lot!

  20. Undeniably believe that which you stated. Your favorite justification appeared to be
    on the web the easiest thing to be aware of. I say to you,
    I definitely get irked while people think about worries
    that they just don’t know about. You managed to hit the nail
    upon the top and defined out the whole thing without having side effect , people could take a signal.

    Will likely be back to get more. Thanks

  21. A fascinating discussion is worth comment. There’s no doubt that that you need to write more on this
    subject matter, it might not be a taboo subject but usually people do not discuss such issues.
    To the next! Best wishes!!

  22. My brother suggested I might like this blog. He was totally right.
    This post truly made my day. You can not imagine simply how much
    time I had spent for this info! Thanks!

  23. Great post. I used to be checking continuously this weblog and I am
    inspired! Very useful information specifically the
    last section 🙂 I take care of such info a lot. I was looking for this particular information for a very lengthy time.
    Thanks and good luck.

  24. Thanks for another informative website. The place else could I am getting that kind of information written in such an ideal approach?
    I’ve a challenge that I’m just now working on, and I have been on the look
    out for such information.

  25. Hey There. I found your blog the usage of msn. This is a really smartly written article.
    I will make sure to bookmark it and come back to read extra of your useful information. Thank you for the post.

    I will definitely comeback.

  26. Nice post. I was checking continuously this
    blog and I’m impressed! Very helpful info specifically
    the last part 🙂 I care for such information a lot. I was seeking this particular information for a very long time.
    Thank you and good luck.

  27. The other day, while I was at work, my cousin stole my iphone and tested
    to see if it can survive a twenty five foot drop,
    just so she can be a youtube sensation. My apple ipad is now broken and she has 83 views.
    I know this is totally off topic but I had to share it with someone!

  28. Magnificent beat ! I would like to apprentice even as you amend your website, how
    can i subscribe for a blog website? The account aided me a appropriate deal.
    I have been tiny bit acquainted of this your broadcast
    offered vivid transparent idea