Umuririmbyi w’Umunyamerika R Kelly yahamwe no gukoresha nabi kuba ari icyamamare agashyiraho uburyo bwo guhohotera abagore n’abana abakoresha imibonano mpuzabitsina mu gihe cy’imyaka makumyabiri.
Abamushinja cumi n’umwe, bagizwe n’abagore icyenda n’abagabo babiri, batanze ubuhamya muri uru rubanza rwamaze ibyumweru bitandatu, bavuga uburyo bw’imibonano mpuzabitsina bukojeje isoni bakoreshejwe ndetse n’urugomo bakorewe.
Nyuma y’iminsi ibiri ikora isuzuma, inteko y’abacamanza yasanze Kelly, w’imyaka 54, ahamwa n’ibyaha byose yaregwaga.
Kumukatira igihano byitezwe kuba ku itariki ya 4 y’ukwezi kwa gatanu mu 2022 kandi bishoboka ko ashobora kumara igihe gisigaye cy’ubuzima bwe afunze.
Inteko y’abacamanza yasanze Kelly, ubundi izina rye mu buryo burambuye ni Robert Sylvester Kelly, yari akuriye igico cy’abantu gikoresha urugomo n’agahato cyareshyaga abagore n’abana kugira ngo abakorere ihohotera rishingiye ku gitsina.
Uyu muririmbyi – wamamaye cyane mu ndirimbo ye yahawe igihembo yitwa I Believe I Can Fly – yanahamwe no gucuruza abagore hagati ya za leta zitandukanye z’Amerika no gukoresha abana filime z’urukozasoni (child pornography).

Hamwe n’ibirego umunani byo gucuruza abantu hagamijwe kubakoresha imibonano, Kelly yanahamwe no gukora ubucuruzi bunyuranyije n’amategeko – ikirego ubusanzwe kiregwa abari mu mashyirahamwe y’ubugizi bwa nabi buteguwe.
Umugore wiswe Sonja ati ‘niteguye gutangira kubaho ubuzima bwanjye nta bwoba’
Mu rubanza rwe, abashinjacyaha bavuye imuzi (barondoye) uburyo abakuriye abakozi be, abamucungira umutekano n’abandi bamuri hafi bakoze mu kumufasha mu bugizi bwa nabi bwe.
Umugore umwe, watanze ubuhamya ko Kelly yamufunze, akamuha ibiyobyabwenge ndetse akamukoresha imibonano mpuzabitsina ku ngufu, mu itangazo ryanditse yasohoye nyuma y’umwanzuro w’urukiko yavuze ko yari amaze igihe “yihisha” “kubera inkeke nashyirwagaho” na Kelly, kuva uwo mugore yatangaza ku mugaragaro ibyo amushinja.
Uwo mugore, umwirondoro we watanzwe mu rukiko nka Sonja, yongeyeho ati: “Niteguye gutangira kubaho ubuzima bwanjye nta bwoba no gutangira urugendo rwo gukira ibikomere”.
Lizette Martinez, undi mugore watanze ubuhamya mu rukiko, yavuze ko “aruhuwe” n’uyu mwanzuro.
Yongeyeho ati: “Ntewe ishema cyane n’abagore bashoboye kuvuga ukuri kwabo”.
Inyandiko z’urukiko zanahishuye guhungabanya mu bitekerezo Kelly yakoreraga abo yahohoteraga.
Ntabwo bari bemerewe kurya cyangwa gukoresha ubwiherero atabahaye uruhushya, yagenzuraga imyenda bambara ndetse agatuma bamuhamagara “Papa”.
Gloria Allred, umwunganizi mu mategeko waburaniye benshi mu bo Kelly yahohoteye, yabwiye abanyamakuru ati:
“Maze imyaka 47 ndi umunyamategeko. Muri iki gihe, nakurikiranye abantu benshi bakora ihohotera rishingiye ku gitsina bakoreye ibyaha abagore n’abana”.
“Muri abo bakora ihohotera bose nakurikiranye, Bwana Kelly ni we wa mbere mubi cyane”.
Mu kiganiro n’abanyamakuru hanze y’urukiko ku wa mbere, umushinjacyaha Jacquelyn Kasulis yavuze ko inteko y’abacamanza yatanze ubutumwa ku bagabo b’ibikomerezwa nka Kelly.
Madamu Kasulis yagize ati: “Igihe byafata icyo ari cyo cyose, ukuboko kw’amategeko kuzagufata”.
Uyu mwanzuro w’urukiko ugezweho nyuma y’imyaka 13 Kelly agizwe umwere ku birego byo gukoresha abana filime z’urukozasoni nyuma y’urubanza rwabereye muri leta ya Illinois.
Byinshi mu birego byumviswe muri uru rubanza byatangajwe bwa mbere muri filime mbarankuru yatangajwe mu 2019 yiswe ‘Surviving R Kelly’, cyangwa Kurokoka R Kelly, ugenekereje mu Kinyarwanda.
Rimwe na rimwe abakorewe ihohoterwa batoranywaga mu bitabiriye ibitaramo bye, cyangwa bakareshywa ngo bamusange nyuma yo guhabwa ubufasha mu muziki wabo wari ukiri ku rwego rwo hasi, bamaze kugira amahirwe yo guhura n’icyo cyamamare.
Ariko nyuma yo kugera mu bari hafi ye, basangaga bagomba gukurikiza amategeko akarishye kandi bagahanwa bikomeye iyo barengaga ku byo itsinda rye ryitaga “amategeko ya Rob”.

Umwanzuro wihuse nyuma y’imyaka za mirongo yo gutegereza
Isesengura rya Nada Tawfik, umunyamakuru wa BBC i New York
Iki cyabaye icyemezo cyihuse cy’inteko y’abacamanza igizwe n’abagabo barindwi n’abagore batanu.
Bafashe amasaha icyenda mu gihe cy’iminsi ibiri ngo bagere ku mwanzuro, bivuze ko ushyize mu gaciro bagomba kuba bari bahurije ku isuzuma ryabo ry’ibimenyetso.
Mbere gato y’uko umwanzuro utangazwa, bacye mu bafana ba R. Kelly bacuranze cyane umuziki we hanze y’icyumba cy’urukiko. Nababajije uko biyumva nyuma yuko ahamwe n’ibyaha. Byagaragaraga ko bababaye bambwira ko bakimushyigikiye.
Ku rundi ruhande, abahohotewe na R. Kelly barimo kumva hari ukuntu baruhutseho.
Umugore umwe – wakomeje kudatangazwa umwirondoro mu gihe cyose cy’urubanza – yasohoye itangazo avuga ko yumva ubu noneho ashobora gutangira urugendo rwo gukira ibikomere. Uyu mwanzuro nta gushidikanya ko washingiye cyane ku buhamya bwabo n’ubushake bwo kuvuga ku ihungabana bagize.
Mu gihe cy’imyaka ibarirwa muri za mirongo aba bagore b’abirabura bakomeje kubaza igihe bazumvirwa, igihe amajwi yabo azahabwa agaciro. Uku guhamwa n’ibyaha kwe ni intsinzi yabo kuri Nanjye Byambayeho.

Muri uru rubanza rwo ku rwego rwa leta, urukiko rwanumvise ukuntu yabonye ibyangombwa mu buryo bunyuranyije n’amategeko kugira ngo ashakane n’umuririmbyi Aaliyah wari utarageza ku myaka y’ubukure, wapfiriye mu mpanuka y’indege mu kwezi kwa munani mu 2001 nyuma yo gushakana na Kelly afite imyaka 15.
Deveraux Cannick, wunganira Kelly mu mategeko, yabwiye abanyamakuru ko umukiliya we atari yiteze ko ahamwa n’icyaha.
Bwana Cannick yagize ati: “Leta yihitiyemo uko ibona ibintu yatekerezaga ko bishyigikira gukomeza kw’imvugo iriho”.
“Ni gute yaba yiteze uyu mwanzuro n’ukuntu habayeho kunyuranya twabonye?”
Bitandukanye n’uru rubanza, Kelly anakurikiranywe mu rubanza rwo mu mujyi wa Chicago ku birego byo gukoresha abana filime z’urukozasoni no gusibanganya ibimenyetso. Biteganyijwe ko anaregwa ihohotera rishingiye ku gitsina muri leta za Illinois na Minnesota.
Abahoze bakorana na Kelly batari munsi ya babiri bemeye icyaha mu zindi manza zijyanye n’amagerageza ya Kelly yo gucecekesha abamushinja.
Kelly yemeje ko yarenganye
N’ubwo aba bagore bavuze gutya ariko ku rukuta rwa Facebook rwa R.Kelly handitseho ko yarenganye. Ati “ Ku bafana banjye bose n’abanshyigikiye ndabakunda kandi ndabashimira ko mwashyigikiye. Uyu munsi icyemezo cyo kumpamya ibyaha cyantengushye, nzakomeza kugaragaza ko ndengana ndwanira ubwigenge bwanjye.”
Uko byakiriwe n’abamukundaga kimwe n’abamukurikiraga
Ku mbuga nkoranyambaga, abantu batandukanye bagaragaje ko bishimiye ko uyu muhanzi yahamijwe ibyaha abandi bavuga ko bazakomeza kumukunda n’ubwo bimeze gutyo, mu gihe abandi bo bihanganishije abo yahohoteye.
Kerry Washington uzwi mu ruganda rwa sinema muri Amerika yanditse kuri Twitter agaragaza ko yihanganishije abagizweho ingaruka n’ibyaha bakoreweho na R.Kelly.
Ati “Ndatanga ishimwe, urukundo, ndetse n’amasengesho y’amahoro ku bagizweho ingaruka n’ibyaha bya R. Kelly babashije kuvuga n’abatarabikoze.”
Ibi abihurizaho na producer Dream Hampton wakoze “Surviving R Kelly” yari irimo abakobwa bashinjaga kubafata ku ngufu.
Umuririmbyi Nandi Madida wo muri Afurika y’Epfo yanditse kuri Twiiter agaragaza ko kuba icyamamare cyangwa kugira amafaranga bidashobora gutuma umuntu aba mwiza.
Ati “Kuba umukire, icyamamare cyangwa umunyembaraga ntabwo bituma uba umuntu mwiza. Umutima wanjye ku bahohotewe na R.Kelly.”
Hari umwe mu bakoresha Twitter we wanditse agaragaza ko n’ababyeyi b’abahohotewe na R.Kelly bakwiriye gukurikiranwa.
Uwitwa Jason Khumalo, yanditse kuri uru rubuga agaragaza ko n’ubwo yahamijwe ibyaha azahora ari umuhanzi w’icyubahiro muri RnB. Ati “N’ubwo yaba yarakoze ibyaha, azahora ari umuhanzi w’igitangaza wa RnB w’ibihe byose ndetse nzahora numva umuziki we.”
Ibi abihuriza n’abandi benshi barimo uwitwa Clive wavuze ko abantu bagushwa n’ibintu biba ari byo bagiraho intege nke, bagafata ibyemezo bibi ariko ikingenzi ari uko uyu muhanzi yatanze umuziki mwiza.
Ibi ntabwo abihuza n’uwitwa Jabulani Macdonald kuko we ashaka ko ahubwo imiziki ye ikurwa ahantu hose. Ati “Bakure imiziki ye ku mbuga z’umuziki ndetse ntizangere kumucuranga kuri radio ukundi.”
Uwitwa Alan yanditse agaragaza ko umuntu ucyumva umuziki wa R.Kelly nawe akwiriye gufungwa.
Biteganyijwe ko R.Kelly agiye kujya kuburana urundi rubanza nk’uru muri Chicago mu minsi iri imbere.
435736 643121For anyone among the lucky peoples, referring purchase certain products, and in addition you charm all with the envy of all of the the numerous any other individuals about you that tend to have effort as such make a difference. motor movers 296902
136836 51110Some truly good and beneficial info on this site, likewise I conceive the style holds excellent features. 749637
283474 188445You made some decent points there. I looked online for that issue and identified many people goes coupled with with all your site. 177542
447614 134133Some truly quality posts on this web site , saved to favorites . 229668
918824 890368 You made some decent points there. I looked on the internet for the problem and discovered most individuals will go along with along with your internet site. 603267
369087 878447Genuinely fighter messages are supposed to amuse offer praise into the groom and bride. Very first time audio system watching more than the top places need to also remember you see, the senior guideline with the speaking, which is your particular person. finest man speeches brother 99609
765749 69791I actually enjoy examining on this internet website , it has got excellent posts . 954084
110169 14725Some times its a pain in the ass to read what weblog owners wrote but this internet web site is actually user genial ! . 467287
627528 870455Woh I enjoy your articles , saved to favorites ! . 381973
109740 250170I truly appreciated this gorgeous weblog. Make confident you maintain up the excellent function. Best Regards . 901957
836679 253630There is visibly a bunch to know about this. I believe you made various good points in capabilities also. 832851
34338 933150wonderful issues altogether, you simply gained a new reader. What could you recommend about your post which you made some days inside the past? Any positive? 816186
902008 919522An attention-grabbing dialogue is worth comment. I believe that its finest to write extra on this topic, it wont be a taboo subject nonetheless typically individuals are not sufficient to speak on such topics. To the next. Cheers 790672
480536 784965Hi there, I found your weblog by way of Google while looking for first aid for a heart attack and your post looks quite intriguing for me. 842864
140603 453200hey there i stumbled upon your website searching around the internet. I wanted to let you know I enjoy the appear of items about here. Keep it up will bookmark for certain. 58146
515087 567931Following examine a couple of of the weblog posts within your web site now, and I truly like your manner of blogging. I bookmarked it to my bookmark web site list and may be checking back soon. Pls take a look at my internet site as effectively and let me know what you think. 816493
111502 807825I believe other web site proprietors need to take this internet internet site as an example , really clean and fantastic user genial style . 712857
It’s too bad to check your article late. I wonder what it would be if we met a little faster. I want to exchange a little more, but please visit my site baccaratcommunity and leave a message!!
782839 717758Nowhere on the Internet is there this significantly quality and clear information on this topic. How do I know? I know because Ive searched this subject at length. Thank you. 812914
Thanks for the article post. Awesome.
I value the blog post.Much thanks again.
Hi, I do believe this is a great blog. I stumbledupon it 😉 I’m going to come back yet again since I saved as a favorite it. Money and freedom is the best way to change, may you be rich and continue to help others.
Asking questions are actually pleasant thing if you are not understanding anything totally,except this article gives nice understahding even.
Thanks for finally talking about > Los talleres del FestivalEñe – Festival Eñe
I am sure this piece of writing has touched all the internet people, its really really pleasant paragraph on building up new blog.
These are actually great ideas in concerning blogging. You have touched some pleasant points here. Any way keep up wrinting. brevet i flasken quiga.eoramwomen.com/travels/brevet-i-flasken.php brevet i flasken
Hey, thanks for the article post.Really thank you! Awesome.
Good – I should definitely pronounce, impressed with your site. I had no trouble navigating through all the tabs as well as related information ended up being truly simple to do to서귀포출장샵 access. I recently found what I hoped for before you know it at all. Quite unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or anything, site theme . a tones way for your customer to communicate. Nice task..
The actual movements can be needless to say impressively decorated.
Fastidious answer back in return of this question with solid arguments and telling the whole thing on the topic of that.
This is my first time visit at here and i am really impressed to read everthing at single place.
Very man or woman speeches need to seat giving observe into couples. Brand new sound system just before unnecessary people should always be mindful of generally senior general rule from public speaking, which is to be the mini. best man speaches
The March Dead Winter 9 Un espectáculo tranquilo de comedia y tipo
Master Of Education Uk Personalized Books To DadAlso visit my blog post; pdf list
Great post however , I was wanting to know if you couldwrite a litte more on this topic? I’d be very thankful if you could elaborate a little bit further.Appreciate it!
A motivating discussion is worth comment. I do believe that you should write more about this subject matter, it may not be a taboo matter but typically people do not discuss these topics. To the next! All the best.
This is one awesome article.Really looking forward to read more. Really Great.
Thanks again for the post.Really thank you! Fantastic.
Fantastic article.Really looking forward to read more. Great.
hot topic writing can only last as long as the hot topics do.
This is a really good tip particularly to those fresh to the blogosphere. Simple but very precise information… Many thanks for sharing this one. A must read article.
Howdy! I simply wish to give an enormous thumbs up for the nice information you’ve got here on this post. I can be coming back to your blog for extra soon.
I will right away clutch your rss feed as I can’t to find your e-mail subscription hyperlink or e-newsletter service.Do you have any? Kindly permit me know so that I may just subscribe.Thanks.
Looking forward to reading more. Great blog.Really looking forward to read more. Cool.
Major thankies for the article post. Will read on…
What’s up, after reading this amazing paragraph i am as well cheerful to share my know-how here withfriends.
When I originally commented I clicked the -Alert me when new comments are added- checkbox and also now each time a comment is included I obtain 4 emails with the very same comment. Is there any way you can remove me from that service? Many thanks!
Thanks for finally talking about > All images areunder Mit Licence. — A & J Company
بخش چند نفره بازی با وجود ۴ گروه و تنوع بسیار در نوع ساختمان ها و سربازان و تفاوت های زیاد در بینشان باعث شد تا این بازی به یکی از مسابقاتورزشی الکترونیک (ESport) تبدیل شود و از نظر فکری بابازی همچون شطرنج مقایسه شود.
hi!,I like your writing very a lot! proportion we keep up a correspondence more approximately your poston AOL? I require an expert on this space to resolve my problem.Maybe that’s you! Taking a look ahead to peer you.
I really like and appreciate your blog.Really looking forward to read more. Really Great.
Wow, great blog article. Great.
Thanks so much for the blog post.Thanks Again. Really Cool.
Appreciate you sharing, great article.Much thanks again. Much obliged.
I appreciate you sharing this article post.Much thanks again. Keep writing.