“Igiciro ntarengwa ku bitoro by’Uburusiya kizashegesha Putin ako kanya” – Leta zunzeubumwe za Amerika.

Ange Eric Hatangimana

Yannick Izabayo

Amerika yavuze ko igiciro ntarengwa gishya ku bitoro by’Uburusiya kizagabanya amafaranga y’inyungu bukoresha ku “ntambara inyuranyije n’amategeko muri Ukraine”.

Minisitiri w’imari w’Amerika Janet Yellen yavuze ko icyo giciro ntarengwa – cyemejwe ku mugaragaro ku wa gatanu n’ibihugu by’inshuti zayo zo mu burengerazuba – kigezweho nyuma y’amezi yari ashize y’akazi gakomeye.

Iki giciro ntarengwa kibuza ibihugu kuriha amadolari y’Amerika arenze 60 (63,000Frw) ku ngunguru imwe y’ibitoro bidatunganyije by’Uburusiya byoherezwa mu mahanga binyujjwe mu nyanja.

Iyi ngamba – yitezwe gutangira gukurikizwa ku wa mbere – yongereye igututu cy’uburengerazuba (Uburayi n’Amerika) ku Burusiya kubera igitero cyabwo kuri Ukraine.

Ukraine yavuze ko igiciro cyashyizweho n’uburengerazuba gikwiye kubanywamo kabiri. Uburusiya bwavuze ko butazohereza ibitoro mu bihugu bizagishyira mu bikorwa.

Icyo giciro cyatanzweho igitekerezo mu kwezi kwa cyenda n’ibihugu byo mu itsinda ry’ibihugu bikize rya G7, ari byo Amerika, Canada, Ubwongereza, Ubufaransa, Ubudage, Ubutaliyani, Ubuyapani n’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU/UE), mu rwego rwo gushegesha ubushobozi bw’Uburusiya bwo kubona amafaranga bukoresha mu ntambara muri Ukraine.

Itangazo rihuriweho n’ibihugu bya G7, EU na Australia, ryavuze ko icyo cyemezo cyafashwe mu “kubuza Uburusiya kungukira mu ntambara yabwo y’ubushotoranyi kuri Ukraine”.

Minisitiri Yellen yavuze ko ibihugu bifite ubukungu buri ku kigero cyo hasi n’uburi ku kigero cyo hagati na hagati byagizweho ingaruka zikomeye n’ibiciro biri hejuru by’ingufu z’amashanyarazi n’ibiciro biri hejuru by’ibiribwa, bizungukira by’umwihariko muri iki giciro ntarengwa cy’ibitoro.

Yavuze ko kizanarushaho kuba imbogamizi ku mari ya Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin no “kugabanya inyungu arimo gukoresha mu gutera inkunga igitero cye cy’ubugome”.

Yanavuze ko ari na ko icyo giciro kizarinda ko habaho ihungabana ku bitoro bikoreshwa ku isi, ryatuma ibiciro bya lisansi (essence) bitumbagira ku isi.

Mu itangazo yasohoye, yagize ati:

“Mu gihe ubukungu bw’Uburusiya busanzwe burimo kugabanuka ndetse ingengo y’imari yabwo [y’Uburusiya] ikaba irushaho kugabanuka, igiciro ntarengwa kizagabanya ako kanya isoko y’ingenzi cyane izanira Putin inyungu”.

Aya masezerano ku giciro ntarengwa agezweho habura iminsi ngo hatangire gushyirwa mu bikorwa ikindi cyemezo cyo ku rwego rwa EU kibuza gutumiza ibitoro bidatunganyije by’Uburusiya binyuze mu nzira y’inyanja, na cyo kizatangira gukurikizwa ku itariki ya 5 y’uku kwezi kwa cumi na kabiri.

Iki giciro ntarengwa – cyitezweho kugira ingaruka ku bitoro byoherezwa mu mahanga ku rwego rw’isi – cyitezweho kunganira icyo cyemezo cyo ku rwego rwa EU.

Ibihugu bikurikiza iyo ngamba ya G7 bizemererwa gusa kugura ibitoro na lisansi bitwawe binyujijwe mu nyanja bigurishwa ku giciro kingana cyangwa kiri munsi y’icyo giciro ntarengwa.

Umunyapolitiki wo mu Burusiya Leonid Slutsky yabwiye ibiro ntaramakuru TASS bya leta y’Uburusiya ko mu gushyiraho icyo giciro ntarengwa, EU irimo kubangamira kwihaza ku ngufu kwayo bwite.

Nubwo izi ngamba bizakora ku Burusiya, ingaruka zazo zizoroshywa ku ruhande rumwe na gahunda yabwo yo kugurisha ibitoro byabwo mu yandi masoko nko mu Buhinde no mu Bushinwa – ibi bihugu kugeza ubu bikaba ari byo, ubaze igihugu kimwe kimwe ukwacyo, bigura ibitoro byinshi bidatunganyije by’Uburusiya.

Mbere y’intambara, mu mwaka wa 2021, ikigero kirenga kimwe cya kabiri (1/2) cy’ibitoro Uburusiya bwohereza mu mahanga byajyaga i Burayi, nkuko bitangazwa n’ikigo mpuzamahanga cy’ingufu, ‘International Energy Agency’.

Ubudage ni bwo bwatumizaga ibitoro byinshi mu Burusiya, bugakurikirwa n’Ubuholandi na Pologne (Poland).

Ariko kuva intambara yatangira mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, ibihugu byo muri EU bimaze igihe bigerageza kugabanya gucungira ku bitoro by’Uburusiya.

Amerika isanzwe yaramaze kureka gukoresha ibitoro bidatunganyije by’Uburusiya, mu gihe Ubwongereza buteganya kuba bwamaze kureka kubikoresha bitarenze mu mpera y’uyu mwaka.

Inkuru dukesha bbc gahuza

97 thoughts on ““Igiciro ntarengwa ku bitoro by’Uburusiya kizashegesha Putin ako kanya” – Leta zunzeubumwe za Amerika.

  1. I’d have to examine with you here. Which is not one thing I usually do! I take pleasure in reading a post that may make folks think. Additionally, thanks for permitting me to comment!

  2. I would like to thnkx for the efforts you’ve put in writing this website. I am hoping the same high-grade website post from you in the upcoming also. In fact your creative writing abilities has encouraged me to get my own site now. Really the blogging is spreading its wings quickly. Your write up is a good example of it.

  3. Great ?V I should definitely pronounce, impressed with your site. I had no trouble navigating through all the tabs and related information ended up being truly simple to do to access. I recently found what I hoped for before you know it in the least. Reasonably unusual. Is likely to appreciate it for those who add forums or anything, website theme . a tones way for your client to communicate. Nice task..

  4. Can I just say what a relief to search out someone who actually knows what theyre talking about on the internet. You definitely know methods to deliver a problem to light and make it important. Extra folks need to read this and perceive this facet of the story. I cant consider youre not more standard since you definitely have the gift.

  5. That is very fascinating, You’re an overly professional blogger. I’ve joined your feed and stay up for seeking extra of your excellent post. Also, I have shared your website in my social networks!

  6. Greetings from Carolina! I’m bored to tears at work so I decided to check out your blog on my iphone during lunch break. I enjoy the info you provide here and can’t wait to take a look when I get home. I’m amazed at how fast your blog loaded on my phone .. I’m not even using WIFI, just 3G .. Anyhow, amazing site!

  7. Hi my family member! I want to say that this article is awesome, nice written and include almost all vital infos. I would like to look more posts like this .

  8. Hello, Neat post. There is an issue with your web site in web
    explorer, could check this? IE nonetheless is the marketplace leader and a big component to people will pass over your excellent writing because of
    this problem.

  9. Hi are using WordPress for your blog platform? I’m new to the blog world but I’m trying to get started and create my own. Do you require any coding knowledge to make your own blog? Any help would be really appreciated!

  10. It’s the best time to make some plans for the future and it is time to be happy. I’ve read this post and if I could I want to suggest you some interesting things or tips. Perhaps you could write next articles referring to this article. I desire to read even more things about it!

  11. You made a number of fine points there. I did a search on the theme and found most persons will have the same opinion with your blog.

  12. Admiring the commitment you put into your site and detailed information you offer. It’s awesome to come across a blog every once in a while that isn’t the same out of date rehashed information. Wonderful read! I’ve bookmarked your site and I’m adding your RSS feeds to my Google account.

  13. Thanks for ones marvelous posting! I definitely enjoyed reading it, you will be a great author.I will be sure to bookmark your blog and definitely will come back very soon. I want to encourage you to continue your great posts, have a nice day!

  14. obviously like your web-site but you need to check the spelling on quite a few of your posts. Many of them are rife with spelling problems and I find it very bothersome to tell the truth nevertheless I’ll surely come back again.

  15. I discovered your blog site on google and check a few of your early posts. Continue to keep up the very good operate. I just additional up your RSS feed to my MSN News Reader. Seeking forward to reading more from you later on!…

  16. Great blog right here! Additionally your website so much up fast! What web host are you the usage of? Can I get your associate link in your host? I desire my web site loaded up as quickly as yours lol

  17. I think this internet site contains some really excellent info for everyone :D. “Nothing great was ever achieved without enthusiasm.” by Ralph Waldo Emerson.

  18. We stumbled over here different web page and thought I might as well check things out. I like what I see so now i am following you. Look forward to finding out about your web page repeatedly.

  19. It’s really a cool and useful piece of info. I am satisfied that you simply shared this useful information with us. Please stay us up to date like this. Thank you for sharing.

  20. You have mentioned very interesting details! ps decent internet site. “Do not quench your inspiration and your inmagination do not become the slave of your model.” by Vincent Van Gogh.

  21. Hello there! I could have sworn I’ve been to this blog before but after browsing through some of the post I realized it’s new to me. Anyhow, I’m definitely glad I found it and I’ll be bookmarking and checking back often!

  22. F*ckin’ awesome things here. I am very glad to see your article. Thanks a lot and i am looking forward to contact you. Will you please drop me a e-mail?

  23. Greetings! I’ve been reading your blog for some time now and finally got the bravery to go ahead and give you a shout out from Atascocita Texas! Just wanted to say keep up the great work!

  24. Wow that was unusual. I just wrote an incredibly long comment but after I clicked submit my comment didn’t show up. Grrrr… well I’m not writing all that over again. Anyways, just wanted to say wonderful blog!

  25. Usually I don’t learn article on blogs, however I wish to say that this write-up very compelled me to try and do it! Your writing taste has been surprised me. Thanks, very great article.

  26. I am not certain the place you are getting your info, but great topic. I must spend a while learning more or working out more. Thank you for excellent information I used to be on the lookout for this info for my mission.

  27. You really make it appear really easy with your presentation but I in finding this matter to be really one thing that I feel I would by no means understand. It seems too complex and extremely broad for me. I am taking a look forward to your next submit, I will attempt to get the dangle of it!

  28. I do agree with all the ideas you have presented in your post. They’re very convincing and will certainly work. Still, the posts are very short for newbies. Could you please extend them a little from next time? Thanks for the post.

  29. I believe this site contains some real wonderful information for everyone :D. “I like work it fascinates me. I can sit and look at it for hours.” by Jerome K. Jerome.

  30. I do agree with all the ideas you have presented in your post. They are very convincing and will definitely work. Still, the posts are very short for starters. Could you please extend them a bit from next time? Thanks for the post.

  31. Hi my friend! I want to say that this article is awesome, great written and come with almost all vital infos. I?¦d like to look more posts like this .

  32. Does your website have a contact page? I’m having a tough time locating it but, I’d like to send you an e-mail. I’ve got some recommendations for your blog you might be interested in hearing. Either way, great website and I look forward to seeing it improve over time.

  33. A lot of thanks for your whole work on this website. Debby really likes carrying out investigations and it is easy to understand why. I notice all relating to the compelling mode you offer practical steps through your web site and as well encourage participation from the others about this concept and our favorite girl is without question understanding a whole lot. Take advantage of the rest of the new year. You have been conducting a dazzling job.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *