Koreya ya Ruguru hashyizweho itegeko ry’ingengabitekerezo rikakaye ribuzanya guseka,kunywa inzoga no gutera akabariro mu minsi 11 y’icyunamo.

Ni mu gihe Koreya ya Ruguru yibuka urupfu rwa Kim Jong Il wategetse Koreya ya Ruguru…

Mayotte:Kwassa kwassa yarohamye kuri uyu wa gatandatu mu gitondo : hapfuye 5

Mayotte,France: Ibindi byago byagwiriye abimukira binjiraga mu Bufaransa rwihishwa bashaka kugera mu kirwa cya Mayotte. Kwassa…

U Rwanda ntirwatumiwe mu Nama Mpuzamahanga kuri Demukarasi,Paul Kagame arazira iki?

Ibihugu byatumiwe mu Nama Mpuzamahanga kuri Demukarasi y’Isi AlbaniaAngolaAntigua and BarbudaArgentinaArmeniaAustraliaAustriaBahamasBarbadosBelgiumBelizeBotswanaBrazilBulgariaCabo VerdeCanadaChileColombiaCosta RicaCroatiaCyprusCzech RepublicDemocratic Republic of…

Joe Biden na XI Jinping baganiriye amasaha atatu n’igice,isi yitege iki?

Mu kiganiro cy’amasaha atatu n’igice cyabaye mu buryo bw’iyakure, barebana kuri videwo,Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa…

Trump Organization yaba yagurishije imwe mu nzu ze kuri miliyoni $375

Biravugwa ko Trump Organization yageze ku bwumvikane bwo kugurisha imwe muri hoteli zayo zikomeye kuri miliyoni…

Leta zunze ubumwe za Amerika zafunze ambasade yayo muri Afuganisitani, ambasaderi wa Katari niwe uzabahagararira!

Ministri w’ububanyi n’amahanga wa leta zunze ubumwe z’Amerika Antony Blinken yatangaje ko igihugu cya Katari kizahagararira…

Akarengane: yafunzwe imyaka 26 arengana(videos)

Umugabo wo muri leta ya North Carolina muri Amerika wahamijwe ubwicanyi arengana agafungwa imyaka 26 yababariwe…

Abahanga b’isi bongeye kutuyobya,ngo dukomoka kuri Homo bodoensis aho kuba Adamu na Eva,kandi ngo yari umunyafurika!!!!

Hari igihe mu mateka yo guhindagurika k’umuntu kugeza ubu kitarumvwa neza n’abahanga muri siyansi (science). Hazwi…

Imyuka ihumanya ikirere,akaga karatwugarije. Ni iki usabwa?Turabigusobanurira.

Ese wari uzi ko abahanga muri siyansi bemeje bose ko niba nta gikozwe ngo abantu n’inganda…

COP26: Abategetsi bakomeye b’iyi si bahora babeshyana bicaye ku meza amwe ku ihindagurika ry’ikirere

Inama yari itegerejwe cyane ku ihindagurika rw’ikirere izwi nka COP26 imaze gutangira mu mujyi wa Glasgow…