Burundi: Niyonsaba Francine yakiwe nka “Mesiya” ubwo yagarukaga mu gihugu amaze kwesa imihigo no gutwara ibikombe binyuranye.

Niyonsaba Francine uherutse guca agahigo ko kuba umuntu wiruka kurusha abandi muri metero 2000 ku isi,…

Paul Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25.Amahanga yabyamaganiye kure.

Ububiligi,Leta zunze ubumwe za Amerika,Umuryango w’Ibihugu by’uBurayi,Amnesty International ndetse n’abantu bamwe na bamwe ku giti cyabo…

U Rwanda rwafatiwe mu cyuho,none rwasezerere muri Shampiyona Nyafurika kubera gukinisha Abanya-Brésil yabise abanya-Rwanda.

Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umukino wa Volleyball (FIVB) ryasabiye Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abagore gusezererwa muri Shampiyona Nyafurika…

Indaya Eunice Osayande yishwe mu 2018 mu Bubiligi igiye kwitirirwa umuhanda i Buruseli.

Igisagara ca Bruxelles kivuga ko kigiye kwitirira ibarabara rishasha indaya y’umunya Nigeria aherutse kugandagurwa, nka kimwe…

Abdelaziz Bouteflika yapfuye ageze ku myaka 84

Abdelaziz Bouteflika wahoze ari Perezida wa Algeria yapfuye afite imyaka 84 nyuma y’uburwayi bw’igihe kirekire. Bouteflika…

Perezida w’u Burundi yashimiye Niyonsaba wabaye uwa Mbere mu birutse 2000m mu mwanya muto ku Isi

Umunonotsi w’Umurundikazi Francine Niyonsaba yaraye abaye uwa mbere mw’ihiganwa ryitiriwe, Continental Tour Gold, rihuriramwo abanonotsi b’ivyamamare…

U Rwanda ruzateza Cyamunara Hoteli yo kwa Rwigara mu Kiyovu

Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda rwatesheje agaciro ikirego cy’uruganda rwa Nyakwigendera Assinapol Rwigara cyasabaga gutambamira cyamunara ya…

U Rwanda nta biganiro rugishaka na Uganda,ya masezerano yaheze mu mpapuro.

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko muri iki gihe nta biganiro u Rwanda…

Hashize imyaka 20 bibaye: Uko igitero cy’ibyihebe i New York cyagenze kuwa 11 Nzeri 2001

Mu gitondo cyo mu mpeshyi imwe mu myaka 20 ishize, isi yarahindutse. Hari tariki 11/09 mu…

Dr Denis Mukwege ntazaruhuka hatagiyeho urukiko nk’urwa Arusha ruzaburanisha abamaze imyaka 25bica abakongomani

Muganga Docteur Denis Mukwege wo muri Republika ya Demokrasi ya Kongo yongeye gusaba ko hashingwa urukiko…