“Nta tandukaniro rinini hagati yo kubatwa n’ikiyobyabwenge no kubatwa na telephone” – Marc Masip
Niba wibaza uko isi yaba imeze nta WhatsApp, Facebook cyangwa Instagram, ukwiye guhindukira ukagenzura uko ubanye n’iri koranabuhanga. Ushobora kuba uri imbata yaryo.
Ibi byarabaye tariki 04 z’ukwezi kwa 10, ubwo miliyoni nyinshi z’abantu bahungabanyijwe no kuba ziriya mbuga zaravuyeho amasaha atandatu.

Guhungabana, mu buryo bamwe bagereranyije ayo masaha n’igihe umuntu aba yabuze ikiyobyabwenge runaka cyamubase, itabi cyangwa inzoga.
Iryo gereranya ryakumvikana nk’irikabije ariko Marc Masip umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu wo muri Espagne we ahubwo avuga ko uko ari ko kuri.
Avuga yeruye ati: “Telephone ngendanwa ni héroïne y’ikinyejana cya XXI.”
Igice cy’akazi ke kirimo gutanga ubufasha mu bigo bifasha/bivura ababaswe no gukoresha cyane ikoranabuhanga.
Ubu ni ubuvuzi bushobora kuzagorana no kurusha kuvura abasabitswe n’ibiyobyabwenge, “kuko abantu bose bamaze kwibwira ko ibyo ari byo bibi, nyamara ikoranabuhanga benshi turikoresha tutazi ibyago riduteza“, nk’uko Masip yabibwiye BBC Mundo dukesha iyi nkuru.

Ubwo twari twashatse Facebook, WhatsApp na Instagram tugaheba, twagiye kuri Twitter kuhashakira agahenge. Kuki ibi byafatwa nk’ibiyobyabwenge?
Kuko ari ubusazi, nibwo ubona agaciro n’umwanya ubiha.
Abantu bacitsemo igikuba kandi mu by’ukuri ntacyabaye. Twese dusa n’abatwawe.
Kubatwa byose ni ukubatwa nta tandukaniro rinini riri mu kubatwa n’ibiyobyabwenge no kubatwa na telephone.
Ni ukuri ko ibiyobyabwenge bidashobora gukoreshwa neza ariko telephone yo ikaba yakoreshwa neza, nicyo cyiza.
Hari abantu bagereranya telephone n’inyundo, bavuga ko ushobora kuyikoresha nabi cyangwa neza, ariko nta muntu nzi wabaswe no guhora akoresha inyundo.
Iyo tudafite iri koranabuhanga, nk’igihe Facebook, Instagram na WhatsApp byari byavuyeho, benshi bamerewe nabi, ibibazo nk’ibyo umuntu agira iyo yabuze ikintu cyamubase.
Kubigereranya na héroïne rero numva aribyo bikwiye kuko kugeza ubu tutazi neza ibibazo byose kubatwa n’iri koranabuhanga bidutera.
Ubwo abantu batangiraga kunywa héroïne, ntabwo bari bazi urwego ibicaho, ariko amaherezo benshi yarabishe. Nibaza ko ubu bitameze nka cyera n’ubwo hari abo icyica, ariko hari n’abantu bapfa kubera ko bakoresha telephone n’iyo batwaye imodoka.
Utavuze akaga abantu bamwe bahurira nako ku mbuga nkoranyambaga batukwa cyangwa babasebya.
Ibyo byose bifite ingaruka ku buzima bwo mu mutwe, kugeza ubu tutazi zose, zivuye ku gukoresha nabi telephone ngendanwa.https://bbc.com/ws/av-embeds/cps/gahuza/amakuru-59066488/p09n6qjn/rwInsiguro ya video,
Imdoka ya mbere kw’isi iguruka yarageragejwe
Kuri heroïne, ibintu ni bibiri: ushobora kwicwa no kunywa nyinshi cyangwa kujyanwa mu bigo bifasha abo yasabitse. Ku babaswe n’iri koranabuhanga bo bite?
Twatangiye kubivura mu bigo byabugenewe, kuko uku kubatwa gushobora gutera ibibazo bikomeye by’ubuzima bwo mu mutwe yewe n’ubw’umubiri.
Muri ibyo bigo tubona ingaruka; ku musaruro mu rubyiruko rwiga amashuri yisumbuye, impanuka zo mu muhanda zishobora kwiyongera, umunabi, umujagararo, gucanganyikirwa, ibibazo mu kurya n’ibindi bivuye ku byo abantu baba barebye cyangwa bumvise.
Tubona uburyo urubyiruko ruganira kuri za screens/écrans vuba vuba, byoroshye kandi bibashimishije, ariko imbonankubone rukaba ibifura, ntirube rushimishije, ntirwitegereze cyangwa ngo rubashe no guhoberana.
Ariko ikibi kurushaho, cyane cyane ni ukubatwa, uburyo inyifato y’abantu ihinduka nabi rwose iyo babuze Facebook cyangwa WhatsApp.
Ni ikibazo kuko kubatwa ni ikinyuranyo cy’ubwisanzure.

Ni iki bakora muri ayo mavuriro y’abafite uku kubatwa?
Dutanga doze yo kongera kwigisha gukoresha neza imbuga na écrans/screens. Ni akazi mu by’ukuri kagoye.
Bishobora koroha kuvura ababaswe na héroïne, cocaïne cyangwa urumogi kuko bisanzwe bifatwa na benshi muri sosiyete nk’ibintu bibi. Ni ibisanzwe ko abantu bavuga ko kunywa itabi cyangwa inzoga bikabije ari bibi.
Kuri ibi by’ikoranabuhanga ho birakomeye kurushaho, kuko ho igisabwa si ukubireka.
Icyo dukora ni ukongera kwigisha kugira ngo rikoreshwe neza. Kandi ibyo ntibyoroshye iyo abantu bose iruhande rwawe barikoresha kimwe.
Mu buvuzi bwacu, ni ingenzi cyane ko umurwayi arenga icyiciro cyo kwemera no kumenya urugero akwiye gukoreshamo iri koranabuhanga.

Binyibukije ibibazo ababyeyi benshi bagira bashyize kure y’abana iri koranabuhanga ariko badashobora kubuza abandi bose iruhande rwabo kurikoresha. Benshi birangira babiretse kuko abana atari bo baheezwa kuri ibyo…
Ibyo ni ubwoba n’urukundo bidafite ishingiro by’ababyeyi.
Twibaza ko abana bacu nta nshuti bazagira nibadatunga telephone ngo bajye ku mbuga nkoranyambaga, ariko ni ikinyoma.
Abana bafite telephone bashobora kugira cyangwa kutagira inshuti cyo kimwe n’abadafite izo telephone. Ibyo bishingiye cyane kuri kamere bwite, umuryango babamo cyangwa ishuri bigaho.
Gusa ugasanga twibwira ko kuko abana bose cyangwa ingimbi n’abangavu bose bafite telephone, n’abacu bagomba kuzigira.
Tugomba kwita ku bana bacu kugira ngo badahinduka imbata za screens/écrans.
Ku mwana, kugira smartphone ataragera imyaka 16 bimugiraho ingaruka nyinshi kurusha akamaro.
Nta mahugurwa, nta bumenyi bwo kuyikoresha neza, ikibi kizanwa na telephone kiba kiri hejuru y’umwana kurusha icyiza.
Ni ingenzi cyane kwigisha, cyane abakiri bato, ko atari ngombwa kwiyerekana uko utari kugira ngo wemerwe. Bisaba gukora cyane ku inarinjye y’abakiri bato.

Twumva kenshi ko ikoranabuhanga riri kwihuta ku muvuduko tutanumva. Ni gute twakwirinda ikintu tutanumva neza cyose?
Twaguzwe n’iterambere ry’ikoranabuhanga kuko inganda zikora ibishoboka ngo turikoreshe kenshi turi benshi mu nyungu zazo. Mu by’ukuri nta mategeko cyangwa amasomo ahabwa imiryango cyangwa amashuri ku ikoreshwa ry’ibi bikoresho.
Igisubizo kiva ku mategeko ya za leta agena ikoreshwa rikwiriye ry’ikoranabuhanga.
Nta buryo bwo kwigisha abato, kandi ni bo barikoresha cyane. Turareka ikoranabuhanga rigatera imbere ryisanzuye kandi ingaruka zabyo twese turazibona.

Ese hari uburyo bwatuma umuntu ubwe amenya urugero yabasweho?
Kubimenya ubwawe ntibyoroshye. Bisaba gushaka ubufasha, ariko nabyo ntibyoroshye.
Nabaha ibimenyetso bicye bigaragaza kubatwa.
Kugira inyota yo gufata ikintu utajyaga ugira, icyo ni ikintu kibaho rwose ku biyobyabwenge, ariko ibyo binaba kuri iri koranabuhanga.
Uzarebe niba hatari ibintu ureka gukora, niba hari ibyo ureka kugira ngo umare umwanya kuri telephone.
Ibyo bishobora kuba iyo uri kumarana umwanya n’umuryango, iyo uri mukazi, iyo utwaye imodoka, iyo uri gukora siporo cyangwa se usohotse mu rugo.
Iyumve neza igihe udafite telephone. Iyo uyisize ugiye kureba ikintu runaka maze isaha igashira utabimenye.
Ingero nk’izo zigufasha kumenya uko uhagaze no kwisuzuma.
Ni gute rero umuntu yakoresha ikoranabuhanga neza?
Ni ingenzi cyane kurikoresha mu gihe riri kugufasha. Ridufasha kwishyura. Ubu rinadufasha no kujya mu nama.
Telephone yawe yanagufasha kohereza email utabanje gufungura imashini yawe. Ariko wiyikoresha uri kurya cyangwa uri kumwe n’abandi bantu, uri gukora, uri kumwe n’inshuti, uri kumwe n’umukunzi cyangwa mbere yo kuryama.
Wikwicika ngo utwarwe. WhatsApp ishobora kuba ari ikintu cy’ingenzi, ariko niba ‘server’ yayo ipfuye ntabwo ari ubuzima bwawe buhagaze.
546693 775074I likewise conceive so , perfectly written post! . 184959
157401 736117Thanks for your time so considerably for your impressive and amazing guide. I will not be reluctant to endorse your internet websites to any individual who need to receive direction on this dilemma. 211972
83392 483346Some times its a pain in the ass to read what folks wrote but this internet web site is quite user friendly ! . 18361
9856 752810This website can be a walk-through its the data you wanted concerning this and didnt know who to ask. Glimpse here, and youll undoubtedly discover it. 645924
392506 347225Wohh exactly what I was searching for, appreciate it for posting . 324908
176489 660681Youre so cool! I dont suppose Ive learn something like this before. So excellent to search out any person with some special thoughts on this subject. realy thanks for starting this up. this site is one thing thats wanted on the net, somebody with a bit originality. beneficial job for bringing 1 thing new to the internet! 234519
215495 311765I visited lots of web site but I believe this 1 contains something extra in it in it 635000
208919 649022The the next occasion I read a weblog, I actually hope so it doesnt disappoint me about brussels. Come on, man, Yes, it was my option to read, but I just thought youd have some thing fascinating to state. All I hear can be a lot of whining about something which you could fix in case you werent too busy searching for attention. 45528
290247 268236I think one of your commercials caused my web browser to resize, you might want to put that on your blacklist. 619133
406477 194551Hello! I could have sworn Ive been to this site before but after browsing by means of some with the post I realized it is new to me. Nonetheless, Im definitely pleased I discovered it and Ill be book-marking and checking back often! 254658
406163 808842Hi my loved 1! I want to say that this article is amazing, excellent written and contain almost all vital infos. I would like to peer far more posts like this . 533870
879076 815753Id constantly want to be update on new content material on this site, bookmarked! 860233
841793 648620Interesting internet site, i read it but i nonetheless have a couple of questions. shoot me an e-mail and we will talk a lot more becasue i may have an interesting thought for you. 881025
414145 925125hello I was very impressed with the setup you used with this web site. I use blogs my self so good job. definatly adding to bookmarks. 22645
