Iwacu mu cyaro…….Insina/intsina mu cyaro cy’iwacu

Jean Claude NKUBITO

Twari tumenyeranye tuganira ku mibereho ya buri munsi y’abanyarwanda. Tukavuga ubukwe tukavuga ubunnyano tukavuga imibereho y’abanyeshuri…Uyu munsi reka tuve mu byakorwaga mu buzima bwa buri munsi turebere hamwe icyatungaga abantu, aho bakuraga ubutunzi. Uyu munsi reka tugaruke ku nsina, icyo yari imaze mu cyaro cy’iwacu i Shangi, iwacu ku Mugera, ariko urebye ni mu Kinyaga hafi ya hose.

Nahera nko ku ndirimbo yaririmbwaga mu byaro bayiririmbira abasore n’abakobwa bagira bati «Ihi mawe, ihi mawe haguruka ugende so yariye iby’abandi, ihi mawe…Nta munani uteze mu rwa so, umunani wawe ni ivalisi, undi munani ni sandali, naho umuhungu ni insina y’urutoki ». Aha ni mu gihe nyine amategeko y’izungura yari atarazirikana abakobwa n’abagore.

Umukobwa baramubwiraga bati wowe bazakugurira amajyambere/ ibyo bita ibirongoranwa, bakwambike ugende ujye mu rw’abandi. Ariko urugo ugiyemo, umusore uzasanga we bazamuha insina y’urutoki ngo abeho/mubane, ndetse mu kinyarwanda baranavuga ngo agutunge. Ntibavuga ko umusore bazamuha ishyamba, ntibavuga ko bazamuha isambu, bamubwira ko bazamuha insina y’urutoki ngo atunge urugo rwe.

Insina rero ikaba ingirakamaro mu Kinyaga. Aho yemwe zikabamo ubwoko bwinshi. Zikabamo iz’ibitoki biribwa byitwa inyamunyu, birimo iyo bita injagi cyangwa se Barabeshya ikagira intete ndende ari byo bamwe bita amabere y’ibitoki. Hakabamo indi nyamunyu yitwa Mitoki, ikaba ngufi ndetse yemwe n’intete zayo zikareshya n’intete z’ibitoki byengwa bitanga urwagwa tugarukaho. Mu nyamunyu habamo na none ingenge, ikaba ngufi, intete zayo zikaba ngufi cyane, ariko ikaryoha cyane. Habaho rero ibitoki bitanga urwagwa n’umutobe, iwacu byitwa intuntu cyangwa mazizi. Bikagira amakakama, ariko ayo makakama akaba ari yo abigwizamo umutobe uvamo urwagwa.

Mu myaka ya za 1980 ariko hadutse n’izindi ntsina zifite amabara atari icyatsi kibisi, zenda kweruruka bita Gisubi zakundaga kuboneka mu Bugarama. Gisubi ikagira umutobe mwinshi kandi ariko ikengwa idahiye cyane kuko yashoboraga gutema ku buryo bworoshye . Hari kandi indi ntsina y’intete ngufi zimeze nk’imaramasenge ariko ndende gato inanutse. Iyo na yo bayiburiye izina bayita Bavumbanyinshi byo kuvuga ko inzoga yayo itagombye guhagurutsa abavumbyi. Izi n’ubwo zasaga n’imaramasenge zagiraga impumuro itanoze cyane bigatuma abana batabikundaho imineke, ahubwo bikagira umutobe mwinshi cyane. Bikaba ariko byiza kuko byeraga n’ahantu hatera cyane.

Hari na none intsina z’imineke, izo zikabamo imaramasenge isanzwe izwi y’intete ngufi z’icyatsi kibisi cyenda kuba umuhondo, ikagira imineke iryoshye cyane abana bakayikunda. Hari ikindi gitoki cy’imineke mu Kinyaga bitaga Madamu, intete zacyo zigasa n’imaramasenge ariko zikaba nini gusa ngufi. Ikindi gitoki cy’imineke kizwi na cyo ni ikitwa Gros Michel, ibi bikaba byaraturutse mu kigo cya ISAR, ariko muri za 1978 hari ababigiraga bikomotse mu gihugu cy’i Burundi. Ibyo muri ISAR byaje kuza bifite intete zitubutse ndetse binazana n’ibindi bimeze nka byo ariko byo by’icyatsi kibisi cyane. Byose bigatanga imineke abana bakayikunda cyane. Hakaba igisukari cy’ibara ritukura, hakaba n’ikinyangurube kigufi, ariko kigira igitoki kirekire. Izo zose zigatanga imineke.

Hari andi moko y’ibitoki rero bidasanzwe, birimo ibyitwa imishaba y’uruti rukomeye, iyo ikaba ari ibitoki bitekwa, imeze nk’ibyo abntu bakunze kwita imizuzu muri iki gihe. Na yo ikaba yarinjiye mu Kinyaga ikomotse mu gihugu cy’abaturanyi cy’u Burundi, ikabanza mu karere ka Bugarama, ikaba ikunda kwera neza ahantu hashyushye. Hari ikindi gitoki kitwa Igihuna, icyo urebye uretse gutanga isaso y’ikawa ntacyo kimaze kindi. Kuko ntiwagiteka ngo kikuryohere kuko kigira amakakama, ntiwanagitara ngo ucyenge kuko cyatemyaga ibitoki.

Ntekereza ko abamenyereye inyandiko z’iwacu mu cyaro mwibajije impamvu mvuze insina simvuge ibishyimbo simvuge inturusu simvuge inka. Abo mu cyaro munkurikiye nimumfashe dukorene uru rugendo rw’umunsi murebe akamaro nabonanye insina mu cyaro.

Umunsi wo kwenga ibitoki abana baryaga imineke. Ibitoki byamara kureta bakanywa umutobe. Ku manywa bakabatekera ibishyimbo n’ibitoki. Bajya kuryama bakabasasira amashara/amakoma y’insina yumye arambuyeho imisambi iboshye mu birere by’ingabo bikomoka mu bihokohoko/ibivovo by’umutumba w’insina. Habaga n’ubwo babaga baryamye mu nzu isakaje ibirere by’ingabo. Mu kirambi hashashe imisambi y’ibirere/ibihunda by’ingabo.

Ngaho nimumbwire icyabaga gisigaye nko umuntu ahinduke igitoki we ubwe uretse kumera umwanana !

Turetse urwenya ariko, nta muntu wize amashuri yisumbuye wo mu cyaro utazi ko yishyurirwaga n’urwagwa iwabo bagurishaga rimwe cyangwa kabiri mu kwezi. Ikindi na none iyo Komini yazaga kukwishyuza umusoro wa 400 wababwiraga ko ufite igitoki ku rusenge. Wakwenga ugatara urwagwa ukayavanamo ugasora umusoro w’umutwe ni ko bawitaga. Ukaba uguze umutwe wawe amafaranga avuye mu nzoga. Nta bukwe bwashobokaga mu Kinyaga nta rwagwa. Ntabwo washoboraga gusasira ikawa utagira insina uvanaho amakoma yahonze cyangwa yumye ukayasasiza. Ntiwashoboraga kubaka urusika, urugo, guparata inzu isanzwe udakoresheje imigozi y’ibirere by’insina. Ikiziriko cy’inka n’ihene wakibohaga mu birere. Umwana iyo yariraga batarahisha bamukoreraga ku rusenge bakamuha umuneke akaba atuje agategereza ko bahisha.

Insina nakuze ari byose mu cyaro. Kutagira insina kwari kuba ari ukuburanirwa.

Ubwo kandi wumva no guteka, inyamunyu si yo yari kamara. Mu gihe cy’ibagara aho bita muri gashogoro, abantu bacaga igitoki cy’ikakama/ mazizi(inkashi) bakagitonora bakacyanika . Cyakuma bakagiteka ku bishyimbo ku babifite cyangwa bakakirisha imboga rwatsi bakaramuka.

Inka yaburaga icyo irya ugatema umutumba ukayihereza ikarya. Na none yakamwaga amata ataryoshye ariko ntiyapfaga.

Insina ni yo ihemba umubyeyi wabyaye, hari ako kagwa ariko hakaba n’iyo nyamunyu bamwokereza. Insina itwikurura umugore waraye arongowe, mu mitwa bajyana ku mukwe haba harimo n’igitoki.

Mu bukwe insina yabaga yatanze inzoga n’umutobe w’ubukwe. Igatanga imisambi yo gusasa aho ubukwe bwabereye. Igasakara igisharagati, igatanga imigozi yo gusana inzu n’urugo. Hanyuma muri ibi bihe barya mu bukwe bakanazimanira abakwe ibitoki byumukije mu mavuta n’inyama. Insina rero yabaga ari igisubizo cy’ibibazo byose wibazaga mu cyaro.

Mu myaka ya za 1985 abantu bari basigaye barya mushikaki z’ihene n’ibitoki byokeje, n’ubu biriho.Ubwo wumva kandi aho insina yaberaga iya mbere buriya iyo waziteye neza unazihingamo imyaka nk’ibishyimbo n’ubunyobwa. Aho ziri ari inzitane y’urutoki ukazihingamo amateke n’imigozi y’ibijumba ya Nyiragahurura.

Kuvuga ibigwi by’insina rero si ikindi ni uko ubutunzi bwo mu cyaro bwari buyishingiyeho, ariko ikagira na none umwihariko wo kuba mucyurabuhoro, INZOGA NI MUCYURABUHORO,ikaba gahuzamiryango.

Uwashyingiwe akenera inzoga, uwabyaye agakenera inzoga, n’uwapfushije agashyirwa inzoga y’ibiyagano.

Izo nzoga zose kandi zigakenerwa kuko ibirori byahuzaga abantu bakanywa bose nta n’umwe usigaye, kandi iwacu abahuye basangiraga akagwa. N’ubwo insina yabaga ifite ako gaciro, yari na kamara mu mubano w’abantu kuko n’ubwo kubaho ari ukubana ni koko, ariko iwacu mu cyaro kubaho ni ukuvumbana. Uhishije urwagwa umuntu ntakuvumbe wakwibajije icyo akujijije. Uwo mubanye cyane we waranahishaga ukamusukira.Ubu ndabizi hari ab’iwacu batihanganira ko nsoza ntavuze ko mu Kinyaga inzoga ikurwa n’iyindi mu nzu. Uhisha none ugasengereza. Mu minsi itatu ukenga ibyapfubye ugashyira mu kibindi cy’imbetezi/urukoma. Nyuma y’iminsi ibiri ukaba ufite urwagwa uguma kunywa iwawe kugeza ubwo uhishije indi cyangwa umuturanyi akagusukira.

N’ubwo nzi ko abantu batangiye kutubwira kunywa amazi, ariko rwose mu cyaro iwacu ntibanywaga amazi dore ko yabaga atanafite isuku nyinshi, ngo amazi atera inzoka ni ko numvaga.

Abagore banywaga izo mbetezi zihora zivugururwa zishyirwamo umutobe w’ibyapfubye, abagabo na bo bakajya kunywera ku kabari dore ko abasengerezi babaga bataranahise bishyura. Umugabo yakurikiraga izo yagurishije akaba anywaho agacupa bakazamwishyura asigaye.

Nakundaga cyane ku mugoroba abagabo batashye baririmba banezerewe kandi nta muntu ubafata ngo barahungabanya umutekano. Abasinzi bo ku musozi bari bazwi. Gusa urebye…bari bose ndetse na mwarimu yatahaga yarusomye uretse ko we ataririmbaga. Kera habayeho.

Jean Claude NKUBITO

28 Werurwe 2022

106 thoughts on “Iwacu mu cyaro…….Insina/intsina mu cyaro cy’iwacu

  1. Good day! This is my first visit to your blog! We are a
    group of volunteers and starting a new project in a community in the same niche.
    Your blog provided us useful information to work on. You have done a outstanding job!

  2. naturally like your web site however you have to check the
    spelling on quite a few of your posts. Many of
    them are rife with spelling problems and I to find it very troublesome to inform the reality then again I will
    certainly come again again.

  3. Hey there would you mind sharing which blog platform you’re using?
    I’m going to start my own blog in the near future but
    I’m having a difficult time choosing between BlogEngine/Wordpress/B2evolution and Drupal.
    The reason I ask is because your layout seems different then most blogs and I’m looking
    for something unique. P.S Apologies for being off-topic but
    I had to ask!

  4. you are truly a just right webmaster. The site loading velocity is incredible.
    It seems that you are doing any unique trick. Also, The contents are masterwork.
    you have done a magnificent job on this subject!

  5. You’re so awesome! I do not believe I’ve read through a single thing like this before.

    So nice to find someone with a few genuine thoughts on this issue.
    Really.. thanks for starting this up. This web site is
    one thing that is needed on the internet, someone with a little originality!

  6. Hi there to all, the contents existing at this web page are genuinely awesome for
    people knowledge, well, keep up the nice work fellows.

  7. After looking at a few of the blog posts on your website, I honestly appreciate your way of
    writing a blog. I saved it to my bookmark website
    list and will be checking back in the near future. Please check out my web site too and tell me your
    opinion.

  8. I have not checked in here for a while as I thought it was getting boring, but the last several posts are great quality so I guess I will add you back to my everyday bloglist. You deserve it my friend 🙂

  9. hello there and thank you in your info – I’ve certainly picked up something new from proper here. I did then again experience several technical points using this site, since I skilled to reload the website a lot of times prior to I may just get it to load properly. I have been pondering if your hosting is OK? Now not that I am complaining, however slow loading instances times will often impact your placement in google and could injury your high-quality ranking if ads and ***********|advertising|advertising|advertising and *********** with Adwords. Anyway I’m adding this RSS to my email and could look out for a lot extra of your respective fascinating content. Ensure that you update this once more soon..

  10. What i do not understood is in fact how you are not really a lot more well-preferred than you might be right now. You’re so intelligent. You know therefore considerably with regards to this topic, produced me in my opinion imagine it from a lot of varied angles. Its like women and men don’t seem to be fascinated unless it?¦s something to do with Girl gaga! Your personal stuffs nice. At all times deal with it up!

  11. This is very interesting, You’re a very skilled blogger. I have joined your feed and look forward to seeking more of your fantastic post. Also, I’ve shared your website in my social networks!

  12. Thank you a bunch for sharing this with all people you actually understand what you are speaking approximately! Bookmarked. Please additionally talk over with my website =). We will have a link trade arrangement among us!

  13. Great – I should definitely pronounce, impressed with your site. I had no trouble navigating through all tabs as well as related information ended up being truly easy to do to access. I recently found what I hoped for before you know it in the least. Quite unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or something, web site theme . a tones way for your client to communicate. Nice task..

  14. I have not checked in here for a while because I thought it was getting boring, but the last several posts are great quality so I guess I?¦ll add you back to my daily bloglist. You deserve it my friend 🙂

  15. Thank you for every other informative site. Where else may just I get that kind of information written in such an ideal approach? I have a challenge that I am simply now running on, and I have been at the glance out for such info.

  16. Excellent read, I just passed this onto a friend who was doing a little research on that. And he just bought me lunch because I found it for him smile Therefore let me rephrase that: Thanks for lunch! “Feeling passionate about something is like getting a peak at your soul smiling back at you.” by Amanda Medinger.

  17. I have been absent for a while, but now I remember why I used to love this web site. Thank you, I¦ll try and check back more often. How frequently you update your site?

  18. You actually make it seem so easy with your presentation but I to find this topic to be actually something which I think I would by no means understand. It kind of feels too complex and very vast for me. I’m having a look ahead for your subsequent put up, I¦ll try to get the grasp of it!

  19. Attractive section of content. I just stumbled upon your weblog and in accession capital to assert that I get in fact enjoyed account your blog posts. Any way I’ll be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently fast.

  20. I’m not that much of a online reader to be honest but your sites really nice, keep it up! I’ll go ahead and bookmark your site to come back in the future. Cheers

  21. I’ve been absent for a while, but now I remember why I used to love this site. Thanks, I will try and check back more often. How frequently you update your website?

  22. The next time I learn a weblog, I hope that it doesnt disappoint me as much as this one. I mean, I know it was my choice to learn, however I really thought youd have something interesting to say. All I hear is a bunch of whining about something that you can repair if you werent too busy looking for attention.

  23. I would like to thnkx for the efforts you have put in writing this blog. I am hoping the same high-grade blog post from you in the upcoming as well. In fact your creative writing abilities has inspired me to get my own blog now. Really the blogging is spreading its wings quickly. Your write up is a good example of it.

  24. Write more, thats all I have to say. Literally, it seems as though you relied on the video to make your point. You obviously know what youre talking about, why throw away your intelligence on just posting videos to your weblog when you could be giving us something informative to read?

  25. I like this site very much, Its a real nice office to read and obtain info . “Practice, the master of all things.” by Augustus Octavius.

  26. Magnificent site. Lots of useful info here. I’m sending it to several friends ans also sharing in delicious. And naturally, thanks for your effort!

  27. What Exactly is Tonic Greens? Tonic Greens is a dietary supplement that has proven effective in helping many people manage the herpes virus and boost their immune systems without adverse effects.

  28. Hi there! This is kind of off topic but I need some advice from an established blog. Is it tough to set up your own blog? I’m not very techincal but I can figure things out pretty quick. I’m thinking about making my own but I’m not sure where to begin. Do you have any ideas or suggestions? Appreciate it

  29. Hi there are using WordPress for your blog platform? I’m new to the blog world but I’m trying to get started and set up my own. Do you require any html coding knowledge to make your own blog? Any help would be greatly appreciated!

  30. It’s appropriate time to make some plans for the future and it is time to be happy. I’ve read this post and if I could I wish to suggest you few interesting things or suggestions. Perhaps you can write next articles referring to this article. I desire to read more things about it!

  31. I haven¦t checked in here for a while because I thought it was getting boring, but the last few posts are good quality so I guess I¦ll add you back to my daily bloglist. You deserve it my friend 🙂

  32. Those are yours alright! . We at least need to get these people stealing images to start blogging! They probably just did a image search and grabbed them. They look good though!

  33. Wow! This can be one particular of the most beneficial blogs We have ever arrive across on this subject. Basically Wonderful. I am also an expert in this topic so I can understand your hard work.

  34. What Is ZenCortex? ZenCortex is a natural supplement that promotes healthy hearing and mental tranquility. It’s crafted from premium-quality natural ingredients, each selected for its ability to combat oxidative stress and enhance the function of your auditory system and overall well-being.

  35. FitSpresso: What Is It?FitSpresso is a natural weight loss aid designed for individuals dealing with stubborn weight gain. It is made using only science-backed natural ingredients.

  36. Appreciating the persistence you put into your site and in depth information you offer. It’s great to come across a blog every once in a while that isn’t the same out of date rehashed material. Great read! I’ve bookmarked your site and I’m adding your RSS feeds to my Google account.

  37. I have been browsing on-line greater than 3 hours lately, yet I never found any interesting article like yours. It is beautiful worth enough for me. Personally, if all website owners and bloggers made good content as you did, the net can be much more useful than ever before. “I thank God for my handicaps, for through them, I have found myself, my work and my God.” by Hellen Keller.

  38. Wonderful blog! Do you have any tips for aspiring writers? I’m hoping to start my own site soon but I’m a little lost on everything. Would you recommend starting with a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many options out there that I’m completely confused .. Any suggestions? Appreciate it!

  39. hello!,I like your writing very much! share we communicate more about your post on AOL? I need an expert on this area to solve my problem. Maybe that’s you! Looking forward to see you.

  40. Generally I don’t read post on blogs, but I would like to say that this write-up very pressured me to take a look at and do it! Your writing taste has been amazed me. Thanks, very nice article.

  41. I as well as my friends appeared to be digesting the excellent information and facts located on your website then the sudden I had an awful feeling I never expressed respect to you for those secrets. The guys came joyful to study all of them and have in effect quite simply been using those things. We appreciate you simply being really kind as well as for selecting some terrific resources most people are really needing to learn about. Our own sincere regret for not expressing appreciation to you earlier.

  42. I wanted to thank you for this great read!! I definitely enjoying every little bit of it I have you bookmarked to check out new stuff you post…

  43. A lot of thanks for every one of your work on this website. My mum enjoys engaging in internet research and it’s really easy to see why. A number of us notice all concerning the powerful manner you render simple solutions on this web site and improve response from visitors on that subject matter plus our own child is now learning a lot. Take advantage of the rest of the year. You are always carrying out a stunning job.

  44. Superb website you have here but I was curious about if you knew of any discussion boards that cover the same topics discussed here? I’d really like to be a part of group where I can get comments from other experienced individuals that share the same interest. If you have any suggestions, please let me know. Many thanks!

  45. Hi there, I found your web site via Google while looking for a related topic, your website came up, it looks great. I’ve bookmarked it in my google bookmarks.

  46. I’m not sure exactly why but this web site is loading very slow for me. Is anyone else having this problem or is it a problem on my end? I’ll check back later and see if the problem still exists.

  47. I?¦m no longer sure where you’re getting your information, however great topic. I must spend a while finding out much more or figuring out more. Thanks for excellent info I was looking for this info for my mission.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *