Amerika ivuga ko Uburusiya ubu buri gutegura imbarutso yo gutera Ukraine,Uburusiya bwo burabihakana

Uburusiya buri guhimba impamvu yaba imbarutso yo gutera Ukraine mu minsi iri imbere, nk’uko leta ya Amerika ibivuga.Uburusiya bwo burabihakana.

Kuwa kane Perezida Joe Biden yavuze ko ibitero bya gisirikare bishobora gutangira vuba, ariko ashimangira ko igisubizo cya dipolomasi kigishoboka.

Umukozi we ukuriye ububanyi n’amahanga nyuma nawe yabwiye UN inzira zitandukanye Uburusiya bushobora guhimbamo impamvu yo gutera.

Uburusiya buvuga ko ibi “nta shingiro bifite” bushinja Amerika guhembera amakimbirane.

Uburusiya bwakomeje guhakana imigambi yo gutera Ukraine. Moscow kandi ivuga ko iri kuvana ingabo hafi y’umupaka wayo n’uwo muturanyi w’iburengerazuba, ibi ariko byahakanywe n’ibihugu by’iburengerazuba.

Perezida Biden yabwiye abanyamakuru ati: “Dufite impamvu zo kwemera ko bari mu gikorwa cyo gushaka imbarutso y’ikinyoma kugira ngo binjire.”

Imbarutso y’ikinyoma ni igikorwa igihugu gikora cyerekana ko inyungu zacyo zasagariwe kugira ngo gisobanure impamvu yo kwihimura.

Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Amerika nyuma nawe yabwiye akanama gashinzwe umutekano ka ONU ko Uburusiya buri gutegura igikorwa nk’icyo.

Yavuze ko batazi neza igishobora kwifashishwa n’Uburusiya nk’imbarutso, ariko ko mu bishoboka harimo “guhimba igitero cy’iterabwoba mu Burusiya, guhimba ko babonye abantu benshi bahambwe mu kivunge, gutegura igitero cya drone ku basivile, cyangwa igitero kitari ukuri – cyangwa nyacyo – cy’intwaro z’ubumara.”

Blinken avuga ko ibyo birangiye leta y’Uburusiya yahita ikoranya inama y’igitaraganya yo kurengera ubwoko bw’Abarusiya muri Ukraine – maze misile na bombe z’Uburusiya zigatangira kuraswa muri Ukraine.

Amerika nta bimenyetso yatanze by’ibi abategetsi bayo bavuga, ndetse Blinken yavuze ko hari abantu bashobora kubishidikanya.

Ati: “Ariko reka nsobanure neza. Uyu munsi ntabwo ndi hano gutangiza intambara ahubwo kuyirinda.”

Kuwa kane ingabo za Ukraine zakozanyijeho n'inyeshyamba zishyigikiwen'Uburusiya ziri mu burasirazuba, abasivile batatu bakomerekeye mu gisasu cyarashwe ku ishuri ry'incuke
Kuwa kane ingabo za Ukraine zakozanyijeho n’inyeshyamba zishyigikiwe n’Uburusiya ziri mu burasirazuba, abasivile batatu bakomerekeye mu gisasu cyarashwe ku ishuri ry’incuke

Izo mpungenge zasubiwemo kandi n’ibindi bihugu by’iburengerazuba. Umunyabanga mukuru wa NATO General Jens Stoltenberg yaburiye ko hashobora kuba “impamvu y’igitero cya gisirikare”, mu gihe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’Ubwongereza Liz Truss na Minisitiri w’Intebe Boris Johnson nabo bavuze ko Uburusiya buri gutegura impamvu yaba imbarutso yo gutera.

Ibi bibaye mu gihe kuwa kane habaye gukozanyaho hagati y’ingabo za Ukraine n’inyeshyamba zishyigikiwe n’Uburusiya mu burasirazuba bwa Ukraine.

Nubwo hashize imyaka myinshi barumvikanye agahenge ko guhagarika imirwano gukozanyaho gutya si bishya. Buri ruhande rurashinja urundi kuba nyirabayazana w’imirwano yo kuwa kane.

Map showing troop positions

28 thoughts on “Amerika ivuga ko Uburusiya ubu buri gutegura imbarutso yo gutera Ukraine,Uburusiya bwo burabihakana

  1. Hey I know this is off topic but I was wondering if you knew of any
    widgets I could add to my blog that automatically tweet my newest twitter updates.

    I’ve been looking for a plug-in like this for quite some time and was hoping maybe you would have some experience with something like this.
    Please let me know if you run into anything.
    I truly enjoy reading your blog and I look forward to your new
    updates.

  2. Hello There. I found your blog using msn. This is a very well written article.
    I’ll make sure to bookmark it and come back to read more of your useful information. Thanks for the post.
    I’ll certainly return.

  3. The other day, while I was at work, my cousin stole my apple ipad
    and tested to see if it can survive a 30 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now destroyed and she has 83 views.
    I know this is entirely off topic but I had to share it with someone!

  4. Hello my family member! I want to say that this post is awesome, great written and
    include approximately all significant infos. I’d like to
    peer extra posts like this .

  5. 혹시 먹튀사이트 관련 들어보신분 있을까요?
    제가 여기 블로그에서 좋은 정보 받았으니까 저도 좋은 정보 남겨드릴까 합니다!
    제 사이트 방문하시면 후회하지 않을거에요.
    BTS LETS GO!

  6. You actually make it appear really easy along with your presentation however
    I find this matter to be actually something which I feel I might by no means understand.
    It sort of feels too complex and extremely extensive for me.
    I am looking forward on your subsequent submit, I will try
    to get the hang of it!

  7. Pingback: xo666

Leave a Reply to Claudio Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *