Ibiciro byazamutse ntaho bihuriye n’intambara, abacuruzi bayuririyeho – PM Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente avuga ko izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa bimwe na bimwe ntaho rihuriye n’Intambara…

Kagame arashyize ava ku izima – abanyarwanda bari mu birori byo kongera kwambuka umupaka bajya Uganda nyuma y’imyaka itatu yose umunyagitugu wo mu Rwanda afunze umupaka wahuzaga u Rwanda na Uganda

Ku itariki 7.03.2022, Jenerali Paul Kagame yarashyize ava ku izima afungura umupaka w’u Rwanda na Uganda…

Mu Rwanda ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane,birakabije.Ese biri guterwa n’iki,

Abaturage mu Rwanda bari kwitotombera ko muri iyi minsi micye ishize igihe isi iri mu ntambara…

Mu cyumweru nk’iki mu mwaka wa 2016 Kagame yivuze ibigwi avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwarenze ubwa Afurika ko ubu ruri mu bihugu bikize ku rwego rw’isi. None ubu – Rwanda ruri ku rutonde rw’ibihugu 25 bikennye cyane kandi biteye agahinda kurusha ibindi ku Isi.

Inkuru ya David Himbara Interineti ntijya yibagirwa koko. Muri iki cyumweru,tariki nk’iyi,hari tariki 26.02. 2016, Jenerali…

Banki nkuru y’u Rwanda yazamuye inyungu ku mafaranga yayo, ubuzima bugiye kurushaho kuba ingorabahizi ku muturage

Banki nkuru y’u Rwanda (BNR) yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo itangiraho amafaranga yayo kuri banki z’ubucuruzi, icyemezo…

Leta y’ u Rwanda mu kunanirwa gukemura ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa n’ibibikomokaho bizamuka uko bukeye nuko bwije

Umusomyi wa Afriquela1ère.com Reka dukubitire ikinyoma ahareba i Nzega, mu by’ukuri igiciro cy’amavuta ntabwo cyikubye kabiri…

Uruganda rwa Mara rukora za telefoni rwa Ashish Thakkar incuti y’akadasohoka ya perezida Kagame rwo muri Afurika y’Epfo rwarahombye ubutabyutsa umutwe.Ese ishami ryarwo ryo mu Rwanda rizarokoka?

David Himbara Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda akaba ikitabashwa cyane yafashe umwanzuro wo kwegurira igice cya Banki…

Kagame akomeje gusunika itariki ya gahunda yo kwerekana aho amafaranga y’ubwiteganyirize bw’abakozi mu Rwanda yarigitiye,no kwerekana abanyarwanda icyo yakoreshejwe.

Inyandiko ya Prof.David Himbara Ubusanzwe amafaranga yo mu isanduku y’ubwiteganyirize bw’abakozi akoreshwa mu buryo bubiri –…

Elon Musk nimero ya mbere mu baherwe bo ku isi-wibitseho miliyari 185 z’amadolari- afite umushinga wo kubaka umugi w’igitangaza kuri Mars,kuko isi nta kizere akiyifitiye.

Elon Musk yabaye umuntu ukize kurusha abandi bose ku isi ubwo umutungo we muri rusange wageze…

Covid19 yatumye abaherwe barushaho gukira cyane aho umutungo wabo wikubye incuro ebyiri,ariko abakene barushijeho gukena.Byatewe n’iki ? Soma raporo ya OXFAM

Icyorezo cya coronavirus cyatumye abakire ba mbere ku isi bakira kurushaho ariko gituma abantu benshi kurushaho…