163805 399335Some truly howling function on behalf with the owner of this site , dead great topic matter. 833000
649206 572895Hi, Neat post. Theres a dilemma along along with your web site in web explorer, could test this IE nonetheless may be the marketplace leader and a excellent portion of folks will omit your outstanding writing because of this difficulty. 556783
677926 845685I like your writing style truly loving this website . 620804
17094 577869You made some first rate factors there. I regarded on the web for the dilemma and located many people will associate with with your internet site. 29238
239899 166183the most common table lamp these days still use incandescent lamp but some of them use compact fluorescent lamps which are cool to touch.. 963234
774669 603203I surely did not recognize that. Learnt a thing new nowadays! Thanks for that. 397057
690704 227191My plate is real full and your tryna give me a lot more food, boy what the fuck is wrong wit you?!|guruisthebomb| 749483
910642 318348Id always want to be update on new articles on this web web site , saved to favorites ! . 559197
485550 161504It is hard to search out knowledgeable individuals on this subject, but you sound like you realize what you are speaking about! Thanks 497600
We have certify & EPA license expert technicians, who can repairs and kind of service all brands and models of walk in coolers and freezers. We offer special discount of our first time online customer only
For over 20 years, Sub Zero & Wolf Appliance Repair Chicago has been the company that homeowners in the Chicago area trust.
Viking Appliance Repair Chicago specializes in repairs and maintenance of Viking appliances. They are a full-service, licensed company with over 20 years of experience in the industry.
Viking Appliance Repair Chicago specializes in수원출장샵repairs and maintenance of Viking appliances. They are a full-service, licensed company with over 20 years of experience in the industry.
732326 417983An extremely fascinating go through, I might not concur entirely, even so you do make some really legitimate factors. 144744
436042 41593I need to admit that that is one amazing insight. It surely gives a company the opportunity to have in around the ground floor and really take part in creating a thing special and tailored to their needs. 132936
811180 552083Youd superb suggestions there. I did a research about the problem and identified that likely almost anyone will agree along with your internet page. 578639
901425 792534I see something actually special in this internet website . 933364
relaxing music
If you have any questions about your Wolf Cooktop repair services or would like to schedule a consultation, please contact us today. We look forward to serving you!
Our goal is to provide you with the best possible refrigerator repair and maintenance service at the lowest possible price
Higher Positions is a premier SEO company in Biloxi, and a Google Partner and SEO-Certified, with over 10 years of search engine marketing experience.
Enjoyed every bit of your blog article.Much thanks again. Will read on…
Perfectly composed content, Really enjoyed looking at.
Thông Tin, Sự Kiện Liên Quan Đến Thẳng Soccer Nữ Giới ku777Đội tuyển chọn Việt Nam chỉ muốn một kết trái hòa có bàn thắng để lần loại hai góp mặt trên World Cup futsal. Nhưng, nhằm làm được điều này
Appreciate you sharing, great blog post.Thanks Again. Fantastic.
Awesome blog post.Thanks Again. Fantastic.
Thanks for the article post.Really thank you! Great.
A big thank you for your post.Really thank you!
Thank you for sharing your thoughts. I really appreciateyour efforts and I will be waiting for your next post thank youonce again.
I have read so many posts concerning the blogger lovershowever this post is truly a pleasant post, keep it up.
canadian pharmacy ratings – reputable overseas online pharmacies canadian pharmacy oxycodone or canadian pharmacy discount coupon
You completed a few nice points there. I did a search on the theme and found the majority of people will consent with your blog.
I do not even know how I ended up here, but I thought this postwas good. I don’t know who you are but definitely you’regoing to a famous blogger if you aren’t already 😉 Cheers!
Remarkable things here. I am very happy to seeyour article. Thanks a lot and I’m looking ahead to touch you.Will you kindly drop me a e-mail?
Hello, yes this paragraph is genuinely good and I have learned lot of things from it on the topic of blogging. thanks.
Hello colleagues, how is everything, and what you want to say on the topic of this piece of writing, in my view its actually remarkable in favor of me.
Thanks for the blog article.Really looking forward to read more.
Kudos! I like this!descriptive essay writing write my essay phd writers
I wanted to thank you for this fantastic read!! I certainly loved every little bit of it. I have you book marked to look at new things you postÖ
I am sᥙre this article has touched all the internet peopⅼe, its really really ρleasant articleon building up new blog.
Great information. Lucky me I ran across your blog by accident (stumbleupon). I have book-marked it for later!
Hello, this weekend is good in favor of me, for the reason that this momenti am reading this impressive informative article here at my residence.
I love reading a post that will make people think. Also, thanks for permitting me to comment!
Hi! I know this is kinda off topic but I’d figured I’d ask. Would you be interested in trading links or maybe guest authoring a blog post or vice-versa? My site discusses a lot of the same topics as yours and I think we could greatly benefit from each other. If you might be interested feel free to shoot me an e-mail. I look forward to hearing from you! Superb blog by the way!
Have you ever thought about including a little bit more than just your articles? I mean, what you say is fundamental and all. Nevertheless think of if you added some great visuals or video clips to give your posts more, “pop”! Your content is excellent but with pics and clips, this blog could definitely be one of the most beneficial in its field. Good blog!
Good write-up, I am regular visitor of one’s web site, maintain up the nice operate, and It is going to be a regular visitor for a long time.
Thank you, I’ve recently been looking for info about this topic for ages and yours is the best I’ve discovered so far. But, what about the bottom line? Are you sure about the source?
It’s a pity you don’t have a donate button! I’d without a doubt donate to this brilliant blog! I guess for now i’ll settle for bookmarking and adding your RSS feed to my Google account. I look forward to brand new updates and will share this site with my Facebook group. Chat soon!
Sweet blog! I found it while searching on Yahoo News. Do you have any tips on how to get listed in Yahoo News? I’ve been trying for a while but I never seem to get there! Cheers
I have been surfing online more than three hours today, yet I never found any interesting article like yours. It’s pretty worth enough for me. In my opinion, if all web owners and bloggers made good content as you did, the web will be a lot more useful than ever before.
Magnificent beat ! I wish to apprentice at the same time as you amend your website, how could i subscribe for a blog website? The account aided me a applicable deal. I were tiny bit familiar of this your broadcast offered brilliant clear concept
Hello! I know this is kinda off topic but I was wondering which blog platform are you using for this website? I’m getting fed up of WordPress because I’ve had issues with hackers and I’m looking at options for another platform. I would be fantastic if you could point me in the direction of a good platform.
Good way of describing, and fastidious piece of writing to get facts concerning my presentation topic, whichi am going to present in university.
I truly appreciate this blog article.Really looking forward to read more. Really Great.
Im obliged for the post.Thanks Again. Cool.
Fantastic post.Much thanks again. Really Great.
I loved your blog.Really thank you! Keep writing.
It’s aсtᥙallʏ a great and uѕeful piece of info.I am satiѕfied that you just shared this helpful info ith us.Please syay us informed like this. Thankѕ for sharing.
Thank you for your post.Thanks Again. Great.
Major thanks for the post.Really looking forward to read more. Really Great.
An intriguing discussion is worth comment. There’s no doubt that that you should write more about this topic, it might not be a taboo matter but generally people don’t discuss these issues. To the next! Best wishes!!