Noblesse Dusabe Ishyirahamwe ry’ubwirinzi bwa gisirikare rihuje ibihugu by’amajyaruguru n’uburengerazuba bw’Uburayi na Amerika (NATO/OTAN) ririmo kugenzura…
Category: Hirya no Hino ku Isi
Uburusiya burimo gutwika gas y’agaciro kagera kuri miliyoni $10 buri munsi bwagombaga kugurisha mu bihugu by’iburayi,ni mu gihe kandi ibiciro byayo birimo gutumbagira
Noblesse Dusabe Mu gihe igiciro cya gas Iburayi n’ahandi ku isi kirimo gutumbagira, Uburusiya burimo gutwika…
Igitero cy’Uburusiya kuri stasiyo ya gariyamoshi muri Ukraine cyishe abantu 25 – harimo n’abana b’imyaka 6 na 11 abandi 31 bakomeretse cyane
Noblesse Dusabe Ukraine ivuga ko igitero cy’ibisasu bya rokete cy’Uburusiya ahategerwa gariyamoshi cyishe abantu 25, ku…
Izi Drone za Bayraktar TB2 za Turukiya zigezweho cyane ndetse ibihugu byo muri Africa birimo kuzigura nk’abagura amasuka! Menya impamvu
Noblesse Dusabe Ibihugu bimwe byo muri Afurika bikomeje kugura indege nto zitabamo umupilote (drones) zo muri…
Donald Trump yareze mu rukiko minisiteri y’ubutabera ku gusaka urugo rwe rwa Mar-a-Lago
Noblesse Dusabe Donald Trump wahoze ari Perezida w’Amerika yasabye umucamanza guhagarika iperereza rya minisiteri y’ubutabera ku…
Uburusiya bwatunze agatoki Ukraine ko ari yo yohereje abakomandokazi babiri kwica Darya Dugina umukobwa w’incuti ya Vladimir Putin
Noblesse Dusabe Inzego z’umutekano z’Uburusiya zashinje “inzego z’iperereza zihariye” za Ukraine kugaba igitero giteguwe neza cyane…
Vladimir Putin na Kim Jong-un biyemeje gukomeza no kwagura umubano!
Rémy RUGIRA Uburusiya bwemeje ko bugiye “kwagura imibanire yubaka kandi muri byinshi” na Korea ya Ruguru,…
Gusaka kwa Trump: FBI yakuye inyandiko z’ibanga mu nyubako ye ya Mar-a-Lago! Perezida Joe Biden arashinjwa gukoresha ububasha bwe nabi mu kwibasira D.Trump ushaka kugaruka guhangana na we mu matora ataha.
Rémy RUGIRA Urwego rw’iperereza ry’imbere muri Amerika (FBI) rwafashe inyandiko z’ibanga rikomeye mu gusaka rwakoze muri…
Dore uko Leta zunze ubumwe za Amerika zakoze igitero simusiga cyo kwivugana Ayman al-Zawahiri umukuru wa al-Qaeda – ariko nticyice umuryango we
Rémy RUGIRA Hashize isaha irengaho gato izuba rimaze kurasa ku itariki ya 31 y’ukwezi kwa karindwi,…
Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza apfuye izuba riva mu muhanda nyabagendwa
Rémy RUGIRA Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza…