Uyu mugore w’imyaka 23 yamaze imyaka myinshi akora imibonano y’abashakanye akababara,nuko aza gutahura ko abaganga « bagabanyirije umwenge umugabo» batamugishije inama.

Noblesse Dusabe

Ese mwigeze mwumva «umwenge muto wo kuryohereza umugabo» (point du mari) »? Ni igikorwa abaganga babaga bakora,aho umugore ubyaye kenshi imyanya ye y’ibanga ikaguka cyane bayegeranya, bagakurura ahagana hejuru ku gituburamuryango nyuma yo kubyara – ku buryo hegerana nk’aho inkumi  « umwenge ukaba muto » nuko umugabo akumva uburyohe mu bihe byo gutera akabariro,kuko haba hegeranye.

Babyita  « point de suture de mari » mu gifaransa, a “husband stitch” mu cyongereza,ni ukuvuga «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda» ubigenekereje mu kinyarwanda,icyo gikorwa kikaba gikorerwa kunezeza mugenzi wawe kuko uwabyaye kenshi umugabo aba ntacyo akuramo cyane kubera ko ngo haba hararangaye.

«Kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda» akenshi bikorwa ku isiri ry’abaganga n’abagabo nyiri abagore,cyangwa abaganga bakabyibwiriza bo ubwabo kubera urukundo bakunda abagabo,ba nyiri ukubikorerwaho akenshi batabizi cyangwa bakabihishwa,nta zina ryemewe mu buvuzi bihabwa,usibye utubyiniriro tuziranyweho na bamwe gusa (argot/slang).

Umwe mu bagore babikorewe ntarabukwe ni umugore uzwi cyane mu bakoresha TikTok witwa Hannah (@hannahhhleigh_).Uyu mugore w’imyaka 23 yamaze imyaka myinshi akora imibonano y’abashakanye ababara,nuko aza gutahura ko abaganga « bagabanyirije umwenge umugabo» batamugishije inama. 

Screengrabs of a TikTok by user hannahhhleigh_
Via 

Muri iyi , Hannah asobanura ukuntu yabitahuye arebye indi videwo y’undi mugore nawe uri kuri TikTok wasobanuraga icyo gikorwa nuko, « yumva niwe neza neza » yibutse ibyamubayeho byose nyuma yo kubyara.

Hannah agira ati : « nabyaye umuhungu wacu…… mu mwaka wa 2019 mubyarira mu bitaro bya gisirikare. Nagize déchirure (nangiritseho) yo mu rwego rwa kabiri mbyara uwo muhungu kubera “kunyongerera”– ibyo ni bisanzwe ku bagore benshi. Uko bigenda buri gihe,abaganga barakudoda bagasubiranya aho bongereye cyangwa ahangiritse ubwaho,siko mubizi mwese se? Eh bien, nanjye barandoze; barinumira,nta kindi bambwiye”.

Akomeza agira ati: « Nyuma y’ibyumweru bitandatu nagiye kwisuzumisha, ni ikizami kitwa post-partum gikorwa na buri mubyeyi wese,kandi muganga wa mbere yambwiye ko ibintu ari sasa sawa . » 

Nyuma y’icyo kizamini,niho abaganga bamwemereye kongera gukora imibonano mpuzabitsina n’umugabo we.

Hannah akomeza agira ati : « Nuko nkumva [igihe cyo gutera akabariro], mbabara, nkumva ntibicamo neza nka mbere. »

Hannah asobanura ukuntu iyo myaka ibiri yamugoye cyane. Muri videwo yakoze atanga ubuhamya bwe, Hannah agira ati : « Nasubiye kureba umuganga wanjye (nawe ni umugore) w’indwara z’abagore [obstétricienne-gynécologue] nuko arandebera arambwira ngo : ‘ Oh; menye impamvu ugorwa n’imibonano kandi ikakubabaza. Birigaragaraza neza : bakudoze nabi. »”! Nta kindi yambwiye.

Hannah asobanura ko undi muganga mushya w’indwara z’abagore (ariko we ni umugabo) yamuhishuriye neza ko igituburamuryango cye (son vagin) cyagabanyijwe kikaba gito nk’icy’inkumi,kikegerana cyane ku buryo imborozabageni (pénis) y’umugabo we yinjiragamo byo guhatiriza, kandi ko hakiri inkovu itarakira neza y’aho babaze bakadoda bahagabanya. Nubwo Hannah avuga ko uwo muganga w’indwara z’abagore (OB-GYN) atamweruriye neza ko ibyabaye ari igikorwa cyo «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda» mu rwego rwo kumuryohereza,ariko ababazwa n’uko yabimenye akererewe, ko batamuhishuriye byose mbere y’igihe…..

Screengrabs of a TikTok by user hannahhhleigh_
Hannah asobanura ko nyuma yo kureba ya videwo yo kuri TikTok nuko akabona ibivugwamo ari nk’ibye neza neza,yaje gutahura ko yakorewe igikorwa cyo «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda» mu rwego rwo kuryohereza umugabo we. Hannah yavuze ko nyuma yahoumuganga we mushya(w’umugabo) w’indwara z’abagore(gynécologue-obstétricien) yaje kongera kumubaga akuraho indodo n’agahu bamwongereyeho,arongera adodwa neza noneho,bamurekera umwenge we wose. Hannah avuga ko nyuma yaho nta kibazo yongeye kugira. Hannah agira ati : « maze kumenya ko ibyambayeho bifite izina rizwi no kubona ububabare njye byanteje,ntabizi,ntanagishijwe inama…..byarandakaje cyane. @hannahhhleigh_ / Via tiktok.com

Videwo y’umwimerere y’ubuhamya bwa Hannah yarebwe n’abantu basaga miliyoni 2 n’ibihumbi 400, ikundwa n’abantu bashyizeho twa “like” 103 600 kandi abandi bantu benshi cyane bashyiraho za komanteri nyinshi cyane batanga ubuhamya bwabo,ibitekerezo byabo,n’uko bumva iyo gikorwa kitwa «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda»!

The comment section on a video by hannahhhleigh_
@hannahhhleigh_ / Via 

Navuganye na Hannah, wongeyeho ko uretse kumva [igihe cyo gutera akabariro], ababara, akumva ntibicamo neza nka mbere, yanagorwaga no gukora utundi turimo dusanzwe nko kwishyiramo ka tampon,kwibinda(kotegosi) ndetse no kwicara. Yagize ati : «Byamfashe igihe KININI CYANE kugira ngo nkire neza nyuma yo kubyara … Nzi ko nyuma yo kubyara bibaho kudakira vuba,ariko kuri njye byanyigirijeho nkana. »

Hannah avuga ko muganga we wa mbere (w’umugore) amaze kumubwira ko abona ibintu byose ari sawa sawa, yumvise aruhutse ubwo undi muganga wa kabiri (we ni umugabo) amusobanuriye ko hari kintu kitagenze neza. Hannah yaravuze ngo : « Naje kumva nduhutse cyane kandi mpumurijwe igihe amaherezo nabonaga igisubizo cy’ikibazo cyanjye. »

A Pap smear test in a gynecologist's office
Jodi Jacobson / Getty Images/iStockphoto

Hannah yabisobanuye neza amaze kureba ya videwo yo kuri TikTok yabonye isobanura ibyo «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda» nuko arasobanura ati: « Rwose ntababeshye, numvaga mpungabanye cyane. N’umugabo wanjye ntabyo yari azi,habe n’akanunu ko kumenya niba ari ibintu bisanzwe cyangwa bifite izina. Iriya videwo nayirebye incuro 10 ahari ,nkajya ngereranya ibyo yavugaga n’ibyambayeho, nkumva simbyumva sinabyemera pe!”.

A pregnant person holds their belly in a hospital bed
Motortion / Getty Images/iStockphoto

Kugira ngo nsobanukirwe neza ibi bintu,navuganye na muganga Dr Pr.Mary Jane Minkin,muganga akaba n’umwarimukazi wa kaminuza mu bitaro bya kaminuza mu ishami ry’indwara z’abagore,no mu bumenyi bw’iby’imyororokere mu ishami ry’ubuvuzi muri Kaminuza ya Yale. Minkin yansobanuriye ko nubwo imvugo « point de suture de mari »( «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda») ari imvugo iziranyweho na bamwe gusa (argot/slang), ko mu by’ukuri atari imvugo nshya – ko yari yaranayumvise kuva mu mpera z’imyaka ya za 70.

Mary Jane Minkin standing in front of a framed New York Times article on a wall featuring her
Dr. Mary Jane Minkin

Minkin yanambwiye ko mu kazi ke nka muganga, icyo gikorwa « point de suture de mari » («kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda») azi ko cyerekeza ku kubaga ahagana hejuru ku gituburamuryango(vagin),bigatuma cyongerwa,kugira ngo mu kubyara umwana abone aho anyura bitagoranye, hanyuma ukongera ukacyegeranya ndetse ukakigira gito,kugira ngo hatarangara cyane. Yanongeyeho ati : «Kubyita « point de suture de mari »( «kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda») ni ukubera ko,burya nyuma yo kubyara rimwe kabiri gatatu,nta mugabo uba acyishimira gukorera imibonano mpuzabitsina ahantu harangaye cyane nk’aho. Muri make,abaganga babikorera gusubiza uburyohe aho hantu, ku bw’uwo muzakorana imibonano,kumuryohereza. »

A pregnant person lies on an operating table
Muganga Minkin,avuga ko intego nyamukuru y’icyo gikorwa cyo kudoda ahangiritse umugore abyara ari iyo kumusubiranya neza nk’uko yari ari mbere yo kumwongerera. Avuga ko intego ya kabiri ari iyo ” kongera gusanasana igituburababyeyi kiba gisa nk’icyangiritse no kukibungabunga. Kukigira gito kugira ngo kitarangara cyane bituma umugore yumva ameze neza, ariko iyo ugifunze cyane ugakabya,nibyo bibabaza umugore mu mibonano” . Fatcamera / Getty Images

Kubera ko ubusanzwe kubyara bituma igituburamuryango gikweduka cyane ubwacyo mu kubyara, muganga Minkin avuga ko hari abagore ubwabo bamwisabiraga kubadoda abagabanyirijeho,cyane cyane nyuma yo kubyara kenshi. Icyakora,yongeyeho ko kuri ibi bya « point de suture de mari » («kugabanyiriza umugabo umwenge hakoreshejwe igikorwa cyo kudoda»)«inyungu iba ari iy’umwe cyane cyane, iy’umugabo ». Minkin yambwiye ko ari ngombwa cyane ko ubwira umuganga wawe uko wiyumva,nk’igihe imibonano ikubabaza,cyangwa ukumva utaguwe neza nayo.

A pregnant woman speaks to her doctor
Petri Oeschger / Getty Images

Hannah avuga ko byamufashe igihe cyo gutekereza kuri iki kibazo mbere yo kumva agomba kugira ibyo atangaza ku rubuga nkoranyambaga rwa TikTok, ariko ko amaherezo yiyemeje kubikora : « Sinari kureka amahirwe nari mbonye ngo nshishikarize abandi bantu benshi iby’iki kibazo,n’ubwo nzi neza ko byari ukwiteza abantu.  ». Avuga ko ariko yatangajwe cyane n’umubare w’abarebye ubuhamya bwe na za komanteri nyinshi zanditswe nyuma ya videwo ye y’ubuhamya, nuko agira ati: « Nakurikirwaga n’abantu bacye cyane mbere,ku buryo ntari niteze ko abantu banaga gutya baza gukurikira ubuhamya bwanjye,byarandenze. »

A gynecologist's office
Kimwe mu bibazo bikomeye Hannah avuga ko yagejejweho ‘abatanze komaneri cyari icyo kumenya niba yaba yarabashije kujya guhangana na muganga wamugabanyirijr igituburamuryango, ariko Hannah yavuze ko atabiteganyaga. Agira ati : « Ibyo babinkoreye ndi muri Alaska,ubnu hari gushira imyaka itatu. Twarabirenze. Ikinezeza ni uko byakemutse,nkaba ntakibabara. »Jazzirt / Getty Images/iStockphoto

Hannah kandi atera abandi bagore bakeka ko bashobora gufatiranywa mu kibazo nk’iki ngiki kwihagararaho. Abisobanura agira ati: « Nimwe mugomba kwimenya mukihagararaho kuko burya umubiri wanyu nta we uwuzi neza nka mwe ubwanyu. Niba muganga wawe ukuvura indwara z’abagore,cyangwa muganga wawe usanzwe,n’abandi baganga bishe amatwi ku mpungenge zawe,shakishiriza ku bandi baganga. Uwa kabiri abyirengagije,shaka uwa gatatu,uwa kane,uwa gatanu kugeza umenye neza ikibazo ufite. Kubabara umugabo atera akabariro si ibintu bisanzwe rwose,ntugomba kubana nabyo ngo uhebere urwaje. »

Kanda hano niba wifuza gukurikira Hannah kuri  ye, kandi niba wifuza gushyikirana na muganga profeseri Minkin,afite urubuga rwiza cyane rwigisha cyane,warusura ukanze.

Gusoma iyi nkuru mu cyongereza kanda hano.

Gusoma iyi nkuru mu gifaransa kanda hano.

142 thoughts on “Uyu mugore w’imyaka 23 yamaze imyaka myinshi akora imibonano y’abashakanye akababara,nuko aza gutahura ko abaganga « bagabanyirije umwenge umugabo» batamugishije inama.

  1. I always show love to the people for sharing this. So let me give value back and show my grace to change your life and if you want to have a glance?
    I will share info about how to change your life I
    am always here for yall you know that right?

  2. Today, I went to the beach front with my children. I found
    a sea shell and gave it to my 4 year old daughter and
    said “You can hear the ocean if you put this to your ear.” She put
    the shell to her ear and screamed. There was a hermit crab inside and it
    pinched her ear. She never wants to go back!
    LoL I know this is entirely off topic but I had to tell someone!

  3. Hey just wanted to give you a quick heads up and let
    you know a few of the images aren’t loading properly.
    I’m not sure why but I think its a linking issue. I’ve
    tried it in two different web browsers and both show the same outcome.

  4. Hello there, I discovered your website by way of Google at the same time
    as searching for a comparable matter, your site came
    up, it looks good. I have bookmarked it in my google
    bookmarks.
    Hi there, simply turned into aware of your blog via Google, and found
    that it’s truly informative. I am going to watch out for brussels.
    I will appreciate in the event you continue this in future.
    Numerous folks will be benefited out of your writing.
    Cheers!

  5. Thank you a bunch for sharing this with all people you really
    understand what you are speaking about! Bookmarked. Kindly
    additionally seek advice from my site =).
    We could have a hyperlink trade agreement between us

  6. Thank you for the auspicious writeup. It in fact was a amusement account it.
    Look advanced to far added agreeable from you! However,
    how can we communicate?

  7. Howdy just wanted to give you a quick heads up. The words in your post seem to be
    running off the screen in Safari. I’m not sure if this is a formatting issue or something to do with web browser compatibility but I thought I’d post to let you know.
    The style and design look great though! Hope you get the issue
    resolved soon. Many thanks

  8. Hey there, I think your site might be having browser compatibility issues.
    When I look at your blog site in Firefox, it looks fine but when opening in Internet Explorer, it has
    some overlapping. I just wanted to give you a quick heads up!
    Other then that, excellent blog!

  9. always i used to read smaller articles or reviews which as well clear their motive, and that is also
    happening with this post which I am reading now.

  10. An intriguing discussion is definitely worth comment.

    I believe that you should publish more about this subject matter, it
    may not be a taboo matter but usually people do not discuss such issues.
    To the next! Best wishes!!

  11. Thanks a bunch for sharing this with all folks you actually know what you are speaking about!
    Bookmarked. Kindly additionally consult with my website
    =). We will have a hyperlink exchange contract among us

  12. Thank you for any other informative site. Where else could I get that
    kind of information written in such a perfect way?
    I have a project that I’m simply now running on, and I’ve
    been at the look out for such information.

  13. I’m really loving the theme/design of your website. Do
    you ever run into any internet browser compatibility issues?
    A small number of my blog audience have complained
    about my website not working correctly in Explorer but looks great in Chrome.

    Do you have any ideas to help fix this problem?

  14. Nice post. I was checking continuously this weblog and
    I am inspired! Very helpful information specifically the closing part :
    ) I deal with such information a lot. I was looking for this certain info
    for a very lengthy time. Thanks and good luck.

  15. Good day! I could have sworn I’ve visited this web site before but after
    going through some of the posts I realized it’s new to me.
    Anyways, I’m definitely happy I discovered it and I’ll
    be book-marking it and checking back frequently!

  16. I really like your blog.. very nice colors & theme.
    Did you create this website yourself or did you hire someone to do it
    for you? Plz answer back as I’m looking to design my own blog and
    would like to find out where u got this from. appreciate
    it

  17. I blog frequently and I seriously appreciate your content.
    This article has really peaked my interest. I will bookmark your website and keep checking for new information about
    once per week. I opted in for your Feed as well.

  18. I have been looking for articles on these topics for a long time. baccaratcommunity I don’t know how grateful you are for posting on this topic. Thank you for the numerous articles on this site, I will subscribe to those links in my bookmarks and visit them often. Have a nice day

  19. Howdy! Do you know if they make any plugins to protect against
    hackers? I’m kinda paranoid about losing everything I’ve
    worked hard on. Any tips?

  20. I think this is one of the most significant info for me.
    And i’m glad reading your article. But want to remark on few general things, The web site style is ideal,
    the articles is really excellent : D. Good job, cheers

  21. You have made some decent points there. I looked on the net for more info about the issue
    and found most individuals will go along with your views on this web site.

  22. Hello! Do you know if they make any plugins to safeguard against hackers?

    I’m kinda paranoid about losing everything I’ve worked hard
    on. Any suggestions?

  23. The application off ArunaYouth, PAÑPURI’s antioxidant complicated, will asasist
    firm up facial muscle tissues, smoothing out wrinkles, aand calming the puffiness abut the eyes.

    Feel free to visit my website; 스웨디시

  24. Hey, I think your website might be having browser compatibility issues.

    When I look at your blog site in Firefox, it looks fine but when opening in Internet Explorer, it has
    some overlapping. I just wanted to give you a quick heads up!
    Other then that, great blog!

  25. OMG! This is amazing. Ireally appreciate it~ May I give true love to a secret only I KNOW and if you want to
    have a checkout You really have to believe mme and have faith and
    I will show how to get connected to girls for free Once again I want to show my appreciation and may all the
    blessing goes to you now!.

  26. Can I show my graceful appreciation and give true love to
    really good stuff and if you want to have a checkout Let me tell you a brief about how to find good hackers for
    good price I am always here for yall you know that
    right?

  27. Thank you for another informative blog. Where else could I am getting that kind of information written in such a perfect approach?
    I have a undertaking that I am just now operating on, and I’ve been at the glance out for such info.

  28. This is really interesting, You’re a very skilled blogger.

    I have joined your feed and look forward to seeking more
    of your great post. Also, I’ve shared your website in my social networks!

  29. Hey there! Do you use Twitter? I’d like to follow you if
    that would be ok. I’m absolutely enjoying your blog and look forward to new posts.

  30. Let me give you a thumbs up man. Can I with heart reach out
    amazing values and if you want to seriously get to hear and also share valuable info about
    how to change your life yalla lready know follow me my fellow commenters!.

  31. I believe people who wrote this needs true loving
    because it’s a blessing. So let me give back and tell you exactly
    how to do change your life and if you want to have a checkout I will share info about how
    to get connected to girls for free Don’t forget..

    I am always here for yall. Bless yall!

  32. Link exchange is nothing else except it is just placing the other person’s website link on your page at proper place and other person will
    also do same in favor of you.

  33. This is very interesting, You’re a very skilled blogger.
    I have joined your feed and look forward to seeking more of your great post.
    Also, I’ve shared your site in my social networks!

  34. Hello, i feel that i saw you visited my site thus i came to go back the want?.I am attempting to to find issues to enhance my site!I suppose its good enough to make use of some of your ideas!!

  35. Magnificent website. Lots of helpful information here. I’m sending it to several buddies ans also
    sharing in delicious. And of course, thank you in your sweat!

  36. I like the valuable info you provide to your articles.

    I will bookmark your weblog and test again right here regularly.
    I’m relatively certain I will be informed a lot of new
    stuff proper right here! Good luck for the next!

  37. whoah this weblog is fantastic i love reading your articles.
    Keep up the great work! You understand, many individuals are hunting round for this information, you can help them greatly.

  38. Let me give you a thumbs up man. Can I show my appreciatation amazing
    values and if you want to have a checkout and also share valuable info about how to get connected to
    girls easily and quick yalla lready know follow me my fellow
    commenters!.

  39. This is really fascinating, You’re an overly skilled blogger.
    I have joined your rss feed and look forward to in search of extra of
    your excellent post. Additionally, I’ve shared your website in my social networks

  40. Thanks for a marvelous posting! I definitely enjoyed reading it, you could be a great author.I will always bookmark your blog and will often come back very soon.
    I want to encourage that you continue your great posts,
    have a nice day!

  41. Hey! Someone in my Myspace group shared this site with
    us so I came to look it over. I’m definitely enjoying the information. I’m bookmarking and will be tweeting
    this to my followers! Outstanding blog and amazing style and design.

  42. Hello there, just became aware of your blog through Google, and found that it’s really informative.
    I’m gonna watch out for brussels. I will be grateful
    if you continue this in future. Lots of people will be benefited
    from your writing. Cheers!

  43. Fantastic beat ! I would like to apprentice whilst you amend your web site, how could i subscribe for a weblog site?
    The account helped me a applicable deal. I had been a little bit acquainted of this your broadcast provided bright clear idea

  44. Whats up are using WordPress for your blog platform? I’m
    new to the blog world but I’m trying to get started and set up my own.
    Do you require any coding expertise to make your own blog?
    Any help would be really appreciated!

  45. Aw, this was an incredibly good post. Finding the time and actual effort to create a very good article… but what can I say… I hesitate a whole lot and don’t manage to get nearly anything done.

  46. When some one searches for his necessary thing, therefore he/she wishes to be available that in detail, so that thing
    is maintained over here.

  47. Howdy! This is kind of off topic but I need some help from an established blog.
    Is it very hard to set up your own blog? I’m not
    very techincal but I can figure things out pretty fast. I’m thinking about making my own but I’m not sure where to begin.
    Do you have any tips or suggestions? Cheers

  48. The other day, while I was at work, my cousin stole my iphone and tested to see if it can survive a 40
    foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now destroyed and
    she has 83 views. I know this is completely off topic but I had to share it with someone!

  49. Do you mind if I quote a few of your articles as long as I provide credit and sources back to your blog? My website is in the very same niche as yours and my visitors would really benefit from a lot of the information you provide here. Please let me know if this okay with you. Many thanks!

  50. Oh my goodness! Amazing article dude! Thanks, However I am encountering
    problems with your RSS. I don’t understand the reason why I can’t join it.
    Is there anybody getting the same RSS issues? Anybody who knows the solution will
    you kindly respond? Thanx!!

  51. Wow, fantastic blog layout! How long have you been blogging for?
    you make blogging look easy. The overall look of your web site is excellent, as well as the content!

  52. Hello! This is my first visit to your blog! We are a collection of volunteers and
    starting a new project in a community in the same
    niche. Your blog provided us valuable information to work on. You have done a outstanding job!

  53. I do consider all the concepts you’ve offered for your post.

    They’re really convincing and can certainly work. Nonetheless, the posts are very short for
    starters. Could you please prolong them a bit from next
    time? Thank you for the post.

  54. Hey there! This is my first visit to your blog!
    We are a group of volunteers and starting a new project in a community in the same niche.
    Your blog provided us valuable information to work on. You have done a
    wonderful job!

  55. The other day, while I was at work, my cousin stole my iPad
    and tested to see if it can survive a thirty foot drop, just so she can be a youtube sensation.
    My apple ipad is now destroyed and she has 83 views. I know this is completely off topic but
    I had to share it with someone!

  56. I am extremely impressed with your writing skills as well as with the layout on your weblog.
    Is this a paid theme or did you customize it
    yourself? Either way keep up the excellent quality writing, it is rare to see a great blog like this one
    nowadays.

  57. Hello i am kavin, its my first occasion to commenting anyplace, when i read this paragraph i thought i could also create comment due to this brilliant paragraph.

  58. This is a great tip especially to those fresh to the blogosphere.
    Short but very precise information… Appreciate your sharing this one.
    A must read post!

  59. Nice post. I learn something new and challenging on websites I
    stumbleupon on a daily basis. It will always be helpful to read through
    articles from other writers and practice a little something from their web sites.

  60. Can I simply say what a comfort to find somebody that genuinely understands what they are talking about
    on the internet. You actually understand how to bring an issue to light and make
    it important. More people ought to read this
    and understand this side of the story. I was surprised that you aren’t more popular given that you certainly
    have the gift.

  61. Excellent goods from you, man. I have understand your stuff previous to and you’re just too
    excellent. I actually like what you have acquired here,
    really like what you are stating and the
    way in which you say it. You make it entertaining and
    you still care for to keep it smart. I can not
    wait to read much more from you. This is really a tremendous site.

  62. I attempted to build the Taj Mahal, but it ended up looking like
    a mega hoverboard instead. Architectural innovation at its best!

    discover the most sought-after lego builds Lego sets never cease to
    amaze me. They can take us into a whole new world.
    It’s amazing how much attention is paid to each set. It’s almost as if you
    are living in those bricks. Lego stands out for its attention to
    the details when recreating popular scenes and characters.
    The Lego sets are like a miniature version of our favorite stories.

  63. Excellent goods from you, man. I have understand your stuff previous to and you are just extremely wonderful.

    I actually like what you’ve acquired here, really like what you’re
    stating and the way in which you say it. You make it enjoyable and you
    still take care of to keep it sensible. I can’t wait to read far more
    from you. This is really a terrific site.

  64. I loved as much as you’ll receive carried out right here.
    The sketch is attractive, your authored subject matter stylish.
    nonetheless, you command get got an shakiness over that
    you wish be delivering the following. unwell unquestionably come further formerly again since exactly the same nearly
    very often inside case you shield this increase.

  65. что ждет нас в будущем с любимым гадание смотреть гадание таро имя человека по нумерологии
    к чему снится сообщают о смерти брата мультибонус втб
    перевести в рубли, мультибонус втб перевести на
    карту

  66. тест на тяжелый характер из тик
    тока, тест на легкий характер если приснился директор ругает избавляться от старой
    мебели во сне, новая мебель во сне
    к чему снится кольцо с камнем одевать
    его 5 кубков характеристика личности

  67. счетчики воды алматы цена, счетчики воды цена в
    казахстане сор по русскому языку 8 класс 3 четверть, сор
    8 класс русский язык и литература ответы
    2 четверть достижения the forest,
    геймификация – это кызыл май масло в ухо, кызыл
    май новорожденному

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *