NTACYO U RWANDA RUTAKOZE NGO RUSEBYE KANDI RUSENYE U BURUNDI KUVA 2015 ARIKO BYARANZE

Maître Valentin Akayezu

Mu mwaka wa 2015-2016, ubwo habaga ikiswe kwiyamiriza “ikiringo cya 3 cya Perezida Nkurunziza”, Kagame niwe wari tekinisiye wo gukoresha imashini yo gusebya u Burundi no kubufungira amarembo ahashoboka hose. Abari bashinzwe gushaka imbaraga zo gukoresha iyo mashini cyane cyane barimo umubirigi w’igisahiranda cyane Louis Michel wakoze ibishoboka byose icyo gihe agakoresha inteko y’ibihugu by’uburayi mu gushyiriraho ibihano bikaze igihugu cy’UBurundi.

2015 Burundi crisis

Umuhungu w’uwo mugabo Charles Michel, wari Ministri w’intebe w’Ububirigi, ubu akaba ari Perezida wa “Conseil de l’Union Européenne”, akaba nawe yarakoreshejwe bihambaye mu gukoresha Leta y’Ububirigi yari ayoboye mu gushaka uburyo bwose bwo gufungira amarembo igihugu cy’Uburundi.

Bimwe rero mu byibukwa icyo gihe, ni uko Inama ya COMESA yagombaga kubera i Bujumbura mu 2016, maze hakorwa ibishoboka byose ngo isubikwe, maze binyuze mu wari umunyabanga mukuru wa COMESA icyo gihe wari uzwi neza ko yari yarinjiriwe na diplomasi ya Louise Mushikiwabo, aza gufata icyemezo cyo guhagarika iyo nama yirengagije amagenzura yose yakozwe yagaragazaga ko Uburundi bwiteguye neza kwakira imirimo y’Inama y’Abakuru b’ibihugu byari bigize COMESA. Gusa Kigali yifuzaga ko iyo nama izanwa mu Rwanda hagamijwe kwereka Uburundi ko babusuzuguye cyane, ntiyashoboye kuyakira nayo kuko hemejwe ko yimurirwa i Lusaka ku kicaro cya COMESA.

Ibyo byose bikaba byarakorwaga hagamijwe gufungira Uburundi inzira zose zicamo ifaranga rishobora kwinjira muri icyo gihugu.

Ni muri urwo rwego, Ikicaro cy’Umuryango w’Ibihugu byo mu karere k’Ibiyaga bigari bigamije amahoro, uzwi nka Conference International des Pays des Grands Lacs ufite ikicaro i Bujumbura, icyo gihe mu 2015, diplomasi ya Louise Mushikiwabo yahagurutse n’imizi yayo yose isaba ko icyo kicaro cyaba gikuwe i Bujumbura mu buryo bw’agateganyo kikimurirwa i Kigali kuko Uburundi ngo bwari mu bihe bibi bituma umuryango nkuwo utahakorera. Ambasadeur Mula Mula, Umunyatanzaniyakazi wari Umunyamabanga Mukuru w’uwo muryango icyo gihe, niwe werekanye ko nta kibazo na gito gihari kuba ubunyamabanga bukuru bw’umuryango bwakomeza gukorera I Bujumbura, imigambi mibisha ya Kigali maze iburizwamo ityo.

Sibyo gusa, kuko Kigali inyuze muri Parfait Onyango, wari uhagarariye MINUSCA akaba ari Mission des Nations Unies en République Centrafricaine, yatangiye gukora amaraporo yo kwanduza ingabo z’Uburundi ziri muri uwo mutwe wa MINUSCA bazishinja ibyaha bikomeye birimo guhohotera abasiviri no gufata ku ngufu abari n’abategarugori. Ibyo byose bikaba byari ukugira ngo Loni ifate icyemezo cyo kwirukana Uburundi mu butumwa bw’amahoro. Ibyo kandi byagendanaga n’uko umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe by’Uburayi byarimo byifuza guhagarika imfashanyo bigenera Mission ya Loni muri Somaliya aho Ingabo z’Uburundi zari nazo, zifatanya n’iz’Ubugande na Kenya.

Ingabo z’u Burundi zambikwa imidali y’ishimwe kubera akazi gahanitse n’ubunyamwuga

Abanyaburayi bari bazi neza ingaruka zikomeye byagira mu karere Somaliya iherereyemo mu gihe UNAMID yaba ihagaritse ibikorwa byayo, ariko mu rwego gusa rwo guhima Uburundi ngo butagira ifaranga bubona bivuye mu bikorwa by’ubutumwa bw’amahoro, iyo Mission ya UNAMID, hasabwaga ko yahagarara. Abanyamerika nibo bahagaritse ubusazi bwa Union Européenne kuko bari basobanukiwe neza akaga kakugariza ako karere dore ko Ingabo z’Uburundi zari zimaze kugaragarwaho n’ubushobozi bukomeye mu kurwanya ibyihebe bya El.Shabab.

Tugarutse kuri Parfait Onanga-Anyanga, mu 2013 yari ayoboye ibiro bya Komisiyo ya Loni ishinzwe uburenganzira bwa Muntu i Bujumbura. Icyo gihe Kigali ikaba yarimo yinjirira inzego zitandukanye mu Burundi, zirimo sosiyeti civile, amadini, abakozi ba Leta bakuru, abakozi b’imiryango mpuzamahanga n’abandi batandukanye, hagamijwe gutegura akajagari mu matora yo mu 2015 mu Burundi. Uwo Parfait Onanga-Anyanga, ugomba kuba ari umunyaGabon cyangwa UmuCamerounais, nawe yaregerewe.

Représentant du Secrétaire général ONU au Burundi, Parfait Onanga-Anyanga

Nibwo yatangiye gukoresha ibiro yari ayoboye mu gukora raporo zitandukanye zigamije guharabika no guhindanya isura y’Ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza ndetse no kubwangisha mu mahanga. Leta ya Nkurunziza yahise ifata icyemezo cyo kwirukana Parfait Onanga-Anyanga ku butaka bw’Uburundi. Uyu Parfait yaje koherezwa muri Centrafrique kuyobora MINUSCA, maze Kigali iba ibonye uburyo bwo kongera kumukoresha mu guhima ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza. Nibwo atangiye gukora raporo zo gusebya ingabo z’Uburundi gukora ibyaha bikomeye kandi binyuranyije n’amahame y’abari mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango w’Abibumbye.

Icyaje kugora Parfait Onanga-Anyanga, ni uko hari abasirikare b’Abafaransa nabo bari mu butumwa bwa MINUSCA maze baza kugaragarwaho n’ibikorwa byo gufata abagore ku ngufu kandi ama ONGs mpuzamahanga yari yatangiye kubisakuza cyane. Icyo rero cyari igisebo gikomeye kuri Parfait Onanga-Anyanga wari no kubitakarizamo akazi. Mu rwego rwo kuzimanganya urwo rusaku, ikibazo cyakurikiranywe bucece maze n’induru ku basirikare b’Abarundi icogora gutyo.

ESE KAGAME NA BIRUTA BARAZA KONGERA KUJYA GUFUNGIRA AMAREMBO UBURUNDI NGO COMESA ITEGANYIJWE KUHABERA YONGERE IPFUBE? UBWO BUSHOBOZI BABA SE BAKIBWIYUMVAMO?KUGIRA UMUTURANYI MUBI BIRAGATSINDWA!!

Paul Kagame(ibumoso) ni umuturanyi mubi w’u Burundi (iburyo,perezida Evariste Ndayishimiye)

Mu mafoto akurikira: Mu nama y’Abakuru b’Ibihugu b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iri kubera Addis-Abeba, muri Etiyopiya, Nyiricyubahiro Evariste Ndayishimiye yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa COMESA mu nama;aho baganiriyr ku myiteguro y’Inama Rusange ya COMESA, igiye kubera i Burundi.

9 thoughts on “NTACYO U RWANDA RUTAKOZE NGO RUSEBYE KANDI RUSENYE U BURUNDI KUVA 2015 ARIKO BYARANZE

  1. บริษัท รับทำเว็บไซต์ WordPress มาตรฐานมืออาชีพ รับทำเว็บไซต์ทุกรูปแบบไม่ว่าจะเป็น SME บริษัทเอกชน หรือ หน่วยงานราชการ โดยผู้เชี่ยวชาญ เราให้บริการ รับจ้างทำเว็บ WordPress ออกแบบเว็บไซต์ WordPress ใหม่ดีไซน์ไม่ซ้ำใคร รองรับการแสดงผลได้ทุกหน้าจอ รับเขียนธีม WordPress ตามต้องการ รับเขียนปลั๊กอิน WordPress ตามการใช้งาน ด้วยประสบการณ์มากกว่า 10 ปี ถูกต้องตามหลัก SEO (SEO Friendly) และโหลดเร็ว Page Speed ดีกว่าเว็บไซต์คู่แข่งแน่นอน แนะนำ บริษัท รับทำเว็บไซต์ WordPress มืออาชีพ คุณภาพสูง

  2. บริษัท รับทำเว็บไซต์ WordPress มาตรฐานมืออาชีพ รับทำเว็บไซต์ทุกรูปแบบไม่ว่าจะเป็น SME บริษัทเอกชน หรือ หน่วยงานราชการ โดยผู้เชี่ยวชาญ เราให้บริการ รับจ้างทำเว็บ WordPress ออกแบบเว็บไซต์ WordPress ใหม่ดีไซน์ไม่ซ้ำใคร รองรับการแสดงผลได้ทุกหน้าจอ รับเขียนธีม WordPress ตามต้องการ รับเขียนปลั๊กอิน WordPress ตามการใช้งาน ด้วยประสบการณ์มากกว่า 10 ปี ถูกต้องตามหลัก SEO (SEO Friendly) และโหลดเร็ว Page Speed ดีกว่าเว็บไซต์คู่แข่งแน่นอน แนะนำ บริษัท รับทำเว็บไซต์ WordPress มืออาชีพ คุณภาพสูง

  3. Attractive section of content I just stumbled upon your blog and in accession capital to assert that I get actually enjoyed account your blog posts Anyway I will be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently fast

  4. helloI like your writing very so much proportion we keep up a correspondence extra approximately your post on AOL I need an expert in this space to unravel my problem May be that is you Taking a look forward to see you

  5. ดูเว็บโป๊ ไทยคุณภาพที่คัดสรรหนังXมาอย่างดีไม่มีโฆษณาแบบ Porn Hd โป๊จากทั่วโลกอย่าง beeg hqporner pornhub xvideos xnxx xhamster tube8 ที่ไม่ทำให้ผู้ชมทุก ดูหนังโป๊ และไม่ได้มีแค่นั้นเรายังมี คลิปโป๊ vk 18+ onlyfans จากทางกลุ่มลับที่หาดูยากรวมทั้ง เกย์ เลสเบี้ยน สาวสอง ทอมดี้ ควย ที่คอยรองรับทุกท่าน อีกทั้งเรายังรับประกันความดูก่อนใครโดยชมผ่านเว็บ ดูหนังโป๊ หี ดูหนังโป๊ฟรี เว็บไซต์ดูหนังโป๊ออนไลน์ยอดนิยม สามารถรับชมผ่านมือถือและคอมพิวเตอร์ได้ หนังโป๊ หนัง18+ หนังโป๊เด็ก เย็ดสด

  6. I might like this blog, my brother said, and he was entirely right. Seeing this post made my day. You are not aware of the amount of time I invested in finding this information.

  7. In the past, the desktop version of the Borgata Casino did not meet our high expectations. The software seemed sluggish and the layout was not intuitive or visually appealing. All that has changed for the better. During testing, the site and the games loaded flawlessly and everything performed as expected. Borgata Casino is a solid product that has all the top casino games and many live dealer table game options.  While we prefer to not list bonuses from casino brands we didn’t evaluate, we have listed valid codes from tested online casinos we can vouch for, so you can find $25 free NDB and free spins from reputable brands with the fastest payouts. All codes listed here are working рџ™‚ There was a time when all online casinos would only give you free money or free spins after you made a deposit. In many promotions like this, there was a minimum deposit requirement. After you made your deposit, you could claim the freebie offered by the casino. It was rare to find a no deposit casino bonus back then.
    https://finnllga628495.activoblog.com/28947645/slot-jackpot
    March 2019, Twin River completed a reverse merger with Dover Downs Gaming & Entertainment, Dover Downs Hotel & Casino’s parent company. The ribbon cutting marks the completion of a 85,000-square-foot casino near Rhode Island’s border with Fall River. Facing competition from Foxwoods in CT, table games were approved for Twin River casino in 2012. Both Foxwoods and Mohegan Sun Casinos, both just over the Connecticut border, announced they will be reopening June 1, with social distancing requirements and cleaning protocols in place. Casino developer Bally’s Corp. has entered into an agreement with GLP Capital to sell the real property assets of two properties in Rhode Island for $1 billion — Bally’s Twin River Lincoln Casino Resort and Bally’s Tiverton Casino & Hotel. 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *