Gusaka kwa Trump: FBI yakuye inyandiko z’ibanga mu nyubako ye ya Mar-a-Lago! Perezida Joe Biden arashinjwa gukoresha ububasha bwe nabi mu kwibasira D.Trump ushaka kugaruka guhangana na we mu matora ataha.

Rémy RUGIRA Urwego rw’iperereza ry’imbere muri Amerika (FBI) rwafashe inyandiko z’ibanga rikomeye mu gusaka rwakoze muri…

Dore uko Leta zunze ubumwe za Amerika zakoze igitero simusiga cyo kwivugana Ayman al-Zawahiri umukuru wa al-Qaeda – ariko nticyice umuryango we

Rémy RUGIRA Hashize isaha irengaho gato izuba rimaze kurasa ku itariki ya 31 y’ukwezi kwa karindwi,…

Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza apfuye izuba riva mu muhanda nyabagendwa

Rémy RUGIRA Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza…

Nancy Pelosi hamwe n’abandi bategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika bazajya muri Tayiwani ngo ikibyimbye kizameneke, bazanasura Singapore, Maleziya, Koreya y’epfo,n’Ubuyapani.Ubushinwa bwarakaye!

Yannick Izabayo Umukuru w’inteko ishinga amategeko (inama nshingamateka) y’Amerika, Nancy Pelosi, yemeje amakuru y’urugendo rwe ku…

Intambara y’Uburusiya muri Ukraine: Amakuru y’ubutasi avuga ko Uburusiya buri hafi gucika intege muri Ukraine – MI6

Noblesse Dusabe Umukuru w’ubutasi bw’Ubwongereza bwo mu mahanga avuga ko Uburusiya buzagorwa no gukomeza igikorwa cya…

Mu Burusiya: unenze Putin gato wese ahura n’ingorane! Inkuru ya Padiri wafungiwe kunenga Putin

Yannick Izabayo Amakuru avuga ko abashinzwe umutekano bagiye gusaka urugo rwa Padiri Ioann Kurmoyarov wo mu…

Igitugu cy’Uburusiya cyageze no kuri Google, Google yaciwe amande kubera gutangaza amakuru uko ari,aho kugendera ku kuntu Uburusiya bushaka ko avugwa

Yannick Izabayo Uburusiya bwaciye amande kompanyi y’ikoranabuhanga Google ya miliyari 21.1 z’ama-rouble akoreshwa mu Burusiya kubera…

Vladimir Putin yasuye Irani

Yannick Izabayo Prezida Vladimir Putin w’Uburusiya ari muri Irani kuri uno wa kabiri, mu rugendo rwiwe…

Dore uko abaturage ba Sri Lanka baturumbuye perezida wabo mu rugo rwe no muri perezidansi!

Yannick Izabayo Muri Sri Lanka abaturage bigaragambya bateye urugo rw’umukuru w’igihugu Gotabaya Rajapaksa batuma ata ibiro…

Umukozi wa Peresidansi y’Amerika Yasobanuye Uburakari bwa Trump Umunsi Congress Iterwa

Yannick Izabayo Uwahoze ari mu bakozi ba hafi ya Donald Trump yabwiye abadepite ko uyu wari…