Ni ryari Imana yatangiye kurema ijuru n’isi?

Icyo Bibiliya ibivugaho

Bibiliya ntivuga igihe Imana yatangiriye kurema isanzure n’igihe byamaze. Gusa iravuga iti: “Mu ntangiriro Imana yaremye ijuru n’isi” (Intangiriro 1:1). Bibiliya ntisobanura neza iyo “ntangiriro” igihe yabereye. Icyakora, ibintu byakurikiyeho bivugwa mu gitabo k’Intangiriro, bigaragaza ko hari mbere y’ibihe cyangwa “iminsi” itandatu y’irema.

 Ese iminsi itandatu y’irema yamaraga amasaha 24?

Oya. Muri Bibiliya iryo jambo “umunsi” rikoreshwa muri uwo murongo, rishobora gusobanura igihe kirekire kurushaho. Urugero, hari aho iyo inkuru ivuga igihe cyose k’irema, nk’aho ari umunsi umwe.—Intangiriro 2:4.

 Ni iki cyabaye mu minsi itandatu y’irema?

Igihe isi ‘itari ifite ishusho kandi iriho ubusa,’ Imana yayihinduye umubumbe wo guturwaho (Intangiriro 1:2). Yatumye ku isi haba ubuzima. Bibiliya ivuga ibyabaye muri ya minsi cyangwa ibihe bitandatu by’irema:

  • Umunsi wa 1: Imana yatumye urumuri rugera ku isi, nuko ijoro n’amanywa bikajya bisimburana.—Intangiriro 1:3-5.
  • Umunsi wa 2: Imana yatandukanyije amazi yo munsi y’isanzure n’ayo hejuru yaryo.—Intangiriro 1:6-8.
  • Umunsi wa 3: Imana yatumye ubutaka bwumutse bugaragara kandi irema ibimera.—Intangiriro 1:9-13.
  • Umunsi wa 4: Imana yashyizeho izuba, ukwezi n’inyenyeri kugira ngo bimurikire isi.—Intangiriro 1:14-19.
  • Umunsi wa 5: Imana yaremye ibinyabuzima byo mu nyanja n’ibiguruka mu kirere.—Intangiriro 1:20-23.
  • Umunsi wa 6: Imana yaremye inyamaswa n’abantu.—Intangiriro 1:24-31.

Umunsi wa gatandatu urangiye, Imana yaruhutse imirimo yayo, ni ukuvuga ko yarekeye aho kurema.—Intangiriro 2:1, 2.

 Ese ibivugwa mu Ntangiriro bihuza na siyansi?

Inkuru yo muri Bibiliya ivuga iby’irema ntitanga ibisobanuro birambuye byo mu rwego rwa siyansi. Ahubwo, ibivuga mu mvugo yari gutuma n’umusomyi wo mu bihe bya Bibiliya, asobanukirwa uko ibintu byagiye biremwa. Inkuru ivuga iby’irema, ntihakana ibyagezweho muri siyansi. Umuhanga mu by’ikirere witwa Robert Jastrow, yaranditse ati: “Ubu twibonera ukuntu ibihamya bishingiye ku bumenyi bw’ikirere, bitwerekeza ku gitekerezo cya Bibiliya k’inkomoko y’isi. Bitandukanye ku tuntu duto cyane, ariko muri rusange ibitekerezo by’ingenzi bishingiye ku bumenyi bw’ikirere bihuza n’inkuru zivugwa muri Bibiliya mu gitabo k’Intangiriro.”

 Izuba, ukwezi n’inyenyeri byaremwe ryari?

Izuba, ukwezi n’inyenyeri byari bisanzwe biriho bigize “ijuru,” ryaremwe “mu ntangiriro” (Intangiriro 1:1). Icyakora, urumuri rwabyo ntirwageraga ku isi, bitewe n’umwuka uremereye wari uyitwikiriye (Intangiriro 1:2). Ubwo rero, nubwo urumuri rwagaragaye ku munsi wa mbere, aho rwaturukaga hari hataramenyekana. Ku munsi wa kane, ni bwo ikirere cyatamurutse. Bibiliya ivuga ko izuba, ukwezi n’inyenyeri byatangiye ‘kumurikira isi,’ ikabisobanura nk’uko umuntu wari kuba ari ku isi, yari kuba abireba.—Intangiriro 1:17.

 Dukurikije Bibiliya, isi imaze igihe kingana iki?

Bibiliya ntivuga umubare w’imyaka isi imaze. Icyakora, mu Ntangiriro 1:1 havuga ko ibintu biri mu kirere, harimo n’uyu mubumbe wacu, byagize intangiriro. Ibyo ntibihabanye n’ibyagezweho mu bushakashatsi bwa siyansi cyangwa imyaka abahanga mu bya siyansi bavuga ko isi yaba imaze.

source/jw.org

35 thoughts on “Ni ryari Imana yatangiye kurema ijuru n’isi?

  1. 701644 165892Im so happy to read this. This is the type of manual that needs to be given and not the accidental misinformation thats at the other blogs. Appreciate your sharing this greatest doc. 419916

  2. I think this is among the so much important information for me.
    And i’m satisfied reading your article. But should observation on few
    normal issues, The web site style is perfect, the articles is
    in reality excellent : D. Just right job, cheers

  3. Its like you read my mind! You seem to know a lot about this, like
    you wrote the book in it or something. I think that you can do with some pics to drive the
    message home a little bit, but other than that, this is wonderful blog.
    A great read. I will definitely be back.

  4. Howdy! I understand this is sort of off-topic however I
    needed to ask. Does running a well-established website such as yours take a massive amount work?

    I am completely new to writing a blog but I do write in my journal daily.

    I’d like to start a blog so I can easily share
    my personal experience and feelings online. Please let me know
    if you have any ideas or tips for new aspiring blog owners.
    Thankyou!

  5. I do not even know how I stopped up right here, but I assumed this put
    up was once great. I don’t recognize who you’re however certainly you are going to a famous blogger for those who aren’t already.
    Cheers!

  6. What i do not understood is in truth how you’re now not actually much more well-favored than you may be right now.
    You’re very intelligent. You already know thus considerably when it comes to this subject, produced me in my opinion consider it from a lot of varied angles.

    Its like women and men don’t seem to be interested until it’s one thing to accomplish with
    Lady gaga! Your individual stuffs outstanding. All the time
    maintain it up!

  7. Hey just wanted to give you a quick heads up. The words in your post seem to
    be running off the screen in Opera. I’m not sure if this is a formatting issue or something to do with web browser compatibility but I figured I’d
    post to let you know. The design look great though!

    Hope you get the problem resolved soon. Thanks

  8. 225687 519065We clean up on completion. This may possibly sound obvious but not several a plumber in Sydney does. We wear uniforms and always treat your home or workplace with respect. 156853

  9. I got this web site from my friend who informed me on the topic of this
    website and at the moment this time I am visiting this site and reading very informative content at
    this time.

  10. 361698 47375Wow, amazing blog layout! How long have you been blogging for? you make blogging look easy. The overall look of your web website is fantastic, let alone the content material! 503459

  11. 755424 957477Youre so appropriate. Im there with you. Your blog is surely worth a read if anyone comes throughout it. Im lucky I did because now Ive obtained a whole new view of this. I didnt realise that this concern was so critical and so universal. You completely put it in perspective for me. 714788

  12. 580146 244149Howdy! This is my first comment here so I just wanted to give a quick shout out and say I really enjoy reading your articles. Can you suggest any other blogs/websites/forums that cover the same topics? Thanks for your time! 816905

  13. 933762 707500An attention-grabbing discussion is worth comment. I believe which you need to write a lot more on this matter, it wont be a taboo topic even so generally persons are not sufficient to talk on such topics. Towards the next. Cheers 309904

  14. 847731 92856Hi this is somewhat of off topic but I was wondering if blogs use WYSIWYG editors or should you have to manually code with HTML. Im starting a blog soon but have no coding information so I wanted to get guidance from someone with experience. Any aid would be greatly appreciated! 909707

  15. I think this is among the so much important information for me.
    And i’m satisfied reading your article. 인천출장샵But should observation on few
    normal issues, The web site style is perfect, the articles is
    in reality excellent : D. Just right job, cheers

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *