Cabotégravir ni urukingo rwa VIH/SIDA rwemejwe muri Leta zunze ubumwe za Amerika

VIH
Buri mwaka,za miliyoni z’abantu bandura agakoko gatera Sida

Inkuru itanga icyizere ko SIDA igiye kuranduka mu isi.

Ku wa mbere tariki 20 ukuboza 2021 nibwo urwego rwitwa Food and Drug Administration rwo muri Amerika rwemeje burundu ikoreshwa ry’urukingo rwa virusi itera sida ari yo VIH.

Bagize bati “Twemeje uyu munsi urukingo rwa mbere ruzajya ruterwa abantu bakuru n’ingimbi n’abangavu bashobora kwandura (…)kugira ngo bibarinde kwandurira mu mibonano mpuzabitsina ari nayo nzira agakoko ka VIH gacamo cyane”.

Uyu muti/urukingo witwa cabotégravir (mu mpine ni CAB-LA), warangije igeragezwa mu gushyingo 2020, kandi werekanye imbaraga,utanga icyizere ko nta uwikingije atakwandura ako gakoko,nk’uko binemezwa n’ibigo byinshi by’ubuvuzi.

Inyigo zagaragaje ko uru rukingo rurinda ubwandu ku kigero cya 66 % ,kurusha ibinini bisanzwe bifatwa buri munsi.

Indi nyigo yakozwe ahandi mbere y’iyo,ikozwe n’ikigo ViiV Healthcare, kikaba ari ikigo cy’imiti yihariye igamije kurandura burundu VIH,yo yagaragaje ko igereagezwa ryakorewe ku bagore ryerekanye ko uyu muti/urukingo rurinda ubu bwandu ku kigero cya 89 % ,kurusha indi miti y’ibinini yose yayibanjirije.

Icyo kigo kandi kivuga ko,iryo gerageza ryakozwe ku bagore ryaje rikurikiye irindi ryakozwe ku bagabo baryamana n’abo bahuje ibitsina,no ku bagore b’ibitsina byombi,ryagaragaje ko ingaruka ziterwa n’uwo muti ziyongera ugereranyije n’ibinini abanduye agakoko ka Sida amamiliyoni n’amamiliyoni afata buri munsi ngo abarinde kugera ku rwego rwo kurwara SIDA. .

Uyu muti ukora nk’urukingo kandi wo,ntumeze nk’ibyo binini binyobwa buri munsi nta gusiba,kuko iyi cabotégravir uyiterwa mu rushinge incuro imwe gusa mu mezi abiri.

Mbere, ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS ryari ryishimiye cyane ko uyu muti wagaragaje ” ubuziranenge n’ubushobozi ” rinasobanura ko igeragezwa ryakozwe kenshi ryagiye rigira inzitizi ndetse keshi rigasubikwa kuko basangaga byse ari byiza cyane,ko uwufashe wese bimurinda kwandura sida.

Muganga Jeffrey D. Klausner, inzobere mu bya VIH akaba na mwarimu wa kaminuza mu by’ibyorezo n’indwara zandura,muri Kaminuza ya Kalifuroniya –utarigeze akorana n’iki kigo cy’iby’imiti,ariko waje guhabwa uburenganzira bwo kugera ku nyigo n’imibare y’ibyavuyemo -,yavuganye na BBC Mundo mu mezi ashize ayibwira ko uru rukingo rutanga icyizere cyinshi.

Yagize ati “Biteye inkunga cyane,ndetse navuga ko bikubye kabiri karenga ubushobozi bwo kwirinda ubwandu bwa sida iyo ugereranyije urushinge rumwe incuro imwe mu mezi abiri n’ibinini byinshi byafatwaga buri munsi mu rwego rw’ubwirinzi”.

Umuti mushya

Muri iki gihe,ibigo byinshi bikora imiti byatangaga ibinini byinshi bigabanya ubukana bw’agakoko ka sida bizwi ku izina rya prophylaxie pré-exposition (PrEP), nabyo byafashije benshi kutagera ku rwego rwo kurwara no kwicwa na sida.

Klausner asobanura ko ubu,mu rwego rw’ubuvuzi, uyu ari umuti mushya.Agira ati :

“ Uyu muti uta,dukanye cyane n’ibinini bya PrEP byari bisanzweho. Icya kabiri,ni urushige rumwe rumara mu mubiri amezi abiri! Bita,dukanye cyane no guhora urya ibinini bya buri munsi ”.

médicaments
ibinini bya PrEP bigabanya ubukana bw’agakoko gatera sida.

Bitanga icyizere ariko hari n’ingorane

Abahanga mu by’imiti twavuganye nabo basobanura ko bitanga icyizere ko aka SIDA kagiye gushoboka vuba aha,ariko kandi bakongeraho ko,kimwe n’indi miti yose,abantu bagomba kugira ibyo bitondera cyane.

Inyigo zigaragaza ko, kubera ko uyu muti umara mu maraso igihe kirekire,uwufashe ukagera aho ukawuhagarika,byaba ari bibi kuko VIH yawe yagera aho ikamenyera uyu muti ntibe ikiwutinya .

OMS ivuga ka ndi ko ku bagore batwite n’abonsa bagomba kwitonda cyane dore ko kuri ibyo byiciro bibiri hakiri kwigwa no gukora ubushakashatsi bw’inyongera kugira ngo harebwe “uburyo bwiza bukwiriye kandi bwemewe bwo gukoresha uwo muti/rukingo.”

Afrique
Uyu muti uzagirira akamaro cyane cyane abagore bo muri Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara kuko niho SIDA yiganje cyane kurusha ahandi hose ku isi.

Kugira ngo VIH ihagarikwe ku isi byihuse bizaterwa n’uburyo ndetse n’umuvuduko uyu muti utangwamo ku isi hose . Haracyabarurwa abantu basaga miliyoni imwe ku isi bandura SIDA nshya buri mwaka,hafi ya bose ni abanyafurika yo munsi y’ubutayu bwa sahara kandi biganjemo abagore bakiri bato benshi.

Inzobere imwe yavuze ko,gukwirakwiza uyu muti ukagera ku bagore bose bo muri Afurika yirabura ari ngombwa kandi ko bizahagarika icyorezo cya sida ku isi.

Iyo nzobere yongeyeho iti “nzishimira kubona gahunda yo kuboneza urubyaro no kwikingiza agakoko gatera sida bihamye muri Afurika. Guha abagore amahirwe yo kugira amagara mazima no gukora ku buryo gutwita inda biba ari bo bayishakiye ubwabo aho gusama ku bw’impanuka,ni bwo buryo bwiza kurusha ubundi bwose bwo guha abagore ubushobozi bwo kwiyubaka no kuva mu bukene ”.

426 thoughts on “Cabotégravir ni urukingo rwa VIH/SIDA rwemejwe muri Leta zunze ubumwe za Amerika

  1. It’s actually a cool and useful piece of info.
    I’m glad that you shared this helpful information with us.
    Please stay us up to date like this. Thank you for sharing.

  2. Thank you, I’ve recently been looking for information approximately
    this topic for ages and yours is the best I’ve found out till now.
    But, what in regards to the bottom line? Are you certain in regards to the
    source?

  3. Your style is so unique compared to other people I’ve read stuff from.
    Many thanks for posting when you’ve got the opportunity, Guess I’ll just bookmark this page.

  4. Having read this I believed it was extremely enlightening.
    I appreciate you finding the time and energy to
    put this informative article together. I once again find
    myself spending a significant amount of time both reading and posting comments.

    But so what, it was still worth it!

  5. I like what you guys tend to be up too. This kind of clever work and
    reporting! Keep up the very good works guys I’ve added you guys
    to my blogroll.

  6. Thanks for the good writeup. It if truth be told was once a amusement account it.
    Look complex to far brought agreeable from you! However, how could we keep in touch?

    Here is my homepage special

  7. It’s really great. Thank you for providing a quality article. There is something you might be interested in. Do you know majorsite ? If you have more questions, please come to my site and check it out!

  8. I always find and read your articles. I think you are really trying to share your knowledge and thoughts. I understand how hard it can be to write a blog post. I want to applaud your efforts. I’d love to see your article. I will bookmark it. Thank you. https://totoilmi.com/

  9. When I read an article on this topic, majorsite the first thought was profound and difficult, and I wondered if others could understand.. My site has a discussion board for articles and photos similar to this topic. Could you please visit me when you have time to discuss this topic?

  10. Hi my loved one! I want to say that this post is amazing, nice written and come with almost all important infos.I’d like to see more posts like this .Feel free to surf to my blog :: digital marketing firm based in Austin

  11. Thanks, I have recently been looking for info approximately this topic for a while and yours is the greatest I have found out till now. But, what about the conclusion? Are you sure in regards to the supply?

  12. This unique blog is without a doubt interesting and besides amusing. I have picked a bunch of interesting tips out of it. I ad love to come back again and again. Thanks a lot!

  13. Having read this I believed it was rather informative. I appreciate you finding the time and energy to put this information together. I once again find myself spending a lot of time both reading and commenting. But so what, it was still worth it!

  14. Thank you for every other fantastic article.Where else may anybody get that type of info in such an ideal way of writing?I have a presentation subsequent week, and I’m atthe look for such information.

  15. Thank you, I have just been searching for information about this subject for a while and yours is the best I have discovered so far. But, what in regards to the conclusion? Are you positive concerning the supply?

  16. What’s up i am kavin, its my first occasion to commenting anywhere, when i read this paragraph i thought i could alsocreate comment due to this sensible article.