Umunyepolitike MINANI Jean Marie Vianney mu mugambi wo kwica Buregeya Ahmed,akaba ashaka gucika ubutabera!

Rémy RUGIRA Inkuru yiriwe uyu munsi ni ivuga ko Jean Marie Vianney Minani yashatse kwica bwana…

Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza apfuye izuba riva mu muhanda nyabagendwa

Rémy RUGIRA Umwimukira w’umwirabura w’imyaka 39 ukomoka muri Nijeriya yishwe n’umuzungu w’umutaliyani w’imyaka 32 wamukubise kugeza…

Nancy Pelosi hamwe n’abandi bategetsi ba Leta zunze ubumwe za Amerika bazajya muri Tayiwani ngo ikibyimbye kizameneke, bazanasura Singapore, Maleziya, Koreya y’epfo,n’Ubuyapani.Ubushinwa bwarakaye!

Yannick Izabayo Umukuru w’inteko ishinga amategeko (inama nshingamateka) y’Amerika, Nancy Pelosi, yemeje amakuru y’urugendo rwe ku…

Raila Odinga: Ese yaba ari we ugiye kuba perezida mushya wa Kenya?

Yannick Izabayo Nubwo Raila Odinga ava mu muryango uzwi cyane muri Kenya, ikamba rya politiki ryamye…

Ubushyuhe bukabije mu isi….Ni iki Bibiliya ibivugaho?

Yannick Izabayo  Kuva muri Nyakanga 2022, hirya no hino ku isi ubushyuhe bwariyongereye mu buryo budasanzwe:  “Muri…

Perezida Joe Biden wa Amerika yohereje Antony Blinken minisitiri we w’ububanyi n’amahanga muri Afurika,aho azasura RD Kongo akagera no mu Rwanda gufunguza Paul Rusesabagina.  

Rémy RUGIRA Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika bwana Antony Blinken ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza…

Prezida Evariste Ndayishimiye akomeje kwerekana ko ari Sebarundi bose:ese wari uzi ko mu bajyanama(abahanuzi) be harimo na Olivier Buyoya umuhungu wa Pierre Buyoya? Iri ni kosora!!

Rémy RUGIRA Mu kiganiro yagiranye n’abarundi baba mu mahanga i Ngozi mu buraruko bw’Uburundi, perezida Evariste…

Ubwoko bwitwa MOSO mu Bushinwa nta “gushyingirwa”, urugo ni urw’umugore gusa,nta mwana umenya se,nta mugore ugira umugabo, nta mugabo ugira umugore!! Ubusabane gusa gusa!

Hakizimana Maurice Ni mu Bushinwa,mu bwoko bwitwa Moso.Ni impamo,nta mwana uzi se,nta mugore ugira umugabo we…

Ihinduramyumvire: “gushaka” ntibisobanura “kubyara”, kandi kubyara si ukwiteganyiriza! Soma byinshi kurushaho!

Hakizimana Maurice Dukomeze mu nyigisho mpinduramyumvire: hari indi myumvire twifitiye muri twe! Ugahura n’umu type/ishumi mwakuranye…

“Erega kuba umukire ntibisobanura kurata ibyo utunze! Ikindi kandi,si byiza kubaho nk’ “umwami” kandi uri “umugaragu”!” Prof.Hakizimana Maurice

Hakizimana Maurice Ubuhamya: Mperutse guhura n’umunyeshuri twiganye muri segonderi kera,namuherukaga mu myaka 30 ishize!Twakubitaniye mu kirongozi…