Ibyo usabwa gukora ngo ufashe Leta z’iyi si guhangana n’Ihindagurika ry’ikirere

Kubonera igisubizo ikibazo cy’ihindagurika ry’ikirere bizasaba ko abayobozi b’isi bafata ingamba ku rwego rw’isi.Ariko umuntu ku giti cye na we afite uruhare mu gusohora ibyuka bihumanya ikirere. Dore ibintu bine wakora kugira ngo ugabanye uruhare rwawe:

1. Gumisha umwuka ushyushye mu nzu yawe

Ababa mu bihugu bikonja hari ibintu byinshi bashobora gukora mu gushyushya inzu zabo birimo gukoresha imashini ishushya inzu ikoresheje umwuka ushushye ivanye hanze (heat pump) cyangwa kugabanya urugero rw’ubushyuhe ushaka mu nzu yawe. Ibyo byose n’ibindi bishobora gufasha isi.

Dr Neil Jennings, umwarimu muri Imperial College London, agira ati: “Kureka imashini ikoresha umwuka wa gaz mu gushyushya inzu maze ugahitamo imashini ishyusha inzu ikoresheje umwuka ushyushye ivanye hanze (heat pump) harimo ikinyuranyo kinini cyane”.

“Buri munsi kuzimya amatara n’ibindi byuma bikoresha amashanyarazi [umuyagankuba mu Kirundi] mu gihe bitarimo gukoreshwa bishobora gutuma dutanga amafaranga make ku muriro no kugabanya uruhare rwacu mu kongera ibyuka bihumanya ikirere.”

Inkuta, ibisenge n’amadirishya by’amazu bishobora kwongerwaho ibintu byatuma ubushyuhe budasohoka mu nzu vuba vuba mu gihe cy’ubukonje.

Gutuma umwuka ushyushye udasohoka mu nzu n’umwuka ukonje ntiwinjire mu nzu ni bumwe mu buryo bworoshye bwo gukoresha umuriro muke, nkuko byemezwa n’ikigo kitwa Energy Saving Trust. Ibi bikorwa umuntu afunga utwenge umwuka ushyushye unyuramo usohoka maze n’umwuka ukonje ukatunyuramo winjira mu nzu. Utwo twenge udusanga ku madirishya no ku nzugi no ku mbaho ziri aho inkuta zitangirira.

Energy Saving Trust, ivuga ko ibyo byatuma amafaranga urugo rumwe rutanga ku mashanyarazi urugero nko mu Bwongereza agabanukaho £25 ku mwaka.

Kugura umuriro n’ikigo gikoresha umuriro uva ku bintu bidashira nabyo bishobora gutuma urugo rugabanya cyane ibyuka bihumanya ikirere biruturukaho.

2. Gabanya ibiryo ujugunya unagabanye inyama zitukura

14% by’imyuka yose ihumanya ikirere iva ku matungo, myinshi muri yo ikaba iva ku nka.

Icyoroshye gukora kandi cyagira icyo kigeraho mu kugabanya uruhare rwawe mu guhumanya ikirere ni ukugabanya inyama n’amata mu mafunguro yawe, cyane cyane inyama zitukura nk’izituruka ku ntama n’inka.

Iyi rero birumvikana ko ari inkuru nziza ku basanzwe barahisemo kutarya inyama – ariko hari ibindi bitagomba kwirengagizwa.

Inyama y'inka

Prof Margaret Gill wo muri kaminuza ya Aberdeen agira ati: “Ntabwo ari ikibazo cyo kuvuga ngo iki kiribwa ni cyiza cyangwa se ni kibi.”

Avuga ko ibyuka bihumanya ikirere bituruka ku kiribwa iki n’iki biba bishingiye ku kuntu cyatunganyijwe, aho gituruka, cyangwa niba kijyanye n’igihe gisanzwe kereraho.

Dr Jonathan Foley, ukora ubushakashatsi ku bisubizo by’ihindagurika ry’ikirere, avuga ko ushobora gukoresha amafaranga make kandi ukagabanya ibiryo bipfa ubusa mu gihe waba utegura amafunguro matoya kandi ibiryo bisigaye ukabibika kugira ngo wongere kubirya mu nyuma mu rugo.

Ku isi hagati ya 25% na 30% by’ibiryo bipfa ubusa nkuko bivugwa na gahunda ku bintu bipfa ubusa yitwa Waste & Resources Action Programme.

3. Twara imodoka gake, fata indege gakeya

Gutwara abantu n’ibintu ni nyirabayazana ya hafi kimwe cya kane cy’ibyuka byangiza ikirere bya carbon dioxide ku isi yose.

Dr Jennings avuga ko kubaho nta modoka ari cyo kintu cyagira ingaruka cyane twakora kugira ngo tugabanye ibyuka bihumanya ikirere biterwa no gutwara abantu n’ibintu.

Ariko rero kureka imodoka ntabwo byashobokera buri wese, cyane cyane niba utuye mu gace kadafite serivisi nziza zo gutwara abagenzi cyangwa se ugakora akazi ka nijoro igihe izo serivisi zidakora.

Hari ibintu bito bito twakora kandi bikagira icyo byafasha, nko kugenda n’amaguru ugiye mu maduka yaho utuye cyangwa se wowe n’inshuti zawe cyangwa abaturanyi mugakoresha imodoka imwe.

Imodoka zikoresha gusa amashanyarazi zirimo kugenda ziyongera ariko ziracyahenze. Kandi byagabanya mu by’ukuri rwose ibyuka byangiza ikirere mu gihe amashanyarazi akoreshejwe mu gutuma imodoka igenda yaba avuye ku bintu bidashira nk’umuyaga n’imirasire y’izuba. Mu 2020 mu Bwongereza amasoko y’ingufu z’umuriro asohora ibyuka bike cyane byangiza ikirere yari ku rugero rwa 58% by’amashanyarazi yose mu gihugu harimo n’aturuka ku ngufu za nucléaire.

Ikibabaje ku bantu bakunda gutembera, ni uko gufata indege ari kimwe mu bintu bisohora ibyuka byinshi bihumanya ikirere abantu bashobora gukora ku giti cyabo.

Ingendo z’indege imbere mu gihugu ni zo zivamo ibyuka byinshi byanduza ikirere kuri kilometero imwe buri muntu.

Ingendo za gari ya moshi zo ziri hasi y’ingendo z’indege imbere mu gihugu ho kimwe cya gatanu nubwo bwose zishobora kuba zihenze cyane. Kugura itike hakiri kare bishobora kugabanya igiciro.

Dr Jennings avuga ko ku bantu bakunda gufata ingendo z’indege, ngo bazigabanyije byatuma bagabanya ibyuka byangiza ikirere biva ku mibereho yabo.

4. Tekereza mbere yo kugura

Bitwara litiro 3781 z’amazi kugira ngo ipantalo imwe ya jeans ikorwe nkuko bivugwa n’umugambi wa ONU/UN ku bidukikije, iyo urebye ipamba rikoreshwa, kuyikora mu ruganda, kuyitwara no kuyoza.

Umugore arimo kureba imyenda mu isoko
Kugura imyenda ya sekeni (second hand) bishobora kugabanya gupfusha ubusa

Ushobora kugabanya uruhare rwawe mu kwangiza ikirere, usana ahantu hatoya hacitse ku myenda yawe aho kuyisimbuza indi, kuyitanga cyangwa kuyijugunya maze ugahitamo imyenda ihenze ukeka ko izaramba.

Hari umubare ukomeje kugenda wiyongera w’ibigo bifite imyenda yo gukodesha, ibi nabyo bifasha mu kugabanya imyenda ipfa ubusa mu bari mu rwego rw’imideli. Ushobora kandi kugerageza kugura imyenda ya sekeni,caguwa (second hand).

Guhitamo neza imashini zikoreshwa mu rugo nabyo bishobora gufasha kugabanya ibyuka bihumanya ikirere. Dr Jennings avuga ko wagerageza kugura imashini zikoresha umuriro muke nk’igihe waba ukeneye kugura imashini nshya imesa.

source:bbc

53 thoughts on “Ibyo usabwa gukora ngo ufashe Leta z’iyi si guhangana n’Ihindagurika ry’ikirere

    1. I don’t even understand how I stopped up here, however I assumed this post was once great.
      I do not recognise who you might be but definitely you’re going to
      a famous blogger if you happen to aren’t already.
      Cheers!

  1. 748090 908278Exceptional post nevertheless , I was wanting to know should you could write a litte a lot more on this topic? Id be very thankful should you could elaborate a little bit much more. Thanks! 245964

  2. 119143 50405This design is steller! You most definitely know how to keep a reader entertained. Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (properly, almostHaHa!) Great job. I truly loved what you had to say, and far more than that, how you presented it. Too cool! 477205

    1. Pretty section of content. I just stumbled upon your
      site and in accession capital to assert that I acquire actually enjoyed account
      your blog posts. Anyway I will be subscribing to your augment and even I achievement you access consistently rapidly.

    1. you’re actually a good webmaster. The website loading velocity is
      incredible. It seems that you are doing any distinctive trick.
      In addition, The contents are masterpiece. you have performed a wonderful job on this subject!

  3. 488002 433010Excellent weblog here! Also your site loads up rapidly! What host are you utilizing? Can I get your affiliate link to your host? I wish my internet site loaded up as rapidly as yours lol 570435

    1. Hi great website! Does running a blog similar to this require a lot of work?
      I have very little expertise in computer programming but I had been hoping to start my own blog soon. Anyhow,
      should you have any recommendations or techniques for new blog owners please share.
      I understand this is off subject however I simply
      had to ask. Many thanks!

  4. 58429 103761Hi there. Extremely cool website!! Guy .. Beautiful .. Amazing .. I will bookmark your internet site and take the feeds additionallyI am glad to locate so significantly beneficial info right here in the post. Thanks for sharing 185331

  5. 669593 530513Hi. Cool post. Theres an concern together with your internet site in chrome, and you may want to test this The browser may be the marketplace chief and a great element of people will omit your exceptional writing because of this issue. 542217

  6. 964863 485047Good read, I just passed this onto a colleague who was doing a bit research on that. And he just bought me lunch since I found it for him smile So let me rephrase that: Thank you for lunch! 566666

    1. Thank you for every other informative website. Where else could I
      get that kind of information written in such an ideal approach?
      I have a venture that I’m just now running on, and I’ve been at
      the glance out for such info.

  7. 862006 223709I feel other site owners ought to take this web site as an model, extremely clean and superb user genial style and style . 446288

  8. 720489 183798In todays news reporting clever journalists work their very own slant into a story. Bloggers use it promote their works and a lot of just use it for enjoyable or to stay in touch with pals far away. 346730

    1. You’ve made some good points there. I looked on the internet to find out more about the issue and found most people will go along with your views on this web
      site.

    2. First off I want to say excellent blog! I had a quick question in which I’d like to ask if you don’t mind.
      I was curious to find out how you center yourself
      and clear your head prior to writing. I have had a difficult time clearing my
      mind in getting my thoughts out. I truly do take pleasure in writing however it
      just seems like the first 10 to 15 minutes are generally lost just
      trying to figure out how to begin. Any ideas or tips? Thank you!

    1. hi!,I love your writing very much! percentage we be in contact more
      about your post on AOL? I need an expert on this house to resolve my problem.
      May be that’s you! Taking a look forward to see you.

  9. I have been browsing online more than three hours as of late,yet I by no means found any interesting article like yours.It is lovely price enough for me. In my opinion,if all webmasters and bloggers made excellent contentmaterial as you probably did, the net will probably be much more helpful than ever before.I would like to thank you for the efforts you have put in 경주출장샵penning this website.I’m hoping to check out the same high-grade blog posts by youin the future as well. In truth, your creative writing abilities hasencouraged me to get my own, personal website now

  10. Your website and writing style is so engaging and informative. I was captivated from start to finish. Looking forward to more posts like this! As acquiring knowledge is a process which never ends, we also keep to date with your recent publications and to invite everyone to engage and discuss with knowledgeable enthusiast.

  11. Fantastic beat ! I wish to apprentice while you amend your web site, how could i subscribe for a weblog
    website? The account aided me a acceptable deal.
    I were a little bit familiar of this your broadcast provided vibrant transparent concept

  12. This is really interesting, You’re a very skilled
    blogger. I have joined your rss feed and look forward to
    seeking more of your wonderful post. Also, I have shared your website in my social networks!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *