Abanyarwanda 2 kuri 5 bishwe n’agahiri n’agahinda gakabije.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru cya Leta y’u Rwanda,Imvaho nshya, ngo ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) bugaragaza ko Abanyarwanda 20.5% bagendana n’uburwayi bwo mu mutwe, bakaba ari abasaga miliyoni ebyiri aho umuntu umwe kuri batanu aba afite ubwo burwayi agendana abizi cyangwa atabizi.

Indwara zo mu mutwe ni nyinshi ariko mu ziganje mu Rwanda harimo iy’agahinda gakabije yihariye 11.9%, iy’umuhangayiko yihariye 8.6%, ihungabana riterwa n’ibihe bikomeye umuntu yanyuzemo ryihariye 3.6%, indwara yo kunanirwa kwifata ku ngeso runaka yihariye 3.6% n’igicuri cyihariye 2.9%.

Ubwo bushakashatsi bugaragagaza ko indwara zo mu mutwe ziganje cyane mu bagore cyane kurusha abagabo, aho 53.3% by’abarwayi ari abagore mu gihe 48.8% ari abagabo.

Abarwayi benshi babonetse mu Ntara y’Amajyapfo ikurikirwa n’Umujyi wa Kigali, nubwo iyo harebewe ku Turere aka Gasabo ari ko kaza imbere mu kugira umubare uri hejuru y’abafite ibyo bibazo by’uburwayi bwo mu mutwe.

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe muri RBC, Dr. Yvonne Kayiteshonga, yavuze ko icyo kibazo gikomera cyane iyo bigeze ku barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi aho imibare yikuba inshuro zigera kuri enye.

Iyo mibare igaragaza ko umwe kuri babiri cyangwa 52% by’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagendana n’uburwayi bwo mu mutwe bumwe cyangwa ubundi.

Dr. Kayiteshonga yavuze ko ikindi giteye impungenge ndetse kikaba gikeneye ingamba zihariye, ari uko umwana umwe mu bana 10 b’ingimbi n’abangavu bafite hagati y’imyaka 14 na 18, aba afite ikibazo cyo mu mutwe.

Yagize ati: “Ikindi, kubera amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi hari n’abandi Banyarwanda benshi cyane batuzuza ibisabwango byitwe ko barwaye mu mutwe, ariko bafite ubuzima bwahungabanye; bihangana bakabyuka bakajya ku kazi, bakajya ku ishuri, bagakora imirimo, ariko ubuzima bwabo bukaba butazongera kumera nk’uko bwari bumeze mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.”

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwifatanya n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka wo kwita ku buzima bwo mu mutwe, ku Cyumweru taliki ya 10 Ukwakira 2021, Dr. Kayiteshonga yaboneyeho kwibutsa abaturarwanda ko ubuzima bwo mu mutwe ari wo musingi w’imibereho ya muntu bityo hakenewe ubufatanye mu kububungabunga.

Ati: “Nta buzima bwiza bwo mu mutwe bwaboneka mu Gihugu hatabayeho ubufatanye bw’inzego n’abantu.”

Imiterere y’uburwayi bwo mu mutwe muri buri Karere

Avuga ko nyuma yo kubona ko mu Banyarwanda bafite ibibazo byo mu mutwe, ariko umubare munini nubwo uzi ko hari serivisi ntuzigane, kwizihiza uyu munsi Mpuzamahanga bizaba bifite insanganyamatsiko igira iti”Nyuma y’uko wagize uburwayi bwo mu mutwe, hari icyizere ko ubuzima bukomeza. Reka twivuze.”

Yakomeje agira ati: “Iyo wubatse inyubako zibonekamo abaganga bakira abarwayi bagatanga n’imiti ukaba ufite n’ibikoresho byose bikenewe, ariko abantu ntibagane iyo serivisi haba harimo ikibazo. Iyo bigeze kuri serivisi zirebana n’ubuzima bwo mu mutwe usanga abantu batinya akato gakorerwa umuntu ufite indwara zo mu mutwe. Usanga imyumvire ari myinshi, idafasha abantu kugira ngo bumve ko ari ikibazo gishobora kuvurirwa kwa muganga.”

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe ubuvuzi bw’Indwara zo mu mutwe muri RBC Dr. Iyamuremye Jean Damascène, yongeyeho ko indwara zo mu mutwe zitakiri izumvwa mu mahanga gusa, kuko no mu Rwanda zihari kandi ku kigero cyo hejuru cyane ukurikije ibyavuye mu bushakashatsi.

Ati: “Izi ndwara ziri mu Rwanda kandi ziri hose, ziri mu Turere twose, ariko Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali ni ko kaza ku mwanya wa mbere kagakurikirwa n’Akarere ka Huye, aka Gisagara n’aka Nyamagabe tubarizwa mu Ntara y’Amajyepfo.”

Indwara zo mu mutwe zibasira abantu bose ariko by’umwihariko hakaba ibyiciro byibasirwa kurusha abandi, cyane cyane abahuye n’akaga k’ihohoterwa rirenze kamere nka Jenoside yakorewe Abatutsi.

Dr. Iyamuremye yanashimangiye ko icyorezo cya COVID-19 cyagize ingaruka ku buzima bwo mu mutwe bw’Abanyarwanda ndetse n’abatuye Isi muri rusange, cyane ko cyabategetse guhindura imibereho ibasaba kudashyikirana n’abandi nk’uko bari babimenyereye.

49 thoughts on “Abanyarwanda 2 kuri 5 bishwe n’agahiri n’agahinda gakabije.

  1. 917437 86627An intriguing discussion is worth comment. I do feel that you need to write read a lot more about this topic, it will not be considered a taboo subject but generally everyone is too couple of to communicate in on such topics. To another. Cheers 652295

  2. 227745 451565Oh my goodness! an wonderful article dude. Thanks a ton Nonetheless I will likely be experiencing dilemma with ur rss . Do not know why Not able to join it. Can there be every person acquiring identical rss problem? Anybody who knows kindly respond. Thnkx 714749

  3. 882607 424378This douche bag loves his illegal bretheren because hes a itiaen of the world and we need to be ashamed of ourselves I got news for you Asswipe get your asswiping ass back towards the craphole exactly where you came from with all of your illegal beaners 6349

  4. 658812 944387I believe other site owners ought to take this internet site as an model, extremely clean and wonderful user pleasant pattern . 488680

  5. 681069 501168This kind of publish appears to get yourself plenty of visitors. How will you acquire traffic to that? It provides a great unique twist upon issues. I guess having something traditional or possibly substantial to give info on could be the central aspect. 90192

  6. 482768 468571An interesting discussion is worth comment. I believe that you ought to write regarding this subject, it may not be a taboo topic but generally persons are too few to chat on such topics. To one more location. Cheers 74053

  7. 752266 309017I admire the valuable facts you offer inside your articles. I will bookmark your weblog and also have my children verify up here often. Im quite positive theyll learn lots of new issues right here than anybody else! 8264

  8. Hi there! Would you mind if I share your blog with my
    twitter group? There’s a lot of folks that I think would
    really appreciate your content. Please let me
    know. Many thanks

  9. I think this is one of the most significant information for me.
    And i’m glad reading your article. But wanna remark on few general things, The website style is great,
    the articles is really great : D. Good job, cheers

  10. My coder is trying to convince me to move to .net from PHP.
    I have always disliked the idea because of the costs.
    But he’s tryiong none the less. I’ve been using WordPress on various websites for about a year and am nervous about switching to another
    platform. I have heard great things about blogengine.net. Is there a way I can import all my wordpress content into it?
    Any kind of help would be greatly appreciated!

  11. Hi there would you mind letting me know which webhost you’re working with?
    I’ve loaded your blog in 3 completely different internet browsers
    and I must say this blog loads a lot quicker then most. Can you suggest a good
    hosting provider at a fair price? Many thanks, I appreciate it!

  12. I think that everything wrote made a lot of sense.
    But, think about this, what if you wrote a catchier
    title? I mean, I don’t want to tell you how to run your blog, however suppose you
    added something to maybe get folk’s attention? I mean Abanyarwanda 2 kuri 5 bishwe n’
    agahiri n’agahinda gakabije. – Afriquela1ère is kinda plain. You might glance at Yahoo’s
    front page and note how they create article titles to grab
    people interested. You might try adding a video or a picture or two to
    get readers excited about everything’ve written. In my opinion, it might make your
    posts a little livelier.

  13. It’s a shame you don’t have a donate button! I’d definitely donate to this superb
    blog! I suppose for now i’ll settle for bookmarking and adding
    your RSS feed to my Google account. I look forward to brand new updates and will share
    this blog with my Facebook group. Chat soon!

  14. After looking into a number of the blog articles
    on your website, I really like your technique of
    blogging. I book marked it to my bookmark site list and will be checking back soon. Please check out my
    website as well and tell me what you think.

  15. hey there and thank you for your information – I have
    certainly picked up something new from right here. I did however expertise a few
    technical issues using this web site, since I experienced to reload
    the web site a lot of times previous to I could get it to load properly.

    I had been wondering if your web host is OK?
    Not that I am complaining, but sluggish loading instances times will often affect
    your placement in google and could damage your quality score
    if ads and marketing with Adwords. Anyway I am adding this RSS to my e-mail and can look out for much more of your respective fascinating content.
    Ensure that you update this again very soon.

  16. I’m truly enjoying the design and layout of your blog.
    It’s a very easy on the eyes which makes it much more pleasant for
    me to come here and visit more often. Did you hire out a developer
    to create your theme? Great work!

  17. Interesting blog! Is your theme custom made or did you download it from
    somewhere? A design like yours with a few simple tweeks would really make my blog stand out.
    Please let me know where you got your design. Many thanks

  18. After looking into a number of the articles on your web page, I truly like your
    technique of blogging. I book marked it to my bookmark website list and will be checking back in the near future.
    Please check out my web site too and tell me your opinion.

  19. We absolutely love your blog and find most of
    your post’s to be exactly I’m looking for. can you
    offer guest writers to write content for you? I wouldn’t mind publishing a post or elaborating
    on many of the subjects you write related to here. Again, awesome weblog!

  20. Incredible! This blog looks exactly like my old one! It’s on a entirely different topic
    but it has pretty much the same layout and design. Excellent choice of
    colors!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *