Ibintu utari uzi ku byerekeye irema

ABANTU babarirwa muri za miriyari basomye cyangwa bumva inkuru yo muri Bibiliya ivuga ibirebana n’uko isanzure ryabayeho. Iyo nkuru imaze imyaka 3.500, ibimburirwa n’amagambo azwi cyane agira ati “mu ntangiriro(mbere na mbere) Imana yaremye ijuru n’isi.”

Icyakora abantu benshi ntibazi ko abayobozi b’amadini yiyita aya gikristo, hakubiyemo abemera ko isi yaremwe mu minsi 6 y’amasaha 24 hamwe n’abatsimbarara ku nyigisho za kera z’idini ryabo, bagiye bagoreka iyo nkuru ivuga iby’irema, bakayivuga mu buryo buhabanye n’uko Bibiliya iyivuga. Ibisobanuro batanga ntibihuje na siyansi. Nubwo ibyo bavuga bitaboneka muri Bibiliya, byatumye abantu bamwe batakariza icyizere inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema, bayifata nk’umugani.

Abantu benshi ntibazi inkuru nyakuri yo muri Bibiliya ivuga iby’irema. Ibyo biteye isoni kuko Bibiliya itanga ibisobanuro byumvikana kandi byizewe by’ukuntu isanzure ry’ikirere ryabayeho. Uretse n’ibyo kandi, ibisobanuro itanga bihuje na siyansi. Koko rero, ushobora gutangazwa no kumenya ibintu utari uzi ku byerekeye irema.

UMUREMYI NTIYAREMWE

Isanzure ntirigira iherezo

Inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema ishingiye ku gitekerezo cy’uko hariho Imana Isumbabyose kandi Ishoborabyose yaremye ibintu byose. Iyo Mana ni iyihe kandi se iteye ite? Bibiliya igaragaza ko itandukanye n’ibigirwamana bisengwa n’abantu bo mu mico itandukanye no mu madini akomeye atandukanye. Nubwo ari Umuremyi wa byose, abantu benshi ntibayiziho byinshi.

  • Imana iriho kandi ifite imico iyiranga. Si imbaraga zitagira kamere zigenda zizerera mu isanzure ry’ikirere. Iratekereza kandi igira ibyiyumvo n’intego.
  • Imana ifite ubwenge n’imbaraga bitagira akagero. Ibyo bigaragazwa n’ukuntu ibintu yaremye biremwe mu buryo buhambaye kandi bwihariye, cyane cyane ibifite ubuzima.
  • Imana ni yo yaremye ibintu byose bigaragara. Ku bw’ibyo, ntifite umubiri ugizwe n’ibyo bintu bigaragara kuko byabayeho ari uko ibiremye. Ahubwo Imana ni umwuka; ntigaragara.
  • Imana ntigira intangiriro n’iherezo. Yahozeho kandi izahoraho. Ku bw’ibyo, nta wayiremye.
  • Imana ifite izina bwite, rikaba riboneka incuro zibarirwa mu bihumbi muri Bibiliya. Iryo zina ni Yahweh,cyangwa Yehova.
  • Yahweh/Yehova Imana akunda abantu kandi abitaho.

 IMANA YAREMYE ISANZURE RY’IKIRERE MU GIHE KINGANA IKI?

Isaha

Bibiliya ivuga ko Imana “yaremye ijuru n’isi.” Icyakora ayo magambo ntagaragaza igihe Imana yamaze irema isanzure ry’ikirere cyangwa uburyo yakoresheje. Twavuga iki se ku gitekerezo cyogeye, kivuga ko Imana yaremye isanzure ry’ikirere mu minsi 6 y’amasaha 24? Abahanga mu bya siyansi benshi ntibemera iyo nyigisho ishingiye ku gitekerezo cy’abantu bumva nabi inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema. Reka turebe icyo Bibiliya ivuga kuri iyo nyigisho.

Bibiliya ntishyigikira abatsimbarara ku nyigisho za kera z’idini ryabo n’abemera ko Imana yaremye isanzure ry’ikirere mu minsi 6 y’amasaha 24

  • Bibiliya ntishyigikira abatsimbarara ku nyigisho za kera z’idini ryabo n’abandi bihandagaza bavuga ko Imana yaremye isanzure ry’ikirere mu minsi 6 y’amasaha 24.
  • Bibiliya ikunda gukoresha ijambo “umunsi” mu buryo butandukanye. Rimwe na rimwe, uko umunsi ureshya ntibiba bizwi. Ibyo ni ko bimeze ku ijambo “umunsi” rikoreshwa mu nkuru ivuga iby’irema yo mu gitabo cyo muri Bibiliya cy’Intangiriro.
  • Dukurikije ibivugwa muri iyo nkuru, umunsi umwe muri iyo minsi itandatu y’irema ushobora kuba waragiye umara imyaka ibarirwa mu bihumbi.
  • Ku munsi wa mbere w’irema, Imana yari yaramaze kurema isanzure hakubiyemo umubumbe w’isi, nubwo icyo gihe nta binyabuzima byari biwuriho.
  • Uko bigaragara, iminsi itandatu y’irema yamaze igihe kirekire. Muri icyo gihe cyose, Yehova yarimo ategura isi kugira ngo izaturwe n’abantu.
  • Inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema ntivuguruzanya n’ibyo abahanga mu bya siyansi bavumbuye ku birebana n’igihe isanzure ry’ikirere rimaze ribayeho.

ESE YAKORESHEJE UBWIHINDURIZE?

Ubwihindurize

Abenshi mu batemera Bibiliya bavuga ko ibinyabuzima byose byabayeho binyuze ku bintu byo mu rwego rwa shimi byagiye byivanga mu buryo butazwi kandi budasobanutse. Bavuga ko hari igihe cyageze hakabaho mikorobe, maze ikagenda yigabanyamo uduce twinshi, na two tukaza kuvamo amoko y’ibinyabuzima abarirwa mu bihumbi ariho muri iki gihe. Ibyo biramutse ari ukuri, byaba byumvikanisha ko umuntu ufite imiterere ihambaye kandi itangaje, yaba yarakomotse kuri mikorobe.

Inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema ntivuguruzanya n’inyigisho yo mu rwego rwa siyansi, ivuga ko mu bwoko bw’ibinyabuzima habaho ihinduka

Iyo nyigisho y’ubwihindurize yemerwa n’abantu benshi bemera ko Bibiliya ari Ijambo ry’Imana. Bizera ko Imana yaremye ikinyabuzima cya mbere hano ku isi, hanyuma ikagenda irema ibindi bintu, wenda ikoresheje ubwihindurize. Icyakora, ibyo si byo Bibiliya yigisha.

  • Bibiliya ivuga ko Yehova Imana ari we waremye amoko yose y’ibanze y’ibimera n’inyamaswa. Nanone yaremye umugabo n’umugore ba mbere, ibaremana ubwimenye, urukundo, ubwenge n’ubutabera.
  • Birumvikana ko hari ibyagiye bihinduka ku moko y’inyamaswa n’ibimera Imana yaremye, ku buryo ibinyabuzima byo mu bwoko runaka usanga bifite ibintu bitandukaniyeho. Incuro nyinshi iryo tandukaniro riba rigaragara cyane.
  • Inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema ntivuguruzanya n’inyigisho yo mu rwego rwa siyansi, ivuga ko mu bwoko bw’ibinyabuzima habaho ihinduka.

 IBYAREMWE BIGARAGAZA KO HARIHO UMUREMYI

Mu myaka ya 1800, umuhanga mu binyabuzima w’Umwongereza witwa Alfred Russel Wallace yemeranyaga n’inyigisho y’ubwihindurize ya Charles Darwin, ivuga ko ibinyabuzima bishobora kwihanganira imimerere bibamo, ari byo byonyine bishobora gukomeza kubaho no kororoka. Bivugwa ko uwo muntu uzwi cyane wemeraga inyigisho y’ubwihindurize, yaba yaravuze ati “abantu bafite amaso abona n’ubwenge butekereza, iyo basuzumye ingirabuzimafatizo, amaraso, isi n’isanzure ry’ikirere . . . , babona ko ibintu byose bigendera kuri gahunda irangwa n’ubwenge kandi yatekerejweho. Mu yandi magambo, bifite Uwabihanze.”

Imyaka igera hafi ku bihumbi bibiri mbere y’uko Wallace avuga ayo magambo, Bibiliya yari yaravuze iti “imico y’[Imana] itaboneka, ari yo bubasha bwayo bw’iteka n’Ubumana bwayo, igaragara neza kuva isi yaremwa, kuko igaragarira mu byaremwe” (Abaroma 1:20). Rimwe na rimwe, ujye ufata akanya utekereze ku rusobe ruhambaye rw’ibyaremwe ruboneka mu isanzure, kuva ku katsi gato kugeza ku mibumbe itabarika yo mu kirere. Kwitegereza ibyaremwe bishobora gutuma wibonera ko hariho Umuremyi.

Ariko ushobora kwibaza uti “none se niba hariho Imana irangwa n’urukundo yaremye byose, kuki ireka imibabaro ikabaho? Ese yatereranye ibiremwa byayo byo ku isi? Ni iki igihe kiri imbere kiduhishiye?” Bibiliya irimo izindi nkuru nyinshi z’ukuri zitazwi, zapfukiranywe n’ibitekerezo by’abantu n’inyigisho z’amadini, bigatuma abantu benshi batazimenya. Abahamya ba Yehova, ari bo banditsi b’iyi gazeti, bazishimira kugufasha kugenzura ukuri nyako ko muri Bibiliya, maze umenye byinshi ku birebana n’Umuremyi n’icyo ateganyiriza abantu yaremye.

UKO IBINTU BYAKURIKIRANYE MU KUREMWA

  • INTANGIRIROIjuru n’isi biremwa.—Intangiriro 1:1.
  • UMWIJIMAIsi ntiyari ifite ishusho; yariho ubusa kandi yijimye.—Intangiriro 1:2.
  • UMUNSI WA MBEREUmucyo watangiye gukwirakwira mu kirere cy’isi. Umuntu wari kuba ari ku isi ntiyari kubona aho uwo mucyo waturukaga. Icyakora, itandukaniro hagati y’amanywa n’ijoro ryaragaragaraga.—Intangiriro 1:3-5.
  • UMUNSI WA KABIRIIsi yatwikiriwe n’amazi n’umwuka. Amazi n’umwuka byaratandukanyijwe, hagati yabyo haba isanzure. Iryo ni ryo ‘sanzure’ Bibiliya ivuga ko riri “hagati y’amazi n’andi mazi,” kandi iryita “ijuru.”—Intangiriro 1:6-8.
  • UMUNSI WA GATATUAmazi yatangiye gukama ku isi, maze ubutaka bwumutse butangira kugaragara. Ikirere cyaratamurutse, bituma umucyo urushaho kugera ku isi. Ibimera bimwe na bimwe byatangiye kumera, maze kuri uwo munsi wa gatatu w’irema n’uwawukurikiye, hatangira kugaragara amoko mashya y’ibimera.—Intangiriro 1:9-13.
  • UMUNSI WA KANEIzuba n’ukwezi byatangiye kugaragara, ku buryo umuntu wari kuba ari ku isi yari kubibona.— Intangiriro 1:14-19.
  • UMUNSI WA GATANUImana yaremye inyamaswa nyinshi zo mu nyanja n’ibiguruka, bifite ubushobozi bwo kororoka nk’uko amoko yabyo ari.—Intangiriro 1:20-23.
  • UMUNSI WA GATANDATUImana yaremye inyamaswa zo ku butaka, inini n’into. Ku munsi wa gatandatu ni bwo Imana yaremye ibiremwa bihebuje ku isi, ni ukuvuga umugabo n’umugore ba mbere.—Intangiriro 1:24-31.

source: jw.org/rw

41 thoughts on “Ibintu utari uzi ku byerekeye irema

  1. 442566 819041Heya just wanted to give you a brief heads up and let you know some with the pictures arent loading properly. Im not certain why but I feel its a linking problem. Ive tried it in two different internet browsers and both show exactly the same results. 124325

  2. 495419 923064When I originally commented I clicked the -Notify me when new feedback are added- checkbox and now every time a remark is added I get four emails with exactly the same comment. Is there any approach youll be able to remove me from that service? Thanks! 320785

  3. Just desire to say your article is as surprising.
    The clarity for your submit is just nice and i can assume you’re
    a professional on this subject. Well along with your permission let me to grasp your RSS feed to keep updated with impending post.

    Thank you 1,000,000 and please carry on the rewarding work.

  4. Attractive component to content. I simply stumbled upon your web
    site and in accession capital to assert that I get
    actually loved account your blog posts. Any way I will be subscribing to
    your augment or even I fulfillment you get right
    of entry to constantly quickly.

  5. I’m really impressed with your writing skills and also with the layout on your blog.

    Is this a paid theme or did you modify it yourself? Either way keep
    up the nice quality writing, it is rare to see a great blog like this
    one these days.

  6. Asking questions are genuinely nice thing if you are not understanding anything entirely, except
    this piece of writing offers good understanding yet.

  7. I don’t know whether it’s just me or if perhaps everybody else
    encountering problems with your website.
    It seems like some of the written text on your posts
    are running off the screen. Can someone else please comment and let me know if this
    is happening to them as well? This could be a
    issue with my browser because I’ve had this happen before.
    Appreciate it

  8. I’ve been browsing on-line greater than three hours today, but I by no means found any
    interesting article like yours. It is lovely worth enough for
    me. In my view, if all website owners and bloggers made just right content as you probably did, the internet will be much
    more useful than ever before.

  9. My partner and I stumbled over here by a different page and thought I might as well check things out. I like what I see so now i’m following you. Look forward to looking into your web page for a second time.

  10. I must show my thanks to you for rescuing me from this particular predicament. After scouting through the world wide web and meeting opinions that were not productive, I assumed my entire life was over. Being alive without the strategies to the difficulties you’ve fixed by means of this guideline is a crucial case, and the kind that might have badly damaged my entire career if I had not discovered your web site. Your primary ability and kindness in dealing with a lot of stuff was helpful. I don’t know what I would have done if I had not come upon such a solution like this. It’s possible to at this time look ahead to my future. Thank you very much for your high quality and sensible guide. I will not be reluctant to suggest your web page to any individual who ought to have guidance about this matter.

  11. What’s Happening i am new to this, I stumbled upon this I have found It positively useful
    and it has helped me out loads. I am hoping to contribute & help other users like its aided
    me. Good job.

    Feel free to surf to my web-site tracfone 2022

  12. 900285 686295Trop excitant de mater des femmes lesbiennes en train de se doigter la chatte pour se faire jouir. En plus sur cette bonne petite vid o porno hard de lesb X les deux jeunes lesbienne sont trop excitantes et super sexy. Des pures beaut de la nature avec des courbes parfaites, les filles c est quand v 58299

  13. Looking at this article, I miss the time when I didn’t wear a mask. baccaratcommunity Hopefully this corona will end soon. My blog is a blog that mainly posts pictures of daily life before Corona and landscapes at that time. If you want to remember that time again, please visit us.

  14. Hello, i think that i noticed you visited my weblog thus i got here to return the want?.I’m attempting
    to in finding things to improve my web site!I guess its adequate to make use of some of your ideas!!

  15. Heya just wanted to give you a brief heads up and let you kno대전출장샵w some with the pictures arent loading properly. Im not certain why but I feel its a linking problem. Ive tried it in two different internet browsers and both show exactly the same results

  16. Hi there, I found your site by the use of Google while looking for a related
    subject, your site got here up, it looks good. I have bookmarked it in my google bookmarks.

    Hi there, just was alert to your weblog thru Google,
    and located that it is really informative. I’m going to be careful for brussels.

    I will be grateful if you happen to proceed this in future.

    Many other people will be benefited from your writing. Cheers!

  17. Howdy this is kind of of off topic but I was wondering if blogs use
    WYSIWYG editors or if you have to manually code with HTML.
    I’m starting a blog soon but have no coding expertise so I wanted to get advice from someone with experience.
    Any help would be greatly appreciated!

  18. I was wondering if you ever thought of changing the page
    layout of your website? Its very well written; I
    love what youve got to say. But maybe you could a little more in the way of content so people could
    connect with it better. Youve got an awful lot of text for only
    having one or two pictures. Maybe you could space it out better?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *