Menya umugabo wafashije Vladimir Putin kuva muri KGB akaba perezida w’Uburusiya

Uko imyaka yagiye ikurikirana, abategetsi b’Uburusiya bagiye bagera ku butegetsi mu buryo butandukanye. Aba Tsars (abami…

Indege y’intambara y’Uburusiya ‘yahanuwe’ i Kyiv,perezida wa Ukraine yagerageje guhamagara Putin ngo bumvikane yanga gufata telefoni,asaba Macron kumwingingira Putin…

Kuwa gatanu, ku munsi wa kabiri w’intambara itaherukaga Iburayi mu myaka mirongo ishize, mu murwa mukuru…

Ingabo z’Uburusiya zamaze kwinjira mu murwa mukuru wa Ukraine,Kyiv.Abaturage banze guhunga.

Abasirikare b’Uburusiya bageze mu murwa mukuru Kyiv, nk’uko abategetsi baho babitangaje baciye kuri Twitter. Minisiteri y’ingabo…

Ibitero by’Uburusiye kuri Ukraine byatangiye,Putin ati uzatwitambika azahura n’ingaruka atigeze abona kuva yabaho!

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko “Putin amaze gutangiza ibitero bigari kuri Ukraine”.…

Menya ibihano Amerika yahaye Uburusiya nyuma yo kwinjira ku butaka bwa Ukraine.

Leta ya Amerika yashyizeho ibihano bitandukanye ku Burusiya kubera icyo Perezida Joe Biden yise “intangiriro yo…

Intambara hagati ya Ukraine n’Uburusiya,menya uko ibintu byifashe,menya uburyo Ijambo rya Putin ryatigishije isi

Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye avuze ijambo ryatumye ibihugu byinshi bihita bisaba ko haterana inama yihutirwa…

Uburusiya na Ukraine bisa nk’ibyatangiye kurwana binyuze mu nyeshyamba Uburusiya bushyigikiye: Joe Biden arashyize yemera gushyikirana na Putin

Perezida Joe Biden wa Amerika yameye “muri rusange” kugirana inama na Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya bakaganira…

Amerika ivuga ko Uburusiya ubu buri gutegura imbarutso yo gutera Ukraine,Uburusiya bwo burabihakana

Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya…

US ivuga ko Uburusiya bwabeshye ko burimo kuvana ingabo ku mupaka na Ukraine

Umutegetsi wo hejuru muri Amerika yatangaje ko ibyavuzwe n’Uburusiya ko buri kuvana zimwe mu ngabo zabwo…

Ukraine:Ubwoba ni bubi…babwiwe ko Uburusiya buzatera kuwa gatatu none uwo munsi bawise ‘umunsi w’ubumwe’! Uburusiya buvuga ko nta gahunda yo gutera bufite butenderejwe!

Perezida Volodymyr Zelensky kuwa mbere yasabye abaturage ko kuwa gatatu tariki 16 Gashyantare – umunsi bimwe…