Mpatsibihugu (mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi) arimo Kwiga uko Yatera Inkunga itubutse Ingabo z’u Rwanda zibakorera akazi muri Mozambike

Ange Eric Hatangimana

Rémy RUGIRA

Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi urimo kwiga uburyo watera inkunga y’amikoro ingabo z’u Rwanda mu rugamba zihanganyemo n’umutwe w’iterabwoba ushamikiye ku mutwe wiyitirira leta ya Kiyisilamu-Islamic State mu majyaruguru ya Mozambike, akarere gakize ku mutungo kamere wa gaz.Uwo mushinga wo gusabira u Rwanda ayo mafaranga wahimbwe kandi ujyanwa muri bagenzi be b’i Burayi na perezida w’Ubufaransa bwana Emmanuel Macron.

Igisirikare cy’u Rwanda cyaba kirimo guhinduka abacancuro b’u Bufaransa n’Uburayi nk’uko Wagner ikoreshwa n’Uburusiya? Kanda hano usome icyegeranyo.

Kuva mu kwezi kwa (7) Nyakanga 2021, ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu gihugu cya Mozambike kurwana n’inyeshyamba zifitanye isano n’ibyihebe byiyita Leta ya Kiyisilamu mu ntara ya Cabo Delgado. Tariki 26 Mutarama 2022 umuyobozi mukuru ushinzwe ingabo z’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi bwana Hervé Bléjean yahishuye ko u Rwanda rwasabye “inkunga y’amafaranga yo gukoresha muri ibyo bikorwa mu rwego rw’uburayi rushinzwe amahoro,kandi ko ubuyobozi bwarwo bushyigikiye ko izo nkunga zitangwa” .

Imyivumbagatanyo y’abarwanyi b’umutwe wiyitirira idini ya kiyislamu muri aka karere k’amajyaruguru ya Mozambike yatangiye mu mwaka w’2017 yahitanye abantu basaga ibihumbi 3 ndetse ikura mu byabo abakabakaba miliyoni. Iyi myivumbagatanyo yatumye kompanyi Total Energies SE y’Abafaransa ihagarika umushinga wayo wo gutunganyiriza gaz muri ako karere wari ufite agaciro ka miliyari 20 z’amadolari y’Amerika.

Mu gihe iyo mirimo yaba isubukuwe, byaha Uburayi ahandi hantu ho gukura gaz muri iki gihe Uburusiya burimo guhagarika kugurisha gaz yabwo kuri uyu mugabane. Madamu Nabila Massrali, umuvugizi w’uyu muryango ushinzwe politiki y’Ububanyi n’amahanga n’umutekano muri uyu muryango yemereye ikinyamakuru Bloomberg ko Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi “urimo kuganira ku buryo bwo gufasha ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambike.”

Icyakora yongeraho ati: “nta kindi nabivugaho kugeza igihe umwanzuro uzaba wamaze gufatwa.” Icyakora abategetsi bo muri uyu muryango batifuje gutangazwa amazina babwiye Bloomberg ko ibiganiro mu banyamuryango kuri ubu bufasha bigeze kure, kandi icyo gitekerezo gishyigikiwe cyane n’ibihugu by’Ubufaransa, Ubudage ndetse n’Ubutaliyani.

Abo bategetsi bombi bavuze ko impamvu y’aya masezerano ihura neza n’icyifuzo cy’uwo muryango cyo gufasha umugabane w’Afurika kwishakamo ibisubizo ku bibazo uhura nabyo, ari nako bitanga amahoro n’umutekano kandi bikawuha kugera ku bubiko bugari bwa gaz bwo ku nkombe za Mozambike.

Ku ruhande rwa leta y’u Rwanda, Madamu Yolande Makolo uyivugira yabwiye Bloomberg ko “hari ubukangurambaga buhuriweho n’u Rwanda na Mozambike hagamijwe gushaka ubufasha mu kigega cy’Ubumwe bw’Uburayi gifasha ibikorwa by’amahoro, mu rwego guharanira ko ibyagezweho mu rugamba rwo kurwanya intagondwa bikomeza.”

Indi nkuru wasoma: Kagame yajyanye raporo no guhembesha kwa perezida w’u Bufaransa E.Macron kubera akazi ko kurindira umutekano Imitungo y’Ubufaransa ingabo z’u Rwanda zimaze gukora muri Mozambike.

Perezida w’u Rwanda n’uwa Mozambike miu mwambarao wa gisirikare

85 thoughts on “Mpatsibihugu (mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi) arimo Kwiga uko Yatera Inkunga itubutse Ingabo z’u Rwanda zibakorera akazi muri Mozambike

  1. Pingback: NetEnt
  2. Pingback: kojic acid soap
  3. Pingback: advertising scam
  4. My brother suggested I may like this blog. He was totally right. This post actually made my day. You can not consider just how so much time I had spent for this information! Thank you!

  5. Hey There. I found your blog using msn. This is an extremely well written article.I will make sure to bookmark it and return to read more of your useful info.Thanks for the post. I will certainly return.

  6. Howdy! This post could not be writfen anyy better!Reading this post reminds mme of my prevkous room mate!He always kept chattingg about this. I will forwsard this article to him.Fairly certain he will have a good read.Thanks for sharing!

  7. Hello there, just became aware of your blog through Google, and found that it is really informative. I am gonna watch out for brussels. I’ll appreciate if you continue this in future. Lots of people will be benefited from your writing. Cheers!

  8. When I originally commented I clicked the “Notify me when new comments are added” checkbox and now each time a comment is added I get several e-mails with the same comment. Is there any way you can remove people from that service? Many thanks!

  9. I do consider all the concepts you have introduced in your post.They’re very convincing and will certainlywork. Nonetheless, the posts are too brief for beginners.Could you please extend them a bit from next time?Thanks for the post.

  10. Heya i am for the first time here. I found this board and I find It trulyuseful & it helped me out a lot. I hope to give something back and aid others like you aided me.

  11. Thanks for every other informative blog. The place else mayI get that kind of info written in such an ideal way?I’ve a project that I am simply now working on, and I have been at the glance outfor such info.

  12. Hello there! This post couldn’t be written any better! Reading this post reminds me of my previous room mate! He always kept chatting about this. I will forward this article to him. Fairly certain he will have a good read. Thanks for sharing!

  13. Do you have a spam issue on this blog; I also am a blogger, and Iwas wanting to know your situation; many of us have created some nice procedures andwe are looking to exchange techniques with others, whynot shoot me an email if interested.

  14. Hi there, just became alert to your blog through Google, and found thatit is really informative. I’m going to watch out for brussels.I’ll appreciate if you continue this in future. Many people will be benefited from yourwriting. Cheers!

  15. Hmm is anyone else encountering problems with the imageson this blog loading? I’m trying to determine if its a problem on my end or if it’s the blog.Any feedback would be greatly appreciated.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *