Rémy RUGIRA
Niko bigenda iyo uwo urega ari nawe uregera. Muhizi wambuwe utwe ku manywa y’ihangu bakabyita imitungo idafite nyirayo kandi ahari, ubu noneho Leta ya Paul Kagame ibinyujije mu rwego rwa RIB yamaze guta muri yombi Muhizi akurikiranyweho icyaha bise icyo “gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera” n’ikindi bise “gukoresha inyandiko mpimbano”, ibyaha bavuze ko biteganywa kandi bihanwa n’ingingo za 262 na 276 z’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange.Uyu Kagame yari yatanze iminsi itatu ikibazo cye kikaba cyavuye mu nzira none koko ya minsi itarashira niwe bakuye mu nzira.
Muhizi Anatole, yavuze ko yimwe ibyangombwa by’ubutaka birimo inzu iherereye mu Murenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi,aho inzego zose zashakaga gukemura ikibazo cye zikababwa kuko uwamwambuye imitungo ye ari umuntu ukomeye kandi ko na Banki Nkuru y’u Rwanda BNR iyoborwa na mubyara wa Paul Kagame ubwe yamuriganyije. None Paul Kagame abinyujije muri RIB bavuze ko ahubwo ari we wanze kuva mu nzu y’abandi,kandi ko byemejwe n’Urukiko.
RIB ivuga ko kuri ibu Muhizi afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Remera mu Karere ka Kicukiro mu gihe ibyo bita iperereza rikomeje.
Ku ya 27 Kanama 2022, ni bwo Muhizi yaregeye Perezida wa Repubulika Paul Kagame, avuga ko Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yamwambuye inzu ye.
Perezida Kagame yari akomeje uruzinduko mu gikorwa cyo gusura abaturage mu Karere ka Nyamasheke. Muhizi yamubwiye ko umutungo yariganyijwe ugizwe n’inzu yari yaraguze n’uwahoze ari umukozi wa BNR witwa Rutagengwa Jean Leon mu 2015. Yavugaga ko yabikoze nyuma yo kubaza muri RDB bakamubwira ko iyo nzu itari ingwate ya Banki.
Umuvugizi wa RIB, Dr Thierry B. Murangira agira ati
RIB ngo yaje no kubona ibimenyetso bigaragaza ko BNR yandikiye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imicungire y’Ubutaka isaba gufatira uwo mutungo, nyuma yo gutsinda Rutagengwa ari na we wagurishije Muhizi nyuma.
Muhizi avuga ko yamenye ko iyo nzu ari ingwate ubwo yajyaga gusaba icyangombwa cy’ubutaka. Nyuma ngo yaje gutsindwa mu kirego yagejeje mu Rukiko Rukuru rwa Nyanza.N g’uko uko bamubindikiranyije.
ISESENGURA RYA MAITRE VALENTIN AKAYEZU KURI IBI BYAHA LETA IDODEYE BWANA MUHIZI ANATOLI
ICYAHA CYA MUHIZI ANATOLI NI KIMWE: GUTINYUKA KUBWIRA KAGAME KO INZEGO ZOSE Z’IGIHUGU ZIDAKORA. IMINSI ITATU YARI YATANZWE YARI IYO KUMOKORERA DOSIYE?
TWIZERE KO NA RIBERAKURORA WABWIJE KAGAMWE UKURI KUKO ABO BAFITANYE AMASANO BAYOGOJE RUBANDA BABAMBURA IBYABO BITWAJE GUKOMERA KWABO, NAWE ATISANGA MU MABOKO YA RIB. UMWETE RIB IGIRA MU KWIRUKA KURI RUBANDA RWA GISESEKA, NINAWUGIRE IGENZA IBYAHA BYA MUTANGANA!!
RIB KUKI IDAKORA AMAPEREREZA KURI MUTANGANA? ESE MUTANGANA YARABESHYEWE NTIYAMBURA RUBANDA YITWAJE ISANO AFITANTE NA KAGAME? KUKI IBYO BIZINZIKWA BAKABA BIHUTIYE KUJOGA IMPAPURO Z’UMUTURAGE MUHIZI BASHAKAMO IBYAHA BYO GUKORESHA INYANDIKO MPIMBANO?
HARYA NGO KUVUGA IBI NI UKURWANYA LETA, NI UKUBA UMWANZI W’IGIHUGU?
KUBINDI NARI NAVUZE KURI RIBERAKURORA, WASOMA HANO NAHO:
IMINSI ITATU ITAGIRA AHO IHERA NAHO IRANGIRIRA: IBURABUYEZWA RY’UMUTURAGE MUHIZI ANATOLI MU NZEGO ZITWA KW’ARIZO ZAMURENGERA
-Byahereye kuri Nyakubahwa Kagame mu 2015 ategeka uwahoze ari Ministri Mukabaramba Alivera ko bitarenze iminsi itatu, ikibazo cy’umuturage kiba gikemuwe;
– Abayobozi b’akarere ka Kamonyi babwira Muhizi Anatoli ko mu minsi itatu ikibazo cye kiba gikemuwe;
-Urwego rw’Umuvunyi rubyinjiramo, rubwira Muhizi Anatoli ko bitarenze iminsi itatu aba acyemuriwe ikibazo;
-Umutwe w’Abadepite mu nteko ishingamategeko bashyiraho komisiyo nayo yijeje Muhizi Anatoli ko mu minsi itatu aba acyemuriwe ikibazo;
-Ministiri Alivera Mukabaramba washinzwe na Kagame gucyemura ikibazo cya Muhizi Anatoli mu minsi itatu, nawe yiyongeraho ibye ko mu minsi itatu ikibazo kizaba cyakemuwe;
-Mu 2022, Kagame yijeje umuturage ko mu minsi itatu azaba acyemuriwe ikibazo. Ministeri Gatabazi n’ushinzwe Polisi bahawe iminsi itarenga itatu yo kuba bacyemuye ikibazo cya Muhizi Anatoli.
Ese tugire icyizere ko mu 2028, ubwo Kagame azaba akora ingendo zitegura kwiyamamaza mu 2029, atazongera kubwira Muhizi Anatoli ko atanze iminsi itarenga itatu yo kuba ikibazo cye gicyemuwe?
Tubitege amaso!!
RIBERAKURORA NA NYAKUBAHWA “LE GRAND LEOPARD” UDAHANGARWA
Umugabo RIBERAKURORA ni umwe mu bashoboye kwandika amateka adasanzwe mu muri iyi minsi ishyira impera za 2022. Uyu Riberakurora yatinyutse guhangara atarya iminwa, guhangara mu Ijisho ry’ingwe maze ayibwira adaciye ku ruhande, bimwe biyikurugutura mu gutwi igasaragagurika. Nubwo Riberakurora yutswe inabi ariko yararikocoye. Dore Ukuri yanze gupfana:
-Nyakabuhwa Le Grand Léopard izirusha gukomera zose, mutubwira ko igihugu cyacu kigendera ku mategeko (État de droit/State governed by Rule of Law), ariko ibyo inzego zigize Leta yanyu zikora, bihakana cyangwa bivuguruza ibyo mubwira abaturage…..
-Riberakurora ati kandi sibyo gusa, ubu mvuga ubu, hari mwenewanyu wayogoje ibya rubanda abyihesha ku gitugu kubera gusa ko ari mwenewanyu!!! Ingwe ikozwe mu jisho, iti uwo ni mwenewanyu ariko? RIBERAKURORA ati reka daaa! Ntabwo wanyumvise neza nyakubahwa, Mutangana ni mwenewanyu. Ingwe biyanga mu nda iti ntabwo muzi. Ariko byo kwijijisha iti turaza kugicyemura!!
Muti cyakemuwe gite rero?
Ingwe yaragiye ikora ku bacakara bayo, maze babirindura amategeko barayacurika bati RIBERAKURORA arigiza nkana cyane! Arirengagiza uko dukora ko uwo turiye utwe, tumuhatira intica ntikize, yabyanga agahitamo guceceka cyangwa yagira izima tukamufajyiya!! Ingwe iti niko bimeze RIBERAKURORA yashatse kuzamura umugara? Ingwe ibwira abacakara bayo bose iti “case closed”, sinzongere kumva izina RIBERAKURORA ndetse Arthur Asiimwe wa RBA yaba ari hano? Ikibazo cya RIBERAKURORA ntikigomba no kugaragara muri TV coverage y’iyi nkuru!!
Nguko uko umugabo RIBERAKURORA wajombye igiti mu jisho ry’Ingwe, ikibazo cye cyakuwe mu bindi tubasha kubona mu nkuru y’urugendo rwa Nyakubahwa “Le grand Léopard” mu Ruhango.
Sinjye wahera hahera RIBERAKURORA n’uburakari bw’ingwe.
Ni ahanyu banyarwanda banyarwandakazi na mwe nshuti z’u Rwanda gusesengura mukibonera aho ubutegetsi buganisha rubanda.Muribonera ko kurega abategetsi Kagame yashyizeho ukabaregera Paul Kagame ari ukwireba mu mazi.
Hi there, I would like to subscribe for this website to obtain hottest
updates, thus where can i do it please assist.
Good info. Lucky me I found your blog by accident (stumbleupon).
I’ve book marked it for later!
Genuinely when someone doesn’t know afterward its up to other
viewers that they will help, so here it takes place.
Howdy! I’m at work surfing around your blog from my new apple
iphone! Just wanted to say I love reading your blog and look forward to all your posts!
Carry on the superb work!
Keep on working, great job!
I’ve learn several excellent stuff here. Certainly worth bookmarking for revisiting.
I wonder how a lot effort you put to make any such wonderful informative site.
Helpful info. Lucky me I discovered your site
unintentionally, and I am stunned why this coincidence didn’t happened
in advance! I bookmarked it.
I do not even know how I ended up here, but I thought this
post was good. I do not know who you are
but certainly you are going to a famous blogger if you are not already 😉 Cheers!
Hello would you mind letting me know which web host you’re utilizing?
I’ve loaded your blog in 3 completely different web browsers and I must say this
blog loads a lot quicker then most. Can you recommend a good hosting provider at a honest price?
Kudos, I appreciate it!
bookmarked!!, I really like your blog!
Hello! I just wanted to ask if you ever have any trouble with hackers?
My last blog (wordpress) was hacked and I ended up losing
many months of hard work due to no backup. Do you have any solutions to protect against hackers?
Hello I am so grateful I found your web site, I really found you by
accident, while I was searching on Digg for something
else, Anyhow I am here now and would just like to say thanks
a lot for a remarkable post and a all round entertaining blog (I also love the theme/design),
I don’t have time to look over it all at the minute but
I have saved it and also included your RSS feeds, so when I have time I will be back to read more, Please do
keep up the awesome job.
I got this site from my buddy who told me regarding this site and now this time I
am visiting this web page and reading very informative articles here.
We’re a group of volunteers and starting a brand new scheme in our community.
Your web site provided us with helpful info to work on. You have done a formidable job and our entire neighborhood might be
grateful to you.
Can I show my graceful appreciation and give my
secrets on really good stuff and if you want to know whats up?
Let me tell you a quick info about how to make money you know where to follow right?
Wow that was strange. I just wrote an incredibly
long comment but after I clicked submit my comment didn’t show up.
Grrrr… well I’m not writing all that over again. Anyhow, just wanted to say fantastic blog!
Wow, this post is pleasant, my sister is analyzing
these things, so I am going to inform her.
Hi there, just became alert to your blog through Google, and found that it
is truly informative. I’m gonna watch out for brussels.
I’ll be grateful if you continue this in future.
Many people will be benefited from your writing.
Cheers!
Howdy! I know this is somewhat off topic but I was wondering
which blog platform are you using for this website?
I’m getting sick and tired of WordPress because I’ve had issues with hackers and
I’m looking at options for another platform. I would
be fantastic if you could point me in the direction of a good platform.
It is truly a nice and useful piece of information. I am glad
that you simply shared this helpful information with us.
Please keep us up to date like this. Thank you for sharing.
Usually I don’t read post on blogs, however I would like to say that this write-up
very compelled me to take a look at and do it! Your writing taste has been surprised me.
Thank you, quite great post.
Pretty nice post. I just stumbled upon your weblog and
wished to say that I’ve truly enjoyed browsing your blog posts.
After all I will be subscribing to your rss feed and I hope you write again soon!
Hurrah! After all I got a web site from where I can truly obtain helpful facts concerning my study and knowledge.
I visited several web pages however the audio quality for
audio songs current at this web page is in fact fabulous.
It’s appropriate time to make some plans for the longer term and it is time to be happy.
I’ve read this post and if I may just I want to recommend you some fascinating things
or tips. Perhaps you can write subsequent articles referring to this article.
I desire to learn more things about it!
Way cool! Some extremely valid points! I appreciate you writing this post and also the rest of the site is really good.
Hi there! I just wanted to ask if you ever have any issues
with hackers? My last blog (wordpress) was hacked and I
ended up losing many months of hard work due to no backup. Do you have any methods to protect against hackers?
Pretty section of content. I just stumbled
upon your site and in accession capital to assert that I acquire actually enjoyed account your
blog posts. Any way I will be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently fast.
whoah this weblog is wonderful i really like reading your articles.
Stay up the good work! You already know, a lot of people
are searching around for this info, you could aid them
greatly.
When someone writes an piece of writing he/she maintains the image of a user
in his/her brain that how a user can understand
it. So that’s why this article is amazing. Thanks!
Very good article. I’m experiencing many of these issues as well..
Hello, I think your website might be having browser compatibility issues.
When I look at your website in Firefox, it looks fine but
when opening in Internet Explorer, it has some overlapping.
I just wanted to give you a quick heads up! Other then that, excellent blog!
Good post. I learn something new and challenging
on blogs I stumbleupon on a daily basis. It will always be helpful to
read articles from other writers and use something from their sites.
We stumbled over here coming from a different page and thought I may
as well check things out. I like what I see so now i am following you.
Look forward to looking into your web page for a
second time.
aggressive rap
coffee autumn jazz
The quest for greatness begins here—play today! Lucky Cola