Imyuka ihumanya ikirere,akaga karatwugarije. Ni iki usabwa?Turabigusobanurira.

Ese wari uzi ko abahanga muri siyansi bemeje bose ko niba nta gikozwe ngo abantu n’inganda zabo bagabanyeho nibura kimwe cya kabiri cy’imyuka iva ku isi ihumanya ikirere ya ‘carbon’ bitarenze mu mwaka wa 2030 – isi yose izatokombera kubera ubushyuhe bwangiza ikirere? Ese ko igihe ntarengwa kitwegereye cyane,wowe ku giti cyawe,na za Leta,dukora iki ngo tubungabunge iyi si yacu twese dusangiye? Soma iyi nkuru wumve uruhare rwawe ubwawe mu kwita kuri iki kibazo.

Ubushyuhe bw’isi bukomejekwiyongera bikabije kubera ibikorwa by’abantu,none ubu ihindagurika ry’ikirere riri hafi kudushyira mu kaga twese abatuye isi,kandi ni mu nzego zose z’ubuzima bwacu.

Bidakurikiraniwe hafi, abantu n’isi bagiye guhura n’akaga gakomeye k’ubushyuhe , buzatuma izuba ritumanukira, inkombe z’inyanja n’ibiyaga zirengerwe zisuke mu bantu, ubwoko bwinshi bw’inyamaswa n’ibimera bicike burundu. Rwose ibihe biri imbere ntibyoroshye na gato, igisubizo cyabyo kiroroshye,ariko abantu ntibiteguye kwirinda akaga kuko abategetsi b’iyi si bamaze imyaka isaga 30 bakora inama ngo bafate ingamba,ariko rwose bagera iwabo bakarushaho kubaka inganda zisohora ibyotsi byangiza kurushaho.

Ese usobanukiwe n’iki kibazo cy’Ihindagurika ry’ikirere?

Ikirere ni uburyo iteganyagihe riba ryifashe muri rusange ku gipimo cy’igihe kirekire. Ihindagurika ry’ikirere n’ukuba hari ibyangiritse muri iryo teganyagihe muri rusange.

Ukwangirika kw’ihindagurika ry’ikirere duhanganye nabyo ubu,biterwa n’ibintu byinshi harimo ugukoresha peteroli n’ibiyikomokaho byose(lisansi,mazutu,…), umwuka (gaz),amakara n’amazuku bishyushya mu mazu cyangwa bitekeshwa (charbon canke coal), ibyuka byangiza biva mu nganda(“amahinguriro” mu kirundi)hamwe n’imyotsi iva mu modoka,gari ya moshi,indege,amato, mbese muri make mu buryo bwo gutwara abantu n’ibintu.

Mu gihe ibyo byotsi byose bihuriye muri iyi si cyangwa mu nsi yayo, birekura imyuka yonona akayunguruzo k’isi (igisenge cy’isi) – cyane cyane gaz carbonique cyangwa carbon dioxide izwi mu mpine nka CO2. Ibyo bituma ubushyuhe bw’izuba butumanukira nta nkomyi,maze isi dutuyeho twese(abantu,inyamaswa,inyanja n’ibimera) ikarushaho gushyuhirana,n’ibihe bisanzwe (saisons) bikadurumbanywa.

Ubu isi ishyuhiranye ku rugero rwa 1,2C (degré celcius) kuruta uko yari ishyushye mu kinyejana cya 19 (mu myaka ya za 1800) – none urugero rwa narwo CO2 mu kirere rwaratumbagiye kugera ku rugero rwa 50%. Ukwiyongera kw’ubushyuhe bw’isi kugomba kugabanywa cyane byihutirwa niba dushaka kwirinda ingaruka za mbere mbi cyane z’ihindagurika ry’ibihe, nk’uko bivugwa n’abahanga mu bya siyansi twavuze tugitangira. Abo bahanga bemeza ko ukwiyongera kw’ubushyuhe bw’isi kutagomba kurenga 1,5C gushika mu 2100.

Ariko,igihe gisa n’icyaducitse keretse hari igikozwe mu maguru mashya, naho ubundi isi ishobora kwongera ubushyuhe ku rugero rwa 2C gushika mu mpera z’iki kinyejana cyonyine. Niba nta gikozwe, abahanga mu bya siyansi bavuga ko ubushyuhe bw’isi bushobora kwiyongera ku rugero rwa 4C, ibyo bikaba byatugeza mu kaga katarabaho kuva isi yaremwa, abantu babarirwa muri za miriyoni nyinshi bagatakaza amazu yabo kubera imyuzure y’inyanja n’ibiyaga, izuba rikatumanukira, ibidukikije bikazimangatana burundu.

Ingaruka z’ihindagurika ry’ikirere

Muri iki gihe,twatangiye gusogongera ku ngaruka zikaze z’ihindagurika ry’ikirere, kuko twese twiboneye cyangwa twiyumviye ubushyuhe bwishi budasanzwe,imiyaga idasanzwe n’uruzuba, bisigaye biza bikaze kurusha mbere hose, bigashyira ubuzima mu kaga.

Niba bikomeje gutya, hari ibice n’ibihugu byinshi ku isi ubuzima buzaba butagishoboka,kuko imirima ihingwa izaba ubutayu burundu. Mu bindi bice by’isi ho, bazaba ibinyuranye n’ibyo kuko ho hazajya hagwa imvura y’ikirenga itera imyuzure itari yaboneka kuva ku Mwuzure wa Nowa – nk’uko mu minsi ya vuba aha byabaye mu Bushinwa, mu Budage, Mu Bubiligi, no mu Buholandi.

Abantu bo mu bihugu bisanzwe bikennye nka Afurika na Aziya bo bazakubitika kurushaho kuko n’ubusanzwe nta buryo nta bikoresho nta n’ubuhanga bwo guhangana n’ ihindagurika ry’ikirere basanzwe bifitiye. Mu bihugu bimwe bimwe bikiri mu nzira y’amajyambere, imirima yeraga kera isigaye ihura n’ubushyuhe burengeje urugero, kandi ibiri inyuma ni byo bibi kurushaho.

Inyanja n’ibiyaga byacu hamwe n’ibinyabuzima bibamo nabyo biri mu kaga.

Dufate urugero ruto: Akarere k’ibinyabuzima kazwi nka Great Barrier Reef muri Australia, kuva mu 1995, kamaze gutakaza kimwe cya kabiri cy’ibinyabuzima bihasanzwe bihazwi cyane (corals) kubera ubushyuhe bw’amazi bwiyongeye biturutse kw’ihindagurika ry’ikirere.

.

Coral reef
Nibikomeza gutya ibyo binyabuzima byose bishobora gucika burundu.

Muri ibi bihe Imiriro yarateye aho amashyamba yifata akagurumana kubera uruzuba rutwika,kandi ibyo bitera kumagara k’ubutaka n’ubushyuhe bukabije.

Nanone ibice by’isi byari bisigaye ari nk’ububiko bw’ubukonje bw’isi (amasimbi) nko muri Siberiya ubukonje burashonga imyuka yari yarakingiraniwe muri ayo masimbi ikabona aho imenera igasohoka ikisuka mu kirere nayo ikongera ihindagurika ry’ibihe.

Ikindi twavuga,muri iyi si isigaye ishyuhiranye kurusha mbere hose, inyamaswa z’amoko yose bizazigora kubona ibyo kurya n’amazi binywa kugira bibeho.

Urugero ruto,nk’amadubu (ours/bears) biba mu mpera (pole) z’isi ahakonja cyane, bizapfa bicike mu gihe amasimbi abitse amazi amadubu akenera cyane kugira ngo abeho azaba ashonga,kuko amadubu ubusanzwe akenera hagati ya litiro 150 na 300 z’amazi buri munsi kugira zibeho.Ntizizi izuba n’ubushyushye,zikundira ubukonje bwinshi cyane ari nayo mpamvu nta handi zibasha kuba.

Abahanga mu bya siyansi baburiye abategetsi b’isi ari nabo bafata imyanzuro ko nibura ubwoko 550 bw’inyamaswa bushobora kuzimangatana burundu muri iki kinyejana, kandi ibyo ni agateganyo gusa,kuko bavuga ko imibare iziyongera cyane niba nta gikozwe mu maguru mashya.

Ingaruka zizagera ku isi hose,mu buryo butandukanye

Ihindagurika ry’ibihe rigira ingaruka zitandukanye mu turere dutandukanye tw’isi. Hamwe hazaba hatwika cyane, ahandi ari imyuzure y’imvura nyinshi,amazi y’inyanja n’ibiyaga arengere ibice byinshi by’isi.

Niba ukwangirika kw’ikirere n’ibipimo by’ubushyuhe bitagumye munsi ya 1.5C:

  • Ubwongereza n’Uburayi nibyo bizagira ibyago birenze by’imyuzure kubera imvura irenze n’amazi y’inyanja abazamukane.
  • Ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati (Aziya cyane cyane mu bihugu by’abarabu) bizahangana n’ubushyuhe bwinshi cyane,imirima yabo ihinduke ubutayu
  • Ibihugu by’Ibirwa mu karere ka Pacific bishobora kumirwa kubera urugero rw’amazi aho inyanja zizabatwikira neza neza
  • Ibihugu byo muri Afrika hafi ya byose byo bizahura n’akaga k’izuba ryinshi,ibiribwa bibure cyane.
  • Muri Leta zunze Ubumwe za Amerika hazabayo byombi: Izuba ryinshi imirima ihinduke ubutayu mu gice cy’uburengerazuba, mu gihe ibindi bice bisigaye bizarengerwa n’imyuzure n’amazi y’inyanja n’imiyaga idasanzwe.
  • Australiya yo ishobora guhangana n’izuba ryinshi nka Afurika.
London floods
Iyi ni imihanda minini myiza yarengewe n’amazi kubera umwuzure i Londres muri uyu mwaka wa 2021

None se,abategetsi bahugiye mu biki?

Ibihugu byose bizi kano kaga kandi byemera ko guhangana n’ihindagurika ry’ikirere bishoboka gusa ari uko ibihugu bishyize hamwe , mu masezerano mboneka rimwe yabereye i Paris mu 2015 , bikaba byari yariyemeje gukomeza kwigora bagakora iyi bwabaga ubushyuhe bw’isi ntiburenze 1.5C.

Ubwongereza nibwo bwakiriye uyu mwaka inama y’abategetsi b’isi ,yiswe COP26, muei uku kwezi kwa 11/2021, aho ibihugu byatanze raporo y’imigambi yabyo yo kugabanya ibyuka bihumanya ikirere bigakorwa vuba kugera muri 2030 umwaka ntarengwa wo gukemura iki kibazo.

Ibihugu byinshi byemeye ndetse kugabanya iyo myuka yose burundu ku buryo muri 2050 icyo kizaba kitakiri ikibazo, ibisigaye ni ukureba niba koko bizakorwa kuko bahora babeshyana uko bicaranye.

Abahanga bo bavuga ko ibyo bishoboka ari uko gusa Abategetsi bose, ibigo by’imirimo itandukanye ndetse n’abantu ku giti cyabo biyemeje guhinduka.

Wowe ku giti cyawe urasabwa iki?

Ibikomeye cyane ni ibisabwa Leta z’ibihugu hamwe n’ibigo by’imirimo itandukanye cyane cyane inganda, ariko abahanga mu bya siyansi bavuga ko wowe na njye hari ibyo twakora n’ubwo ari bito bito mu buzima bwacu bigatuma habaho kugabanya ibyuka bihumanya ikirere cyacu,bimwe mu byo usabwa ni ibi:

  • Gabanya ingendo z’indege
  • Irinde imodoka cyangwa ukoreshe imodoka zitanywa lisansi na mazutu,za zindi zisharijwa ku mashanyarazi
  • Gura ibintu bikoresha umuriro muke,nk’imashini zo gufura mu gihe ugiye kugura inshya
  • Niba washyushyaga mu nzu n’ibyuma bya chauffages,reka ibikoresha gaz,ubisimbuze ibikoresha amashanyarazi
  • Kingira inzu yawe imbeho n’ubushyuhe bwinshi ukoresha uburyo bwabigenewe

57 thoughts on “Imyuka ihumanya ikirere,akaga karatwugarije. Ni iki usabwa?Turabigusobanurira.

  1. 966448 791908You would endure heaps of different advised organized excursions with various chauffeur driven car experts. Some sort of cope previous attributes and a normally requires a to obtain travel within expense centre, and even checking out the upstate New York. ??????? 517188

  2. 440573 296309Das beste Webdesign Berlin erhalten Sie bei uns, genauso wie professionelles Webdesign. Denn wir sind die Webdesign Agentur mit pfiff. 479789

  3. 104741 510165Fantastic web site, determined several something entirely new! Subscribed RSS for later, aspire to see more updates exactly like it. 930950

  4. I am not sure where you are getting your info,
    but good topic. I needs to spend some time learning
    more or understanding more. Thanks for wonderful information I was looking for this info for my mission.

  5. I’m extremely inspired together with your writing abilities as well as
    with the format to your weblog. Is that this a paid
    theme or did you customize it your self? Either way keep up the nice quality
    writing, it’s uncommon to look a nice blog like this one these days..

  6. I have been browsing online more than 2 hours today, yet
    I never found any interesting article like yours. It’s pretty worth enough for me.
    In my opinion, if all website owners and bloggers made good
    content as you did, the net will be a lot more useful than ever before.

  7. We are a group of volunteers and opening a new scheme in our community.
    Your web site offered us with valuable information to work on. You’ve done an impressive job and our entire community will be thankful to you.

  8. I don’t even know how I ended up here, but I thought this
    post was great. I do not know who you are but certainly you’re going to a famous blogger if you aren’t
    already 😉 Cheers!

  9. This is a good tip especially to those fresh to the blogosphere.

    Short but very precise info… Thank you for sharing this one.
    A must read article!

  10. Pretty nice post. I simply stumbled upon your weblog and wished to mention that I’ve really enjoyed browsing your blog posts.
    In any case I will be subscribing for your rss feed and I’m hoping you write again soon!

  11. I am curious to find out what blog platform you happen to be utilizing?
    I’m having some minor security problems with my latest blog and I would
    like to find something more risk-free. Do you
    have any recommendations?

  12. Good day very cool blog!! Man .. Beautiful .. Superb ..
    I will bookmark your website and take the feeds additionally?

    I’m satisfied to find numerous useful info right here within the submit,
    we’d like develop extra strategies in this regard, thanks
    for sharing. . . . . .

  13. 307823 726625Im glad I found your article. I would never have created sense of this topic on my own. Ive read a few other articles on this subject, but I was confused until I read yours. 18973

  14. 709068 627595Come across back yard garden unusual periods of ones Are typically Weight reduction and every 1 one could be essential. One way state could possibly be substantial squandering by means of the diet. shed weight 817260

  15. 381488 677050For anybody who is interested in enviromentally friendly issues, might possibly surprise for you the crooks to maintain in mind that and earn under a holder just because kind dissolved acquire various liters to important oil to make. daily deal livingsocial discount baltimore washington 993187

  16. My programmer is trying to persuade me to move to .net from PHP.
    I have always disliked the idea because of
    the expenses. But he’s tryiong none the less. I’ve been using Movable-type on numerous websites for about a year and am concerned about switching to another platform.
    I have heard fantastic things about blogengine.net. Is there
    a way I can transfer all my wordpress content into it?
    Any kind of help would be greatly appreciated!

  17. A person necessarily help to make significantly posts I
    might state. That is the very first time I frequented your
    web page and to this point? I amazed with the research you made to
    create this actual put up incredible. Excellent process!

  18. 100061 823090I adore the appear of your internet site. I recently built mine and I was looking for some style suggestions and you gave me some. Might I ask you whether you developed the web site by youself? 375184

  19. 715624 932863Amazing beat ! I would like to apprentice whilst you amend your web web site, how can i subscribe for a blog web site? The account helped me a applicable deal. I had been tiny bit acquainted of this your broadcast provided shiny transparent idea. 80353

  20. 239919 16438Locate out these pointers read on and learn to know how to submit an application performing this that you policy your corporation today. alertpay 295460

  21. 320334 290586Exceptional post even so , I was wanting to know if you could write a litte far more on this topic? Id be quite thankful in case you could elaborate a bit bit much more. Thanks! 695398

  22. My partner and I stumbled over here different web address and thought I might as well
    check things out. I like what I see so now i am following you.
    Look forward to finding out about your web page again.

  23. I know this if off topic but I’m looking into starting my
    own blog and was wondering what all is needed to get setup?
    I’m assuming having a blog like yours would cost a pretty
    penny? I’m not very internet smart so I’m not 100% positive.
    Any suggestions or advice would be greatly appreciated.
    Kudos

  24. Hi! I know this is kinda off topic however I’d figured I’d ask.
    Would you be interested in trading links or maybe guest authoring a blog post or vice-versa?
    My website discusses a lot of the same subjects as yours and
    I believe we could greatly benefit from
    each other. If you happen to be interested
    feel free to shoot me an email. I look forward to hearing
    from you! Fantastic blog by the way!

  25. I’m impressed, I must say. Rarely do I come across
    a blog that’s equally educative and engaging, and
    without a doubt, you have hit the nail on the head.

    The issue is something too few people are speaking intelligently about.
    I am very happy I found this during my hunt for something relating to this.

  26. Hi there! I know this is kind of off topic but I was wondering which blog platform are you using for this website?
    I’m getting fed up of WordPress because I’ve had problems with hackers and I’m looking at
    alternatives for another platform. I would be awesome if you could point me in the
    direction of a good platform.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *